Tags : Kigali

Ishusho ya Stromae yashyizwe mu nzu ndangamurage iruta izindi iburayi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, amaze kwerekwa ishusho ye yashyizwe mu nzu ndangamurage ya ‘Musée Grévin’ i Paris umuhanzi Stromae yatangaje ko ari icyubahiro n’ibyishimo kuri we gushyirwa muri iyi nzu ndangamurage iri mu zikomeye mu Bufaransa. Kugira ishusho munzu ndangamurage ni ikimenyetso gikomeye cy’uburyo sosiyete ziba zifata abantu runaka. Stromae n’undi muhanzi […]Irambuye

“Mporana icyizere ko ICT izateza imbere Africa”- Dr Hamadoun Touré

Mu nama y’iminsi ibiri ‘Smart Rwanda Days’ i Kigali, yatangiye kuri uyu wa kane tariki 2 Ukwakira ihuza impuguke zisaga 300 mu bijyanye n’Ikoranabuhanga n’Itumanaho (ICT) muri Africa no ku Isi, Umuyobozi Mukuru w’’Ihuriro Mpuzamahanga ry’ibjyanye n’Ikoranabuhanga ku isi, (IT Union), Dr. Hamadoun Touré yashimiye Perezida Kagame wagize uruhere runini mu itorwa rye anatangaza ko afite […]Irambuye

CECAFA: El Merreikh na APR FC zigeze kuri Final

Imikino ya 1/2 mu irushanwa CECAFA Kagame Cup rikomeje kubera i Kigali, APR FC yageze ku mukino wa nyuma itsinze ikipe ya Police FC kuri penaliti 4 – 2 nyuma yo kunganya 0-0 mu minota 120 y’umukino. Ku mukino wa nyuma APR FC izahura na El Merreikh yo muri Sudan nayo yakuyemo KCCA yo muri […]Irambuye

Police yerekanye abibye ibikoresho by’agaciro karenga 3,000,000

Kicukiro – Kuri uyu wa 22 Kanama kuri sitasiyo ya polisi ya Kicukiro herekanywe abagabo bakurikiranyweho ubujura bw’ibikoresho bitandukanye, harimo iby’umuntu umwe bifite agaciro ka miliyoni eshatu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nibwo polisi yahawe amakuru ko mu muyji wa Kigali hari ubujura bw’ibyuma by’umuziki. Police mu gitondo kare kuri uyu wa 21 […]Irambuye

Uvuye mu Ntara akagera i Kigali ngo ntashaka kuyivamo

Bimwe mu byavuye mu ibarura rusange ryo muri 2012 byerekanye ko uko imyaka ihita indi igataha ari ko abaza gutura mu mujyi wa Kigali bakomeza kwiyongera, abawuvamo bajya gutura mu bindi bice by’u Rwanda ni bacye. Kugeza ubu umujyi wa Kigali utuwe n’abagera kuri 1,132,686; Akarere ka Gasabo niko gatuwe cyane muri uyu mujyi, kikubiye […]Irambuye

Remera: Imodoka itwara abantu yahiye irakongoka

Gasabo – Ahagana saa cyenda z’amanywa kuri uyu wa 12 Kanama mu murenge wa Remera Akagari ka Rukiri II, imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yafashwe n’inkongi mu igaraje rya IMVTC/Remera irashya ibura kizimya irakongoka. Nta muntu wari muri iyi modoka ubwo yafatwaga n’inkongi uretse abariho bayikora bahise bigirayo. Iyi modoka yari […]Irambuye

Police FC na APR FC buri imwe yatsinze kimwe mu

Remera – Mu irushanwa rya CECAFA Kagame cup kuri uyu wa 09 Kanama ikipe zihagarariye u Rwanda za Police FC na APR FC zitwaye neza ku munsi wa mbere zitsinda amakipe zari zihanganye buri imwe igitego kimwe ku busa bwa mukeba we. Rayon Sports nayo ihagarariye u Rwanda umukino wayo krui uyu wa gatanu yawunganyije […]Irambuye

Abanyarwanda ntibaramenya akamaro k’Inteko – Dr Ntawukuriryayo

Ubwo Inteko Ishinga Amategeko yagezaga ikiganiro ku banyamakuru ibereka imirimo yakozwe n’imitwe yombi, Perezida wa Sena Dr Ntawukuriryayo Jean Damascene yavuze ko bakora byinshi kandi buzuza inshingano zabo gusa bagahura imbogamizi ko Abanyarwanda benshi bataramenya akamaro k’Inteko ari nayo mpamvu usanga akenshi bagaya akazi ikora. Inteko Ishinga Amategeko ni urwego ruri mu zifitiwe icyizere gicye […]Irambuye

Flambeau de L’est na Ethiopian Coffee FC zivanye muri CECAFA

Kuwa gatanu tariki 08 Kanama nibwo amarushanwa ya CECAFA y’amakipe azatangira i Kigali, amakipe ya Flambeau de L’est y’i Burundi na Ethiopian Coffee FC yatangaje ko atazitabira aya marushanwa. Mu mpera z’icyumweru gishize Ethiopian Coffee FC yavuze ko itazitabira aya marushanwa ihita isimbuzwa ikipe yo mu kiciro cya kabiri muri Ethiopia yitwa Adamma FC. Flambeau […]Irambuye

Barbara, umukobwa wa George W.Bush yasuye urwibutso rwa Gisozi

Barbara Pierce Bush umukobwa w’uwahoze ari  perezida w’America George W.Bush kuri uyu wa 30 Nyakanga ari kumwe na bamwe mu bagize ihuriro rya Global Health Corps basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi. Global Health Corps, Barbara yagize igitekerezo cyo gutangiza mu 2008 ni ihuriro rigendera ku magambo agira ati “Ubuzima n’ubuvuzi […]Irambuye

en_USEnglish