Tags : Ferwafa

Ubuyobozi bwa Rayon bwatumije inama y’intekorusange yo gucoca ibibazo

Ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona mu Rwanda ‘AZAM Rwanda Premier League 2016-17’ Rayon sports ntabwo iri mu bihe byiza muri aya mezi. Nyuma yo gufata umwanzuro wo guhagarika abatoza batatu bayo, ubuyobozi bw’iyi kipe bwatumije inama y’inteko rusange idasanzwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 11 Kamena 2018 nibwo ubuyobozi bwa Rayon Sports […]Irambuye

De Gaulle agarutse mu rukiko…Uyu munsi atashye ataburanye

*Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cyo kuba yaragizwe umwere, *Abaregwanwa nawe bari bahanishijwe amezi 6 bari kujurira ngo bahanagurweho icyaha Mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Nyakana, Nzamwita Vincent De Gaulle uyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yazindukiye ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kugira ngo aburane ku bujurire bw’Ubushinjacyaha buvuga ko yari akwiye guhamwa n’icyaha […]Irambuye

Abitwaye neza muri ARPL 2016-2017 bagiye guhembwa

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ku itariki ya 09 Nyakanga rizatanga ibihembo ku bakinnyi n’abandi bitwaye neza muri shampiyona y’umupira w’amaguru ya 2016-2017 izwi nka Azam Rwanda Premier League. Ibi birori bigiye kuba ku nshuro ya kabiri, bizabera muri Hotel ya Marriot ku Kimihurura mu mugi wa Kigali. FERWAFA ivuga ko ibihembo […]Irambuye

Rayon izahabwa igikombe tariki 15/06 i Nyamirambo

Ku mukino wa nyuma wa Shampionat tariki 15/06/2017 nibwo Rayon Sports izashyikirizwa igikombe cya Shampionat ya Azam Rwanda Premier League ya 2015/16 aho kuba ku mukino uzayihuza na APR FC mu mpera z’iki cyumweru nk’uko Rayon Sports yari yabisabye FERWAFA. Rayon Sport yari yandikiye FERWAFA kuwa 24 Gicurasi isaba ko yahabwa igikombe kuri iki cyumweru […]Irambuye

FERWAFA yahagaritse umusifuzi utarahannye umukinnyi wakubise mugenzi we umutwe nk’uwa

Ishyirahamwe ry’umupra w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse mu gihe cy’ukwezi Samuel Uwikunda umusifuzi wasifuye umukino wahuje APR FC na Mukura VS kuko ngo yirengagije amwe mu makosa yagaragaye muri uyu mukino harimo iry’umukinnyi wakubise umutwe mugenzi we mu buryo bugambiriwe. Itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa FERWAFA, iri shyirahamwe rivuga ko muri uyu mukino wabaye kuwa 24 […]Irambuye

2016 muri football: Umusaruro muke w’Amavubi, Rwatubyaye izina ryavuzwe cyane

Umwaka wa 2016 ntiwahiriye abakunzi b’imikino kubera umusaruro muke ku makipe yahagarariye u Rwanda mu mikino mpuzamahanga, ariko usojwe bamwenyura kubera intsinzi ya Valens Ndayisenga muri Tour du Rwanda. Nyuma y’akazi no gushaka imibereho, Abanyarwanda bagaragaje ko ari abakunzi b’imikino. Intsinzi ku bambaye ibendera ry’u Rwanda irabanyura bikagaragarira amaso, ariko bagira agahinda kenshi iyo umusaruro […]Irambuye

Menya Kambale Gentil umukinnyi mwiza w’Ukwezi muri Azam Rwanda Premier

*Kambale Salita Gentil ni umugabo wubakanye n’Umunyarwandakazi, *Arangwa n’ikinyabupfura ngo ni cyo kimufasha kugera ku byo ageraho, *Yavuye muri Rayon Sports muri 2015 ariko ngo arakora cyane ngo azayisubiremo, *Yishimira ko yatowe nk’Umukinnyi w’Ukwezi muri Azam Rwanda Premier League, ndetse agahabwa igihembo cy’Umuseke. Kambale Salita Gentil ni umukinnyi wa kabiri utsindiye igihembo UM– USEKE Player […]Irambuye

Menya Nahimana Shasir umukinnyi w’Ukwezi muri Shamiyona y’u Rwanda

*Yavuye mu bakina ku muhanda, aza kuba Umukinnyi mwiza i Bujumbura, none akinira Rayon Sports, *Shasir akunda bombi Messi na Ronaldo ariko ntabigereranyaho, *Igihembo Umuseke watangije kizatuma Shampiyona igira imbaraga abakinnyi bitange kurushaho. Nahimana Shasir umusore bigaragara ko ari muto, avuga aseka, atuje kandi ufite intego yo gutera imbere mu mupira w’amaguru. Kuri uyu wa […]Irambuye

en_USEnglish