Reba ifatwa ry’amashusho y’indirimbo “Caguwa” ya Urban Boys

Urban Boys iri mu gikorwa cyo gufata amashusho azakoreshwa mu ndirimbo yabo ‘Caguwa’. Aba basore bifotoreje imbere y’amamodoka yabo buri wese imbere y’iye. Amashusho y’iyi ndirimbo arajya ahagaragara mu minsi ya vuba,  yafatiwe i Nyamirambo aho bakunze kwita kurya nyuma. Muri iyi ndirimbo bazafatanya n’umuraperi Jay Polly. Umva indirimbo “Caguwa’ Photos:Plaisir MUZOGEYE ububiko.umusekehost.comIrambuye

Ikipe y’igihugu ya Volleyball yatsinze Rayon Sports

Mu mukino wa gicuti wa Volleyball waraye uhuje ikipe ya Rayon Sport VC n’ikipe y’igihugu kuri stade nto i Remera warangiye iyi kipe izahagararira u Rwanda yitwaye neza itsinze ikipe ya Rayon Sport ku maseti 3-0. Uyu akaba ari umukino ubanziriza uwa nyuma bazakina na APR VC biteguraga imikino nyafurika izabera muri Cameroon guhera taliki […]Irambuye

Huye: U Rwanda rwashimiwe uruhare mu kurengera amashyamba

Mu nama yabereye muri Huye  yateguwe n’umushinga w’ikigo cy’igihugu cy’umutungo kamere  (MRV)  igamije kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo byo guteza imbere amashyamba,  u Rwanda washimiwe uruhare mu kungabunga amashyamba. Iyi nama yabaye kuva taliki ya 06-07, Gashyantare, 2014 mu Karere ka Huye igamije kugaragaza ingamba u Rwanda rwafashe mu kurengera ibidukikije ndetse n’inyungu  rwavana […]Irambuye

Ndashaka kureka kwikinisha ariko byarananiye

Ndagisha inama!  Rwose ndakuze sindashaka umugore. Ubu mfite ikibazo cyo gukunda kwikinisha. Ndi umusore . Numva ntagikunda abakobwa,ngo numve nshaka ko twabonana. Ndabasaba ko mwambwira umuti wavura kwikinisha jye byangize imbata. Iyo ntabikoze nibura 3 mw’ijoro rimwe sinsinzira. Nimungire inama ndabinginze! Murakoze. ububiko.umusekehost.comIrambuye

Menya indwara ya Gapfura

Gapfura ni indwara ikunze  gufata mu mwanya y’ubuhumekero cyane cyane mu muhogo ibi bituma iyo umuntu agize icyo amize cyangwa  anyoye ababara mu  muhogo.  Gapfura cyangwa Pharyngitis  mu ndimi z’amahanga ifata akanyama kari mu muhogo kitwa Pharynx kakabyimba bigatuma umurwayi ababara mu gihe amize cyangwa anyoye ikintu. Iyi ndwara iterwa n’agakoko ka Virus gaturuka mu […]Irambuye

Kurya Yawurute buri munsi birinda Diyabete yo ku rwego rwa

Ubushakashatsi  bwashyizwe hagaragara kuri uyu wa Kane n’ishuri ryigisha ubuvuzi rya Kaminuza ya Cambridge burerekana ko abantu barya Yawurute buri munsi baba bafite amahirwe angana na 28 ku ijana yo kutarwara Diyabete yo ku rwego rwa kabiri bite Diabete Type II. Ibyavuye muri ubu bushakashatsi byerekana ko ibi biterwa n’uruvangitirane rw’imbuto n’amata atarimo amavuta menshi […]Irambuye

ICC: Ntaganda agiye gutangira kumva ibyo aregwa n’ubushinjacyaha

Nkuko bigaragara ku nyandiko yasohowe n’urukiko mpuzamahanga  mpanabyaha (ICC) rukorera I Haye mu Buholandi, ubushinjacyaha bugiye kugeza Gen Bosco Ntaganga imbere y’urukiko guhera taliki ya 10-14 Gashyantare kugira ngo asomerwe ibyaha aregwa. Nk’uko biri muri iyi nyandiko No ICC-CPI- 20140206-MA151, Ntaganda imbere y’urukiko rwa kabiri azumva icyo ubushinjacyaha bumuvugaho mu rwego rwo gukusanya ibimenyetso ku […]Irambuye

CAR– Ingabo z'igihugu zishe umuyoboke wa Seleka ziramutwika.

Ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Centre Afrique zakubise umugabo zacyekaga ko ari uwo mu mutwe w’Abisilamu wa Seleka zirangije zitamutwika. Ibi byabaye nyuma gato y’ijambo  Perezida  Catherine Samba-Panza yabwiye ingabo ze. Abahamya bavuga ko uyu mugabo yabaje gushinjwa n’abaturage ko ari umwe mu bagize Sereka hanyuma abasirikare ba CAR baramubita muramwica bamutwikira mu muhanda w’i […]Irambuye

Huye-Abirukanywe muri Tanzaniya bagenewe Mituweli

Minisitiri Mukantabana Seraphine ushinzwe kwita ku gukumira no guhanganan’ingaruka z’ibiza ndetse no gucyura impunzi mu nshingano ze kuri uyu wa gatatu tariki 05 Gashyantare yashyikirije Akarere ka Huye amafaranga yo kugura ubwisunganye mu kwivuza bw’Abanyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batuye muri aka Karere. Minisiteri y’ibiza no gucyura impunzi kandi yanatanze ibikoresho by’ishuri bigenewe abana birukanywe muri […]Irambuye

en_USEnglish