Tags : Africa

Kenya: Abaturage bazajyana imbeba nzima 200 mu myigaragambyo

Iki gikorwa kiswe (Operation Ondoa Panya, bivuze Kwirukana imbeba) abigaragambya bazazana imbeba mu myigaragambyo bita iy’Amahoro. Abaturage barigaragambiriza icyemezo cyafashwe n’akarere ka Ruring’u muri Kenya, cyo kubaka ahantu hagezweho hazakorerwa ibikorwa binyuranye nko gukora massage, piscine n’ibindi bizatwara miliyoni 75 z’Ama Shilling yaKenya ($740,000; Frw 510, 000, 000). Umwe mu bateguye iki gikorwa, John Wamagata […]Irambuye

Abanyafurika 600,000 bahitanwa n’ihumana ry’ikireere – Raporo ya UN

Raporo nshya yasohowe n’Umuryango w’Abibumbye igaragaza ko ku isi hose kuva mu mwaka wa 2012 ihumana ry’ikirere rimaze guhitana ubuzima bw’abantu babarirwa muri miliyoni zirindwi. Umuryango w’Abibumbye uvuga ko abantu babarirwa muri miliyari eshatu biganjemo abo ku mugabane wa Afurika bagitekesha bakanacanisha ibikomoka ku biti. Raporo ya UN igaragaza ko buri mwaka ku mugabane wa […]Irambuye

Rutahizamu wa Senegal Sadio Mane ati “Kigali itandukanye n’indi mijyi

Rutahizamu w’Umunya-Senegal Sadio Mane uri kumwe n’ikipe y’igihugu ya Senegal, ifite umukino wa gicuti n’Amavubi, ngo yatangajwe cyane n’umutuzo mwinshi yasanze mujyi wa Kigali. Uyu Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Senegal na Southampton FC yo mu kiciro cya mbere mu Bwongereza, kuva ku cyumweru Sadio Mane ari mu Rwanda hamwe n’ikipe ye ‘The Lions of Teranga’ […]Irambuye

Abanyarwanda n’Abanyafurika ntabwo dukwiye kwemera kubana akaramata n’ubukene – Kagame

Ubwo yaganiraga n’Abavuga rikumvikana bakunze kwitwa Abavuga-rikijyana (opinion leaders) bo mu Karere ka Karongi no mu tundi Turere tw’Intara y’Uburengerazuba, Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda guhindura imyumvire niba bashaka kugera ku iterambere, bakumva ko batagomba kubaho nk’abantu bihebye cyangwa ko amajyambere yabasize. Ikiganiro cya Perezida n’aba bayobozi mu nzego za Leta, amadini, ba rwiyemezamirimo n’abandi, […]Irambuye

U Rwanda ni urugero rwiza Africa izigiraho kwiteza imbere nta

Kuva kuwa gatatu tariki 11-13 Gicurasi, u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ya 26 ku bukungu bwa Afurika “World Economic Forum on Africa (WEF)”; Abateguye iyi nama batangaje ko impamvu bahisemo u Rwanda ari uko rufite byinshi rwakwigisha ibindi bihugu n’Ibigo bikomeye ku buryo bwo gutera imbere ndetse ukarwanya ubukene nta mitungo kamere ufite. WEF 2016 […]Irambuye

Mu myaka 15 Malaria yahitanye hafi Miliyoni 1.8 muri Afurika

*Tariki ya 25 Mata, Isi yose irizihiza umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya Malaria; *Hagati y’umwaka wa 2000-2014, Malaria yahitanye abantu 1,834,765…barimo 1,741,880 bo muri Afurika; *Kuva 2000-2014, mu Rwanda abahitanywe na Malaria ni 2,414; *MINISANTE ngo igiye gutanga Inzitiramibu 6, 201,501 mu Turere twose n’Ibigo by’amashuri. Icyegeranyo cy’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS) […]Irambuye

Kayiranga yasabye ababyeyi bafite abana b’ibigango kubazana bagatabara Amavubi U20

Amavubi y’u Rwanda y’abarengeje imyaka 20 yanganyije na Uganda U20 1-1, bituma umutoza Kayiranga Baptiste utoza u Rwanda yingingira ababyeyi bafite abana bazi umupira kubamwoherereza ngo yitegure umukino wo kwishyura. Umukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 kizabera muri Zambia 2017, u Rwanda rwakiriye Uganda mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya […]Irambuye

Savio Nshuti yageze muri U20 y’Amavubi azakina na Uganda kuri

Kuri uyu wa gatandatu tariki 2 Mata 2016, ingimbi z’ikipe y’igihugu Amavubi, zirakira Uganda y’abatarengeje imyaka 20. Nshuti Savio Dominique yasanze bagenzi be. Gusa hari abakinnyi 12 basezerewe kubera ikibazo cy’ibyangombwa. Kayiranga Baptiste utoza iyi kipe ababajwe no kuba azahura na Uganda dafite abakinnyi barimo Nsabimana Aimable (Kapiteni wa Marines FC), Idriss Niyitegeka wa Kiyovu […]Irambuye

U Rwanda rurasaba ibisobanuro U Burundi ku rupfu rwa Amb.Bihozagara

Itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, rivuga ko tariki ya 31 Werurwe, 2016 Leta y’u Rwanda yamenyeshejwe ku wa Gatatu iby’urupfu rwa Ambasaderi Jacques Bihozagara wanabaye Minisitiri. Rivuga ko ibyo u Rwanda rwamenyeshejwe ko urupfu rwa Bihozagara rwabaye giturumbuka mu buryo budasobanutse “suddenly in unclear circumstances”, tariki ya 30 Werurwe 2016. […]Irambuye

en_USEnglish