Tags : Kigali

U Rwanda rwaguze utumodoka duto two kuzimya inkongi

Inkongi z’umuriro za hato na hato zikomeje kuyogoza mu gihugu, mu myaka ibiri ishize inkongi zisa n’ishaka kuba icyorezo, ibimeze kwangirika ni byinshi abamaze kuhasiga ubuzima ubu barenga barindwi muri icyo gihe. Ministre w’umutekano mu gihugu yatangaje ko Leta iri gukora ibishoboka. Umuriro watwitse inzu y’urubyiniro, utwika amashuri ya Byimana inshuro zirenze imwe, utwika amaduka […]Irambuye

Iduka ryafashwe n'inkongi y'umuriro mu mujyi wa Kigali

Hafi saa cyenda z’amanywa kuri uyu wa 09 Nyakanga umuriro bitaramenyekana neza icyawuteye wibasiye amaduka ari muri Quartier Matheus mu mujyi wa Kigali. Ni ku muhanda uri munsi y’umusigiti mukuru uri rwagati mu mujyi wa Kigali. Inzu yahiye iriho ‘Brand’ nini ya KIWI ariko isanzwe icurizwamo ibintu byinshi bitandukanye harimo n’ibiranguzwa byinshi mu mazu y’inyuma […]Irambuye

Ibicuruzwa byinshi bya ‘pirate’ byafashwe na Polisi i Kigali

Nido irimo ibarizo (umurama) ku bihumbi cumi na bibiri,Televisiyo za Sharp 15, Imipira ya Nike na Lacoste,ibirungo bya Rayco ndetse na za Cartouche za HP zirenga 500 by’ibyiganano nibyo byafashwe mu mukwabu na Polisi kuri uyu wa 17 Kamena mu mujyi wa Kigali ku bufatanye na Polisi mpuzamahanga muri gahunda bise ‘Wipe- Out’ igamije kurwanya […]Irambuye

Isaranganywa ry’amazi mu Mujyi wa Kigali

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gitanga kandi kigakwirakwiza amazi n’amashanyarazi EWSA buramenyesha abafatabuguzi bacyo batuye cyangwa bakorera mu Mujyi wa Kigali ko muri iyi mpeshyi amazi azasaranganywa mu duce dutandukanye mu rwego rwo gusangira amazi make iki kigo gifite ubu. Kubera impamvu z’ubuke bw’aya mazi, iki Kigo cyirasaba Abanyarwanda muri rusange n’abatuye Umujyi wa Kigali by’umwihariko kwirinda […]Irambuye

Obama yohereje Erica Barks nka Ambasaderi mushya mu Rwanda

Mu itangazo ryasohowe n’ibiro by’umukuru wa Leta zunze ubumwe za Amerika ry’impinduka mu bayobozi batandukanye mu by’ububanyi n’amahanga, hagaragayemo ambasaderi mushya w’u Rwanda. Uyu ni Erica J. Barks Ruggles. Erica Barks  aje gusimbura ambasaderi Donald W. Koran wari muri uwo murimo kuva mu kwezi kwa munani 2011. Usibye ambasaderi mushya mu Rwanda, Perezida Obama yohereje […]Irambuye

Muri Kigali hagiye kubakwa inzu ziciriritse zo guturamo 5,000

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imyubakire mu Rwanda “Rwanda Housing Authority (RHA)” buratangaza ko hari umushinga mushya wo kubaka inzu ziciriritse zo guturamo ibihumbi bitanu (5,000) mu mpande zitandukanye z’Umujyi wa Kigali, 2,400 zikazubakwa mu Karere ka Nyarugenge. Eng. Leopold Uwimana, ushinzwe imyubakire muri RHA yatangarije ‘The New Times’ dukesha iyi nkuru ko hari imyanya ya […]Irambuye

Buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe aba yanduye agakoko

Kuri uyu wa gatanu ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr Agnes Binagwaho n’abakozi b’iyi Minisiteri bari Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basobanura uko ubwandu bushya bwa SIDA buhagaze mu Rwanda, bavuze ko muri iki gihe nibura buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe yandura agakoko gatera SIDA. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kugeza ubu abanyarwanda 226,225 bajya kungana […]Irambuye

Nyabugogo: Abantu 4 bahise bitaba Imana mu mpanuka ikomeye y’ikamyo

Updated: 11.30PM: Byemejwe n’umuvugizi wa Polisi ishami ryo mu muhanda, abantu bane nibo bahise bagwa mu mpanuka bagonzwe n’ikamyo yacitse feri ahagana saa tatu z’ijoro kuri uyu wa 25 Gicurasi mu muhanda wa Nyabugogo. Chief Supt Ndushabandi Jean Marie Vianney umuvugizi wa Polisi ishami ryo mu muhanda, yatangarije ahabereye impanuka ko imodoka yo mu bwoko […]Irambuye

Perezida Kagame yatangije kumugaragaro inama ya BAD mu Rwanda

Kuri uyu wa 22 Gicurasi imbere y’abayobozi b’ibihugu barimo uwa Mauritania, Gabon, Uganda na Senegal, abayobozi b’amabanki akomeye, abayobozi b’ibigo by’imari binini, umuyobozi wa African Union n’abahoze ari abakuru b’ibihugu bya Tanzania na Africa y’Epfo, nibwo ku mugaragaro Inama nkuru ya Banki Nyafrika itsura amajyambere yatangijwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame. Dr Kaberuka Donald […]Irambuye

en_USEnglish