Tumenye ubwoko bw'Abakono

Mu moko akomeye yabaye mu Rwanda rwo hambere y’umwaduko w’Abazungu harimo ubwoko bw’Abakono. Amateka agaragaza ko  abasekuruza ba kera cyane b’Abakono harimo  Kigwa na Gihanga.                               1. Abakono baba bakomoka mu Bugufi Nkuko twabibonye ku Basindi no ku Banyiginya, Abega, Abasinga, […]Irambuye

Kuwa 29 Mutarama 2014

Ntabwo ari ibya kera gusa, n’ubu mu byaro hari abana bakikurura ku bijerikani bumva umunyenga. Hari nabaserebeka ku mitumba y’insina. Aba bana bari bishimiye guserebeka ku majerekani yamenetse. Aha ni mu Mudugudu wa Gatare, Akagali ka Gasagara mu Murenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo. Photos: NIYONKURU  Martin ububiko.umusekehost.comIrambuye

'Ndi Umunyarwanda' mu nzego z'ibanze yatangijwe

Kuri uyu wa mbere gahunda ya Ndi Umunyarwanda icyiciro cya kabiri cyaratangijwe ku mugaragaro, cyikaba cyizibanda mu nzego z’ibanze mu gihugu hose nyuma y’uko icya mbere cyibanze mu nzego nkuru z’Igihugu n’urubyiruko bikagera no ku rwego rw’Akarere. Munsi iyi gahunda yatangirijwe ku rwego rw’umurenge, abayobozi b’Imidugudu, Utugari, n’Umurenge barahuye hagamijwe gutegura iyi gahunda mu rwego […]Irambuye

Vatican- Amaraso ya Papa Yohani Pawulo II yibwe

Polisi yo muri Vatican iri guhigisha uruhindu umujura watinyutse kwiba urweso rwari rubitswemo amaraso ya nyakwigendera Papa Yohani Pawulo II. Aya maraso  yari abitswe muri Kiliziya nto yitwa San Pietro della Ienca  iherereye mu majyaruguru y’Ubutaliyani. Abajura bamennye ibyuma bya giriyaje ya Kiliziya binjiramo bafata rwari rubitsemo amaraso ya Papa Yohani Pawulo II bararujyana basiga […]Irambuye

Umunyarwandakazi yatanze ubuhamya mu kwibuka Jenoside ku bayahudi

Sophie Musereka umunyarwandakazi warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yatanze ubuhamya kuri uyu munsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi. Kuri uyu munsi kandi umukambwe wayirokotse witwa Freddie Knoller  nawe yavuze akaga bahuye nako.      Umunyarwandakazi Sophie Musabe Masereka yavuze ko yanyuze mu bibazo bikomeye igihe yihishaga abacanyi. Avuga ko ibi bibazo byatumye yumva azinutswe ubuzima. […]Irambuye

Abarusiya barashinjwa kwiba amakuru bakoreshe Ikoranabuhanga

Raporo y’ikigo gishinzwe kurinda umutekano wa za mudasobwa cyitwa CrowdStrike  irashinja Leta y’Uburusiya kwiba amabanga menshi yari abitse muri za mudasobwa zo mu bihugu by’u Burayi, Amerika na Aziya. Iyi raporo ivuga ko Uburusiya bwakoze ibi mu rwego rwo kumenya amakuru yabufasha mu kwitezambere mu by’ubukungu ndetse n’ikoranabuhanga. Ubu bujura bwibasiye ibigo bikora ibijyanye n’ingufu […]Irambuye

France:Perezida Hollande yatandukanye n'umugore

Perezida w’Ubufaransa Francois Hollande yatandukanye n’umugore babanaga nyuma y’uko byari bimaze iminsi bihwihwiswa ko uyu mugabo amuca inyuma ku wundi mugore ukina amafilime witwa  Julie Gayet. Gutana n’umugore babanaga Hollande yabitangaje kuri iki cyumweru. Valérie Trierweiler wahoze wari umugore wa Hollande, nubwo batashyingiranywe, ubu yerekeje mu Buhinde kwitabira ibikorwa by’umuryango w’abagiraneza witwa Action Against Hunger […]Irambuye

Kurya amavuta menshi utwite bigira ingaruka mbi ku bwonko bw’umwana

Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Yale muri USA bashingiye ku bushakashatsi bwabo basanze ko abagore batwite bakunda kurya ibiryo birimo ibinyamavuta byinshi bigira ingaruka ku bwonko bw’abana babo. Aba bashakashatsi batanga urugero rw’uko abana babyawe n’abagore baryaga ibiryo birimo amavuta menshi bakunda kubyibuha cyane . Ikindi bavumbuye ni uko ibiryo birimo amavuta menshi biriwe n’ababyeyi […]Irambuye

Miss w'Intara y'Amajyepfo ni Belyse Hitayezu

Muri Grand Auditorium y’Ishami rya Kaminuza y’u Rwanda mu Majyepfo (UR Huye), kuri uyu wa 25 Mutarama 2014 nijoro , hatowe Nyampinga  uzahagararira iyi ntara muri  mu marushanwa yo gutora Miss Rwanda. Uwatowe ni Hitayezu Belyse w’imyaka 20.  Amarushanwa yatangiye akerereweho amasaha atatu, byatangiye saa kumi n’imwe z’umugoroba mu gihe byari biteganyijwe ko iyi mihango […]Irambuye

en_USEnglish