Tags : Africa

Perezida wa Philippines yumva Africa na China byava muri UN

Perezida w’ibirwa bya Philippines, Rodrigo Duterte yavuze ko igihugu cye gishobora kuva mu Muryango w’Abibumbye (UN), nyuma y’uko uyu muryango unenze cyane intambara yashoye mu kurwanya ibiyobyabwenge aho UN ivuga ko ibyo akora binyuranye n’amategeko mpuzamahanga. Ndetse we yumva Africa n’Ubushinwa nabyo byayivamo bagakora undi muryano. Duterte yavuze ko azasaba U Bushinwa n’ibihugu bya Africa […]Irambuye

Zimbambwe: Perezida Mugabe ntakigiye muri Ghana aho yari ategerejwe cyane

Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe kuri uyu wa gatanu yasubitse urugendo yagombaga gukorera mu gihugu cya Ghana aho yari kujya gufata igihembo kitwa “Millennium Lifetime Achievement Award” kubera uburyo yayoboye igihugu cye kuva cyabona ubwigenge mu 1980. Byari biteganyijwe ko Robert Mugabe yari kuzagishyikirizwa na Perezida Johm Mahama wa Ghana kuri uyu gatandatu i Accra. […]Irambuye

I Kayonza nubwo havugwaga inzara ntibyabujije Umuganura na FESPAD kuhabera

Ku munsi wa gatatu iserukiramuco nyafurika mu mbyino z’umuco wa Kinyafurika yabereye mu karere ka Kayonza, binajyanirana n’umuganura, aho Minisitiri w’Umuco Nasiporo, Uwacu Julienne yavuze ko kuba bamwe baravugaga ko umuganura utazashoboka i Kayonza ariko ukaba wabaye ari ikimenyetso koIntara y’Uburasirazuba ifite ubuzima. Akarere ka Kayonza ni kamwe mu turere twugarijwe n’amapfa mu minsi ishize […]Irambuye

Zimbabwe: Mugabe yavuze ko atiteguye kuva ku butegetsi

Mu ijambo Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe yagezaga ku bahoze ari abarwanyi “Ancient Combattants” (ba Sekombata) bafatanyije kurwanira ubwigenge, ariko bakaba bamwe muri bo baratangaje ko batamushyigikiye, yavuze ko atiteguye kuva ku butegetsi, ndetse ko abanditse ibaruwa y’uko batamushyigikiye bazahanwa. Perezida Mugabe uheruka mu nama rusange y’Abakuru b’Ibihugu bya Africa i Kigali, yanenze cyane bamwe […]Irambuye

Uko Abakuru b’ibihugu banzuye ku Iterabwoba, u Burundi, Sudani y’Epfo,Libya,…

AUSummit2016 – Mu nama y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma biyemeje kurushaho kwinjira mu bibazo by’umutekano, iterabwoba, ubutabera, n’ibindi binyuranye byugarije Afurika by’umwihariko ibihugu nk’u Burundi, Sudani y’Epfo, Nigeria, Mali, Libya, Somalia n’ibindi. Komiseri mukuru wa Komisiyo y’amahoro n’umutekano mu Muryango wa Afurika yunze Ubumwe Amb. Smail CHERGUI yavuze ko muri […]Irambuye

Sao Tome: Evaristo Carvalho yatsinze Perezida Pinto mu matora

Evaristo do Espírito Santo Carvalho yatsinze Manuel Pinto da Costa wayoboraga Sao Tome na Principe, akaba yagize amajwi 50,1%. Pinto da Costa, yatsinze amatora mu 2011 nk’umukandida wigenga ariko mbere yari yarabaye Perezida wa mbere w’iki kirwa cyahawe ubwigenge na Portugal mu 1975. Uyu mugabo yabaye Perezida kuva ubwo kugeza mu 1991. Evaristo do Espírito […]Irambuye

USALAMA III: ibyafashwe na Police birengeje agaciro ka miliyoni 78

Ubuyobozi bwa Polisi Mpuzamahanga, INTERPOL mu Rwanda buyobowe na ACP Tony Kulamba, buratangaza ko mu mukwabo wa USALAMA III wabaye tariki ya 29-30 Kamena 2016, hafashwe ibicuruzwa bitemewe birimo inzoga, ibiyobyabwenge, n’imodoka 18 bikekwa ko zibwe, bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 78. Uyu mukwabo witwa USALAMA III ugamije guca no gukumira ibyaha ndengamipaka, […]Irambuye

India: Minisitiri w’Intebe Narendra Modi mu ruzinduko mu bihugu bine

Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde Narendra Modi azagera mu bihugu bine byo muri Africa, bimwe byaherukaga gusurwa n’umutegetsi ukomeye mu Buhinde mu myaka 30 ishize,  arateganya gusinya amasezerano y’imikoranire mu bijyanye n’ingufu, ubucuruzi n’ishoramari. Narendra Modi kuri uyu wa kane azahera uruzinduko rwe muri Mozambique, nyuma asure Africa y’Epfo, Tanzania na Kenya. Uru rugendo rwa Minisitiri w’Intebe […]Irambuye

USA: Michel Obama n’abakobwa be barasura Afurika

Kuri iki cyumweru, (ejo/ Muri USA) Umugore wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Michel Obama n’abakobwa babo, Sasha na Malia baratangira urugendo bagiye kugirira muri Afurika  mu bukangurambaga bwo kwimakaza uburezi ku bakobwa. Ibiro bya ‘White House’ biratangaza ko uru rugendo rw’iminsi Itandatu, Michel Obama n’abakobwa be bazasura ibihugu byo ku mugabane w’Afurika […]Irambuye

Amahanga ntazigera ahagarika kwivanga muri Africa – Gen.Kabarebe

Mu kiganiro yahaye abanyeshuri n’izindi mpuguke mu miyoborere, umutekano, amahoro n’ubutabera, Minisitiri w’Ingabo General James Kabarebe yagaraje ko amahanga yivanze, akivanga kandi azakomeza kwivanga cyane mu mibereho, imiyoborere n’ubusugire bw’ibihugu bya Africa, ariko ko hari icyizere Africa izagera aho igashobora guhangana nabyo kuko ibifitiye ubushobozi. Mu ihuriro ku mahoro, umutekano n’ubutabera “Symposium on Peace, Security […]Irambuye

en_USEnglish