Tags : MIDIMAR

Azam Saber asezera ati “U Rwanda ni igisubizo cy’impunzi muri

*Ati “Nabonye imiyoborere myiza,…nta munyarwanda ukwiye kuba impunzi hanze” *Ngo azakumbura Abanyarwanda ariko azajya aruzamo kenshi aje mu bukerarugendo. Azam Saber wari umaze imyaka itatu ayoboye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi mu Rwanda, (UNHCR-Rwanda) avuga ko muri iyi myaka ahamaze yabonye iki gihugu gifite umwihariko mu gushaka ibisubizo by’ibibazo by’impunzi zigihungiyemo, akavuga ko ari […]Irambuye

Mahama: Abagore mu nkambi y’Impunzi z’Abarundi ntibazongera kubyarira muri shitingi

Mu nkambi y’impunzi z’Abarundi ya Mahama, mu karere ka Kirehe hatashywe ku inyubako zigezweho zizatangirwamo serivise z’ubuzima zitandukanye, igikorwa cyabaye kuri uyu wa kane tariki 26 Mutarama. Hatashywe Ikigo Nderabuzima n’ikigo cyita ku babyeyi (Maternity) n’ikigo cyakwifashishwa mu gihe haba habaye ikibazo cy’indwara y’icyorezo yandura. Impunzi zasabwe no kugerageza kwirinda indwara no kugana ibyo bigo […]Irambuye

2016 ibiza byangije miliyari 175$ ku isi, mu Rwanda bizatangazwa

Imitingito yo mu Buyapani, imiyaga y’inkubiri muri Amerika na za Haiti, imyuzure mu Bushinwa, n’imvura n’izuba byangije byinshi mu bihugu binyuranye bya Africa harimo n’u Rwanda ngo byangije ibintu bifite agaciro ka miliyari 175 z’amadorari ya USA nk’uko byatangajwe n’ikigo cy’ubwishingizi cyo mu Budage. Ibiza byabayeho ahanini byatewe n’imihindagurikire y’ikirere yateye gushyuha kw’umubumbe w’isi ibintu […]Irambuye

Imfungwa 171 zo muri Gereza ya 1930 zakozweho n’inkongi bahawe

Kuri uyu wa kabiri muri Gereza Nkuru ya Nyarugenge izwi ku izina rya 1930 Minisiteri y’Ibiza n’Impunzi yahaye ibikoresho by’ibanze imfungwa zahuye n’ikibazo cy’inkongi y’umuriro bagera kuri 171. Masumbuko Idrissa Gitifu w’umurenge wa Nyarugenge muri Gereza ya Kigali 1930, yavuze ko ngo bishimiye cyane  kuba babafashije kuri ibyo bikoresho dore ko umuriro wari watwitse ibintu […]Irambuye

Rusizi : Abakorera mu nyubako y’isoko rishya bahangayikiye umutekano wabo

Inyubako enye zatanzweho amafaranga menshi ngo zishobora guhagwarikwa gukorerwamo cyangwa zigasenywa burundu nyuma yo kwangizwa bikomeye n’umutingito uherutse kwibasira akarere ka Rusizi mu mezi atatu ashize, mu igenzurwa ryakozwe n’Ikigo gishinzwe imyubakire na Minisiteri y’Imicungire y’Ibiza n’Impunzi, basanze zimwe mu nzu zarubatse nabi izindi ngo zarasondetswe mu kuzisana.   Abubatse izi nzu bashinjwa uburangare no […]Irambuye

UNHCR-Rwanda yizeye ko muri 2017 impunzi z’Abanyarwanda ibihumbi 30 bazataha

*Ngo ibyo muri DRC bishobora gutuma hari Abanyarwanda benshi bataha, *MIDIMAR ngo nta faranga ishobora kuzasohora k’urebwa na ‘Cessation Clause’ nyuma yayo. Kuva taliki ya 01 Mutarama 2018, nta munyarwanda wuhanze igihugu cye kuva mu 1959-1998 uzaba agifatwa nk’impunzi. Umuyobozi w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi mu Rwanda, Azam Saber avuga ko mu mwaka utaha […]Irambuye

Kamonyi: Imvura y’amahindu yangije Ha zisaga 100 z’ibihigwa

Mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Kayumbu mu kagari ka Muyange, imidugudu ya Kaje n’uwa Murambi haguye imvura y’amahindu nyinshi, yangiza imirima harimo ahateye urutoki n’ibishyimbo, ubuyobozi bw’akarere burabarura Ha 100 zisaga zaba zangiritse. Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Udahemuka Aimable yabwiye Umuseke ko mu masaha ya saa 13h kugeza saa 14h30 kuri uyu wa […]Irambuye

Ngororero: Imiryaango 21 000 ituye mu manegeka…Hari kubakirwa 2 000

*Muri aka karere, abaturage bavuga ko abadafite ubushobozi bwo kwiyimura ari bo benshi, *Minisitiri Mukantabana yasabye abaturage kwirinda ibiza mbere y’uko bibageraho, *Mu mezi 9 ashize, u Rwanda rumaze gutakaza abantu 166, na miliyari 27 kubera ibiza… Kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza, mu […]Irambuye

en_USEnglish