Tags : MIGEPROF

Umunsi w’abagore usanze ubukene mu ngo ziyobowe n’abagore ari 24%

Mu gihe isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro tarikiki ya 15 Ukwakira, mu Rwanda uyu munsi uzizihizwa ku wa gatandatu tariki 17 Ukwakira ku nshuro ya munani, Inama y’igihugu y’Abagore (CNF) iratangaza ko umugore amaze kugera ku ntera ishimishije yikura mu bukene. Umulisa Henriette umunyabanga uhoraho muri Minisiteri y’Umuryango n’Uburinganire avuga ko […]Irambuye

Muhanga: Abanyeshuri 28 birukanywe bazize kwigaragambya

Abanyeshuri 28 bo mu ishuri ryisumbuye Sainte Marie Reine birukanywe n’Ubuyobozi bw’ikigo bazira imyigaragambyo irimo kumena ibirahuri, n’inzugi by’ikigo. Mu kiganiro Umuyobozi w’ishuri ryisumbuye rya Collège Sainte Marie Reine, Padiri Nshimyumuremyi Evariste, yagiranye n’Umuseke yatangaje ko ibi ibikorwa by’urugomo aba banyeshuri bose bigaga mu mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, batangiye kubijyamo guhera kuri uyu wa […]Irambuye

Itegeko ry’izungura, umutungo udafite uwuzungura uzafatwa na Leta

Bamwe mu basenateri bagaragaje impungenge bafite ku ngingo ya 76 ivuga Izungura ridafite nyiraryo igaragara mu itegeko rigenga imicungire y’umutungo w’abashyingiranywe, impano zitanzwe mu rwego rw’umuryango n’izungura, ivuga ko Izungura ridafite nyiraryo ryegurirwa Leta. Iyi ni ingingo yagarutsweho kuri uyu wa gatatu tariki 02 Nzeri, ubwo Komisiyo y’Imibereho myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’Abaturage […]Irambuye

Kigali: Abakobwa bakora mu tubari baramagana ababita indaya

Abakobwa bakora mu tubari hirya no hino mu Mujyi wa Kigali barinubira ko hari ababita indaya babikuye ku kazi bakora nyamara, ariko bo bakavuga ko ntaho gahuriye n’uburaya bitirirwa bagasaba Leta kugira icyo ikora ku bantu babitirira icyo batari cyo. Ninah w’imyaka 21 ni umwe mubakobwa bakora akazi ko mu kabari mu mugi wa Kigali aganira […]Irambuye

Inama ku bangavu: ‘OYA’ ntihagije nibavuge kandi bamagane ababashuka

Byagarutsweho mu butumwa bwagejejwe ku Bangavu n’Ingimbi biga mu ishuri rya G.S Kabuga Catholique, aho kuri uyu wa 09 Kamena abayobozi n’abarezi babaganirije babasabye kwihagararaho bakamenya guhakanira abagamije  kubashora mu busambanyi ndetse bakanabagaragaza kugira ngo bamaganwe. Ni mu bikorwa by’Ubukangurambaga bigamije kurwanya guterwa inda zitateguwe ku bangavu byateguwe ku bufatanye bwa Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango; […]Irambuye

Ubutumwa ku bakobwa: gutwara inda ni ibyishimo by’iminota 5 uzicuza ubuzima

Bikubiye mu butumwa uwaje ahagarariye Imbuto Foundation yagejeje ku rubyiruko rwiga mu ishuri “G.S Kimironko I” mu bikorwa by’Ubukangurambaga bigamije kurwanya inda zitateguwe ku bangavu aho kuri uyu wa 18 Kamena yavuze ko nta mwari w’u Rwanda ukwiye kugira irari ry’akanya gato kandi bishobora kumuviramo ingaruka z’ubuzima bwe bwose mu gihe igihugu cy’u Rwanda kimukeneyeho […]Irambuye

Musanze: Abagore barashima umusaruro bahabwa n’amakoperative 

Abagore bo mu murenge wa Muko mu karere ka Musanze bavuga ko amakoperative y’ubworozi, ubuhinzi, ububoshyi ndetse n’ubucuruzi amaze kubafasha gutera imbere, bagashishikariza n’abandi gukorera hamwe.  Ibi babitangaje ubwo hasuzumwaga aho ibikorwa by’umushinga FVA wa Actionaid bigamije guteza imbere abagore bigeze bihindura ubuzima bw’abagenerwabikorwa, hari kuri uyu wa mbere tariki 9 Kamena 2015. Abagore bavuga […]Irambuye

Mu itegeko ry’umuryango rishya umugore yarega asaba kwihakana umwana

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Gicurasi, Abasenateri bagize Komisiyo ishinzwe imibereho myiza, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage yasuzumye itegeko rishya ry’umuryango no kurinononsora basanga hari ingingo zikomeye zirengagijwe. Uyu mushinga w’itegeko rigenga umuryango, ni ivugurwa ry’itegeko ryariho ryashyizweho mu 1988. Komisiyo ishinzwe imibereho y’abaturage mu Nteko Nshingamategeko, umutwe w’abadepite bari barisuzumye mbere y’uko […]Irambuye

en_USEnglish