Tags : Ferwafa

Nta mukinnyi wa APR FC watowe muri 3 bahatanira igihembo

Bwa kabiri mu mateka y’umupira w’amaguru mu Rwnada, hagiye gutangwa ibihembo by’abitwaye neza mu mwaka w’imikino, kuba nta mukinnyi wa APR FC watowe muri batatu bahatanira igihembo kandi ari ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona, bisa n’ibitangaje. Kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Nyakanga 2016, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA ryatangaje abazahatanira ibihembo bizatangwa n’umuterankunga wa […]Irambuye

Seninga yemejwe nk’umutoza mushya wa Police FC

Police FC yemeje Seninga Innocent nk’umutoza mushya wayo, agasimbura Cassa Mbungo Andres wirukanywe kuri aka kazi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nibwo Seninga Innocent yasinye amasezerano y’umwaka umwe (ushobora kongerwa) atoza Police FC. Uyu mugabo watozaga Etincelles FC kuva muri Mata uyu mwaka, aje gusimbura Cassa Mbungo Andres wirukanywe kubera kubura umusaruro, kuko […]Irambuye

Perezida wa FERWAFA De Gaulle Nzamwita yasabiwe gufungwa imyaka itatu

*Mulindahabi ati “umuhate mu kazi ntabwo ari icyaha”. *De Gaule avuga ko gusinya kuri contrat atari ugutanga isoko kuko byagombaga kunyura muri FIFA kandi ngo yabihaye umugisha, *Uwunganira Mulindahabi avuga ko Perezida w’akanama k’amasoko muri FERWAFA nabo bari bakwiye kuba bisobanura imbere y’urukiko. *Ufatwa nk’uwatoneshejwe ntari muri uru rubanza…Ngo isoko yatsindiye na ryo riri mu […]Irambuye

Ernest Sugira, watsinze igitego i Maputo ashobora kutazakina na Mozambique

Ikipe y’igihugu, Amavubi ishobora gukina na Mozambique mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika, idafite rutahizamu Ernest Sugira, wavunikiye mu mukino wa Senegal. Kuri uyu wa gatandatu tariki 04 Kamena 2016, ikipe y’igihugu Amavubi, izakina umukino wo mu itsinda ‘H’ ryo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Gabon 2017. Amavubi akomeje imyitozo bitegura uyu mukino, […]Irambuye

Imihigo ni yose mbere y’umukino wa APR FC na Rayon

Kuri uyu wa kabiri APR FC irakira Rayon Sports mu mukino ugaragaza ufite amahirwe yo kwegukana igikombe cya Shampiyona. Imihigo ku mpande zombi ni yose. Uyu mukino wa APR FC na Rayon Sports usanzwe uhuza abakeba mu mupira w’amaguru mu Rwanda. Uyu munsi biraba ari akarusho cyane ko noneho ugiye kuba amakipe yombi akurikiranye ku […]Irambuye

Kutagaragara muri PGGSS6 nta gihombo kuri Dream Boys

Itsinda rya Dream Boys rigizwe na Mujyanama Claude cyangwa se TMC mu muziki ndetse na Nemeye Platini, ngo kuba bataragaragaye ku rutonde rw’abahanzi 10 bazitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star6 nta gihombo kinini cyane babonamo. Kuri bo basanga ari umwanya wo kureba neza icyo bageraho baramutse batari muri iryo rushanwa dore ko hari […]Irambuye

en_USEnglish