Tags : #Kagame

Abanyarwanda baba muri Canada bigiye hamwe uko barushaho gukorana

Ku nshuro ya mbere abayobozi mu nzego zitandukanye zigize Rwanda Community Abroad-Canada baturutse mu mijyi itandukanye bahuriye i Toronto mu mwiherero wabaye tariki ya 14 Ugushyingo 2015. Abagize ubuyobozi bwa Rwanda Community Abroad-Canada na bamwe mu Banyarwanda bayobowe ihuriro ry’Abanyarwanda baba hanze hirya no hino ku Isi (Rwanda Diaspora Global Network) bayobowe na Mme Alice […]Irambuye

Rubavu: Abujuje imyaka yo gutora barasabwa kuzitabira amatora y’inzego z’ibanze

Abaturage bagomba gutora abayobozi bazabagirira akamaro, abagore bagomba kwitabira kwiyamamariza imyanya mu nzego z’Ibanze, kwikosoza kuri lisiti y’itora byatangiye ejo tariki 12-30/2/2016, Komisiyo y’amatora irasaba abayobozi b’inzego z’ibanze ko bashishikariza abaturage kwikosoza, ikanasaba abujuje imyaka yo gutora kuzitabira amatora. Mazimpaka Emmanuel, umuyobozi wungirije w’Akarere ka Ngororero ushinzwe ubukungu n’iterambere avuga ko byakabaye byiza buri nama […]Irambuye

Rubavu: Ikiraro cyubatswe kuri Sebeya ntikivugwaho rumwe

*Iki kiraro cyubatswe ku mugezi wa Sebeya mu murenge wa Kanama, *Cyubatswe ku bufatanye n’akarere ka Rubavu na Kompanyi ya OTP, *Bamwe mu baturage bavuga ko cyabakuye mu bwigunge abandi bakavuga ko OTP ariyo yungutse, *OTP n’ ubuyobozi bemeza ko cyubatswe mu nyungu rusange. Ikiraro cyubatswe ku mugezi wa Sebeya mu murenge wa Kanama gihuza […]Irambuye

Ubushomeri mu barangije Kaminuza buterwa n’imyumvire – Min Uwizeye

Kuri uyu wa kane Minisititi w’abakozi ba Leta n’Umurimo Uwizeye Judith yavuze ko ikibazo cy’ubashomeri bungana na  13,5% mu barangije Kaminuza giterwa n’imyumvire iri hasi, Leta ngo igiye gushakira umuti iki kibazo yigisha abarangije Kamiuza ubumenyingiro. Mu Rwanda abarangije Kaminuza, muribo 13,5% nta kazi bafite, ni mu gihe urubyiriruko rushishikarizwa kwihangira imirimo. Minisitiri w’Abakozi ba […]Irambuye

Miliyari 2,5 ku kwezi zitangwa ku mashini zitanga amashanyarazi –

Kuri uyu wa kane i Kigali hatangijwe inama y’ibikorwaremezo mu ishoramari rigamije kongera amashanyarazi, Minisitiri w’Ibikorwa remezo, James Musoni yavuze ko abashoramari mu Rwanda bishyura buri kwezi amafaranga miliyari ebyiri n’igice yo kugura Petrol yifashishwa mu mashini ‘generetor’ zitanga umuriro w’amashanyarazi, bigatuma ikiguzi cy’umuriro kiba hejuru. Muri iri huriro u Rwanda rwaboneyeho kugaragaza imishinga igamije […]Irambuye

Kagame mu ba Perezida 8 bitezwe muri Tanzania mu irahira

Kuri uyu wa kane tariki 5 Ugushyingo, Perezida mushya uherutse gutorerwa kuyobora Tanzania, Dr John Pombe Magufuli ubwo aza kurahira, byitezwe ko Abakuru b’ibihugu umunani bya Africa harimo na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bazitabira uyu muhango, uw’u Burundi ntazahakandagira. Mu bitezwe harimo Paul Kagame, Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe unayobora Africa yunze Ubumwe, Yoweri […]Irambuye

U Rwanda rwamenywe ku byiza byinshi nyuma yo kumenywa ku

*Umuganda ni umwanya wo gukorera hamwe, no kurinda ibyagezweho, *U Rwanda rwamenyekanye ku izina ribi mu myaka 21 ishize, ubu ruzwiho ibindi bikorwa byiza, *Ubuzima bwiza bugomba kujyana no gukora Siporo, Mu muganda wo gutera ibiti ku musozi witwa Bwiza bwa Gasogi, uherereye mu mudugudu wa Ruhangare, mu kagari ka Bwiza mu murenge wa Ndera, […]Irambuye

en_USEnglish