Tags : Ferwafa

Amavubi -U20 yatsinze Maroc 2-1 mu mikino ya gicuti

Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yaraye isoje urugendo yarimo muri Maroc, ibashije gutsinda umwe mu mikino ibiri yakinnye na Maroc, ku cyumweru Amavubi U 20 yatsinze Maroc 2-1 mu mukino wabereye kuri Centre National de Football, Maamoura. Vedaste Niyibizi na Savio Nshuti Dominique nib o batsindiye u Rwanda ibyo bitego bibiri. Uyu wari umukino wa […]Irambuye

Police FC itsinze Gicumbi 2-0 ku bitego bya Mico na

Umunsi wa kane wa Shampiyona y’u Rwanda utangiye Police FC itsinda Gicumbi 2-0, mu mukino utitabiriwe cyane n’abafana. Bitumye Police FC ya Seninga Innocent irara ku mwanya wa kabiri. Kuri uyu wa gatanu tariki 4 Ugushyingo 2016, hakinwe umukino umwe w’umunsi wa kane wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, AZAM Rwanda Premier League. Police […]Irambuye

U Rwanda rwanze kwitabira COSAFA U20, rusimbuzwa DR Congo

Nyuma yo kubona ko COSAFA U20 ishobora guhagarika shampiyona y’u Rwanda igihe kinini, FERWAFA yemeje ko Amavubi U20 atazayitabira. Byatumye hatumirwa ingimbi za DR Congo. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryanze kwitabira ubutumire, bw’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika y’amajyepfo. Ni irushanwa rya COSAFA y’abatarengeje imyaka 20. U Rwanda rwari rwatumiwe ngo rusimbure Madagascar yabuze […]Irambuye

Directeur technique wa FERWAFA yeguye ngo “Abakora mu mupira w’Amaguru

Hendrik Pieter de Jongh wari Directeur technique w’umupira w’amaguru mu Rwanda areguye. Imwe mu mpamvu zibimuteye, harimo no kuba nta mutoza uhamye u Rwanda rugira. Tariki 14 Kamena 2016 ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje Umuholandi Hendrik Pieter de Jongh nk’ushizwe igenzura n’iterambere rya ruhago, Directeur technique w’u Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka […]Irambuye

Police FC yahagaritse abakinnyi 3 bazira gusuzugura umutoza

Umunsi umwe mbere yo gukina na Bugesera, Police FC yahagaritse abakinnyi batatu; Turatsinze Héritier, Mugabo Gabriel na Isaac Muganza, ibashinja kugumura abandi, no gusuzugura umutoza. Police FC ntiyatangiye neza umwaka w’imikino 2016-17. Muri AS Kigali Pre seasonTournament yasezerewe mu matsinda itsinzwe imikino ibiri, inganyije umwe. Ntiyanatangiye neza shampiyona kuko yatsinzwe na Rayon sports 3-0 mu […]Irambuye

Ku munsi wa mbere wa Shampiyona habonetsemo ibitego 17

Shampiyona y’u Rwanda, AZAM Rwanda Premier League yatangijwe ku mugaragaro. Rayon sports na APR FC zabonye intsinzi, AS Kigali, Police FC na Kiyovu Sports zitangira nabi. Ku wa gatanu tariki 14 Ukwakira 2016, nibwo hatangijwe Shampiyona y’u Rwanda ku mugaragaro. Abenshi mu bakinnyi bashya mu makipe, bagize uruhare mu kuyashakira amanota. Police FC yatangiye nabi. […]Irambuye

Umuseke uzanye gahunda nshya yo gutora umukinnyi w’ukwezi muri Shampiyona

Buri kwezi muri AZAM Rwanda Premier League, hagaragaramo impano z’abakinnyi benshi bitwara neza. Umuseke ugiye kujya utora uwahize abandi mu kwezi. Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Ukwakira 2016, nibwo hatangizwa ku mugaragaro shampiyona y’u Rwanda, AZAM Rwanda Premier League. Ikinyamakuru Umuseke kigiye kujya gitora umukinnyi w’ukwezi, ashimirwe umusaruro mwiza yahaye ikipe akinira mu kwezi. […]Irambuye

Donadei wavuye nabi muri Rayon arifuza gutoza APR FC, AS

Uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports, David Donadei wayivuyemo nabi asheshe amasezerano, ubu akaba atoza muri Maroc, arifuza kugaruka mu Rwanda. Mu makipe yifuza gutoza harimo APR FC, AS Kigali, Police FC cyangwa gusubira muri Rayon Sports na byo ngo arabyifuza. Tariki 14 Nzeri 2016 ni bwo Rayon Sports yatangaje Umufaransa David Donadei nk’umutoza mukuru. […]Irambuye

Nova Bayama wakuriye muri APR FC, yakiriwe neza muri Rayon

Mu bakinnyi bashya Rayon Sports yasinyishije uyu mwaka w’imikino, harimo umukinnyi wo hagati Nova Bayama wakuriye muri academy ya APR FC. Uyu musore yishimiye uko yakiriwe muri Rayon Sports. Tariki 14 Ukwakira 2016, nibwo shampiyona ya 2016-17 izatangira. Ku rutonde rw’abakinnyi Rayon Sports izakoresha muri uyu mwaka w’imikino, hagaragayeho umusore wakuriye mu ishuri ry’umupira w’amaguru […]Irambuye

en_USEnglish