Tags : MIDIMAR

Harasuzumwa ubushobozi bw’u Rwanda mu kwakira impunzi zije ari nyinshi

Mu rwego rwo gusuzumira hamwe ubushobozi bw’igihugu mu kwakira impunzi zibaye nyinshi, kuri uyu wa 14 Mutarama 2015 mu ishuri rikuru rya polisi mu karere ka Musanze hatangijwe umwitozo wiswe ‘Twitegurire hamwe’ witabiriwe na Minisiteri y’impunzi n’ibiza(MIDIMAR), Umuryango mpuza mahanga wita ku mpunzi(UNHCR),polisi ndetse n’abafatanyabikorwa mu kwita ku mpunzi batandukanye. Uyu mwitozo urimo ukorwa kuva […]Irambuye

Umwaka wa 2013 ibiza byangije imitungo ya Miliyari 50 –

Mu nama mpuzamahanga nyungurana bitekerezo yateguwe n’Ishuri rikuru ry’Abalayiki b’Abadivantisiti rya Kigali (INILAK) kuri uyu wa kabiri tariki 29 Nyakanga, Minisiteri ishinzwe impunzi no kurwanya Ibiza (MIDIMAR) yasabye uruhare rwa buri munyarwanda mu kurwanya ibiza kuko bikabije kwangiriza Abanyarwanda, mu mwaka ushize wa 2013 wonyine ngo ibiza byangije imitungo ifite agaciro ka Miliyari zisaga 50. […]Irambuye

MININTER, MIDIMAR, EWSA na Police basobanuye iby’izi nkongi

Kuri iki cyumweru tariki 20 Nyakanga, ikiganiro cyatanzwe n’inzego za Leta zirimo Ministeri y’umutekano mu gihugu, Polisi y’igihugu, Ministeri ifite imicuringire y’ibiza mu nshingano basobanuye ko inkongi zimaze iminsi ziba ahatandukanye 60% byazo ziterwa n’umuriro w’amashanyarazi. Iki kiganiro kikirangira hahise humvikana inkongi y’umuriro mu gishanga cy’inganda i Gikondo. Ministre w’umutekano mu gihugu Sheikh Musa Fazil […]Irambuye

Police, MININFRA, EWSA bashyizeho itsinda ryo guperereza ku nkongi

Nyuma y’inkongi z’umuriro zikomeje kwibasira inyubako zitandukanye mu mujyi wa Kigali ndetse no mu karere ka Rubavu aho yibasiye Gereza y’aka karere, itsinda ry’ibigo na minisiteri birebana n’iki kibazo ni ukuvuga Polisi y’u Rwanda, ikigo gishinzwe ingufu, amazi n’isukura ( EWSA), ikigo gishinzwe imyubakire n’imiturire ndetse na Minisiteri y’ibikorwa Remezo ( MININFRA), rirajwe inshinga no […]Irambuye

Umunsi mpuzamahanga w’impunzi usanze ku Rwanda byifashe bite?

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Kamena 2014 ni umunsi mpuzamahanga w’impunzi kuva hajyaho icyemezo cyo gukuraho ubuhunzi hamaze gutaha abanyarwanda basaga ibihumbi bitanu naho abagera ku bihumbi 70 baracyari i mahanga, abanyekongo bagera ku bihumbi 73 bari bari mu Rwanda nk’impunzi. Kuri uyu wa 19 Kamena Minisitiri Mukantabana yabwiye abanyamakuru uko ibibazo by’impunzi […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish