Tags : Ferwafa

Umutoza wa Police FC yeguye ku mirimo ye

Umunyamabanga mukuru wa Police FC akaba n’umuvugizi wayo SP Mayira Jean de Dieu yabwiye Umuseke ko uwari umutoza wa Police FC Sam Ssimbwa kuri uyu wa 11 Nyakanga ku gasusuruko aribwo yabagejejeho ibaruwa yegura ku kazi ke. Uyu muyobozi mu ikipe ya Police FC yavuze ko Sam Ssimbwa yeguye ku mpamvu ze bwite, akaba ngo […]Irambuye

Umuyobozi w’Abafana ba Rayon yakuriweho ibihano BYOSE yari yafatiwe

Kuri uyu wa 10 Kamena nibwo Claude Muhawenimana uyobora abafana ba Rayon Sports ku rwego rw’igihugu nibwo yahawe ibaruwa imumenyesha ko yavaniweho ibihano byose yari yafatiwe kubera imirwano yakurikiye umukino wa Rayon Sports na AS Kigali wabaye mu kwezi kwa kane. Claude yari yafatiwe ni ukumara imyaka ibiri atagera ku bibuga by’umupira w’amaguru mu Rwanda […]Irambuye

Umukuru w’Abafana ba Rayon yitabye Komisiyo y’ubujurire ya FERWAFA

Kuri uyu wa 05 Kamena 2014 nibwo Claude Muhawenimana umuyobozi w’abafana b’ikipe ya Rayon Sports yitabye Akanama gashinzwe ubujurire muri FERWAFA ku myitwarire ye n’ibyo yashinjwe ku mukino wahuje ikipe ya Rayon Sports na AS Kigali zikanganya Rayon ikahatakariza amahirwe yo gutwara igikombe, uyu mukino wakurikiwe n’imirwano ku kibuga. Muhawenimana yari yafatiwe ibihano na FERWAFA […]Irambuye

Casa arava mu Amavubi niba adahawe amasezerano

Casa Mbungo André umutoza wungirije w’ikipe w’igihugu yatangaje kuri uyu wa 04 Kamena ko nibigera mu cyumweru gitaha adahawe amasezerano nk’umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu azahita yisubirira mu ikipe ya AS Kigali. Casa yaganiriye n’umunyamakuru w’Umuseke kuri uyu mugoroba ubwo yariho atoza ikipe ya AS Kigali, muri iyi kipe ariko akaba atarahasinya naho amasezerano kuko […]Irambuye

Umushahara w’umutoza mushya w’Amavubi wateje impaka

Mu kiganiro n’abanyamakuru mu muhango wo kumurika umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Stephen wasinye amasezerano y’imyaka ibiri kuri uyu wa 21 Gicurasi, abanyamakuru bifuje kubwirwa umushahara uyu mwongereza azajya ahabwa umuyobozi muri Ministeri ababwira ko bidashoboka uretse nyirawo awivugiye. Stephen Constantine we yavuze ko aje kubakira u Rwanda ikipe nziza izakina amarushanwa ya CHAN 2016. Uyu […]Irambuye

Casa Mbungo yahise ahamagara abakinnyi b’Amavubi

Kuri uyu wa kabiri nibwo byamenyekanye ko Casa Mbungo André ariwe uba ufashe by’agateganyo ikipe y’igihugu Amavubi, uyu mutoza warangije amasezerano ye muri AS Kigali yahise atangaza urutonde rw’abakinnyi b’Amavubi bagomba gutangira umwiherero. Casa uzungirizwa na Mashami Vicent yahamagaye abakinnyi barimo batanu b’ikipe ye ya AS Kigali, umunani ba APR FC na batanu ba Rayon […]Irambuye

Umukino wa gombaga guhuza Amavubi U20 na Sudan y'Epfo ushobora

N’ubwo umutoza w’amakipe y’igihugu y’abakiribato Richard Tardy yamaze guhamagara ikipe y’abatarengeje imyaka 20 (U20) mu rwego rwo kwitegura umukino w’amajonjora wo gushaka itike y’imikino yanyuma y’igikombe cya Afurika uteganyijwe hagati ya tariki ya 4-6 Mata 2014, FERWAFA iratangaza ko uyu mukino ushobora no kutaba. Amakuru ava mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ aravuga ko […]Irambuye

Umukino wa Rayon na APR FC urasubitswe

Wari uteganyijwe ku cyumweru tariki 23 Werurwe i Nyamirambi, ni umukino wari guhuza aya makipe akubana cyane mu kwegukana igikombe. FERWAFA imaze kwemeza ko uyu mukino usubitswe kubera impamvu z’umutekano ku kibuga. Ubuyobozi bwa FERWAFAburavuga ko Police yavuze ko idashobora kwirengera umutekano w’imbaga y’abantu bashobora kuza i Nyamirambo kuri stade yaho igenewe kwakira abantu ibihumbi […]Irambuye

Eymael, umutoza wa Rayon mu nzira isubira muri AFC Leopards

Nyuma y’uko havuzwe umwuka utari mwiza hagati y’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sport ndetse n’umutoza mukuru w’iyi kipe Luc Eymael hari amakuru avuga ko ashobora kwisubirira mu ikipe yahozemo ya AFC Leopards yo muri Kenya. Uyu mutoza w’Umubiligi afite amasezerano y’amezi atandatu mu ikipe ya Rayon Sport, yatangarije ikinyamakuru Goal.com ko aramutse abonye amahirwe yo gusubira […]Irambuye

Nyuma yo kwemera icyaha akagisabira imbabazi, Ssimbwa yagabanyirijwe ibihano

Umutoza wa Police FC Sam Ssimbwa  Nyuma yemeye amakosa yakoze avuga ko shampiyona y’u Rwanda yashyiriweho ikipe imwe cyangwa ebyiri, akanenga kandi n’imisifurire nyuma y’umukino wahuje ikipeye na Rayon Sports, yoroherejwe ibihano ahagarikwa umukino umwe gusa, anacibwa ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana (100, 000 Frw). Umuvugizi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Kayiranga Vedaste, […]Irambuye

en_USEnglish