Tags : MIDIMAR

Abaganga bo mu Rwanda ntabwo bita ku bahungabanyijwe n’ibiza –

Kuri uyu wa mbere tariki 10 Ukwakira 2016, mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe, Minisiteri ishinzwe impunzi n’ibiza (MIDIMAR) yagaragaje impungenge ifite ko kugeza ubu abaganga b’ibitaro byo mu Rwanda batitabira kujya gufasha abantu bagize ikibazo cy’ihungabana ryatewe n’ibiza. Philipe Habinshuti, umukozi muri MIDIMAR ushinzwe gufasha abahuye n’ibiza no gusana […]Irambuye

Gisagara: Mu nkambi ya Mugombwa, Impunzi zirasaba kubakirwa isoko

Impunzi zo mu nkambi ya Mugombwa iherereye mu karere ka Gisagara mu murenge wa Mugombwa ziravuga ko kuba zitagira isoko, ari  kimwe mu bituma badatera imbere bigatuma bahora bahanze amaso ku mfashanyo, bakavuga ko bahawe isoko baribyaza umusaruro kuko hari abafite ubushake bwo gukora imishinga y’ubucuruzi. Abakorera ubucuruzi mu nkambi ya Mugombwa bavuga ko kuba […]Irambuye

Amb. Gasana Eugene yahagaritswe ku mirimo ye, Dr.Murigande ahabwa akazi

Inama y’Abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yafashe imyanzuro itandukanye harimo uwo guhagarika Gasana Richard Eugene wari Ambasaderi w’u Rwanda muri UN, ndetse iha imirimo mishya Amb. Dr Charles Murigande muri Kaminuza y’u Rwanda. Inama y’Abaminisitiri yemeje imibare fatizo (index value) ya 350 na 400 y’imishahara mu […]Irambuye

i Mahama: Mu cyumweru hashobora kubyarira abakobwa n’abagore 50 badafite

Inkambi y’impunzi z’Abarundi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe haravugwa ikibazo cy’ubwiyongera bw’abakobwa babyara n’abatwita inda z’indaro (zitateganyijwe). Iyi nkambi ya Mahama ibamo abasaga ibihumbi 50 biganjemo abagore n’abana n’urubyiruko, abayirimo baravuga ko hari ikibazo cy’uko abana bo bakomeje kwiyongera ku bwinshi, kuko ngo abangavu bayirimo babyara umusubirizo. Bavuga ko hari ubwo mu cyumweru […]Irambuye

Mahama: Impunzi z’Abarundi zicuruza zizahabwa Frw 120 000 nk’inyunganizi

*Impunzi 177 ni zo zizaherwaho buri umwe ahabwa 120 000 Rwf. Inkambi y’impunzi z’Abarundi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe, icumbikiye impunzi zigera ku bihumbi 45, bamwe bakora imirimo itandukanye ibyara inyungu, nk’ubucuruzi n’ubukorikori kugira ngo ijye ibunganira mu mibereho badateze amaso ku byo bahabwa n’imiryango ntera nkunga gusa, nibo bazaherwaho mu guhabwa inyunganizi […]Irambuye

Imvura yahitanye abantu 49, ikomeretsa 26 mu Turere twa Gakenke,

Minisiteri y’impunzi no guhangana n’ibiza yatangaje ko imvura yaguye kuwa gatandatu no kuri iki cyumweru yahitanye abantu 49, ikomeretsa 26, ndetse isenya ibikorwaremezo binyuranye mu Turere twa Gakenke, Ngororero, Rubavu na Muhanga; Ubutabazi ngo buracyakomeje kubarokotse. Akarere ka Gakenke niko kakozweho cyane n’iyi mvura ikaze, dore ko ubu habarurwa abantu bagera kuri 34 bo mu […]Irambuye

MIDMAR yasabye kongererwa ingengo y’imari mu myaka itatu iri imbere

*Impunzi zose zigiye kujya zihabwa amafaranga aho guhabwa ibiryo, *MIDMAR yavuze ko igenamigambi ry’ibiza ari ibya buri wese. Kuri uyu wa gatatu komisiyo y’abadepite ishinzwe igenamigambi yasuzumye imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari y’imyaka itatu ya Minisiteri y’Imicungire y’Ibiza n’Impunzi (MIDMAR). Iyi Minisiteri yasabye kongererwa ingengo y’imari kuko abafatanyabikorwa bagabanyije imbaraga kandi ngo u Rwanda rushobora kuzakira Abanyarwanda […]Irambuye

Hari ubwo tuvuga ko nta batuye mu manegeka bakiriho, bakaboneka

*Imvura yaguye mu ijoro ryo kuwa 02 Mata yahitanye abantu 13; *Ingaruka zayo ziraruta kure izagaragaye mu mezi atatu yabanje; *Kubaka mu kajagari, ruhurura nke, n’ibikorwa remezo bishaje biri mu biteza ibibazo; *Ngo hari amakuru atari yo ku batuye mu manegeka atangazwa, nyuma bakagaragara bahitanywe n’ibiza. Mu ijoro rya tariki ya 02 Mata rishyira iya […]Irambuye

en_USEnglish