Niwemutoni Delyse yarahiriye kuyobora INILAKSU

Kuri icyi Cyumweru  mu   cyicaro cya Kaminuza ya INILAK , Niwemutoni Delyse watorewe kuyobora ishyirahamwe ry’abanyeshuri ba INIKAK yarahiriye kuzuzuza inshingano ze , akaba abaye umwari wa kabiri mu mateka ya za Kaminuza  mu Rwanda ugiye kuyobora Ishyirahamwe ry’abanyeshuri  bo muri Kaminuza. Niwemutoni avuga ko kuba yicaye muri uyu mwanya yabiharaniye none akaba abigezeho.Yari […]Irambuye

Ubutaliyani: Umubikira yibarutse umuhungu

Umubikira ukomoka mu Butaliyani yibarutse ikibondo kuri uyu wa Gatanu. Ibinyamakuru byo mu Butaliyani bitangaza ko uyu mubikira avuga ko atageze amenya ko atwite kugeza abyaye. Uyu mubikira w’imyaka 31 ngo yumvise ababara mu gifu maze bihutira kumujyana kwa muganga agezeyo ahita yibaruka umwana w’umuhungu  w’ibiro 3. Uyu mubikira yabwiye Ibiro ntaramakuru NSA ati” Sinarinzi […]Irambuye

'Centre de Santé' ya Mugina yafashije abirukanwe muri Tanzaniya

Kuri uyu wa gatanu tariki 17 Mutarama, 2014 mu Karere ka Kamonyi, umurenge wa Mugina, abakozi b’ikigo  nderabuzima  cya Mugina nyuma yo kubona ubuzima Abanyarwanda birukanwe mu gihugu cya Tanzania babayemo  bigomwe umushahara wabo babatera inkunga y’ibikoresho by’ibanze byo kubafasha kumenyera ubuzima bushyashya. Mu kiganiro UM– USEKE  wagiranye na Nzabayimana Elie umuyobozi w’ikigo cy’ubuzima cya […]Irambuye

Henry Gaperi yatorewe kuyobora ikigo cy'imisoro cya Togo

Umunyarwanda Henry Gaperi wari usanzwe ari umujyanama mu Kigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, yatowe n’Inama y’Abaminisitiri ya Togo  kuba Komiseri mukuru w’Ikigo cy’imisoro n’amahooro muri kiriya gihugu. Uyu mugabo mbere yo kuba umuyobozi muri OTR(Office Togolais des Recettes) yahoze ari umujyanama muri IMF ushinzwe ubujyanama mu bya Politike no gucunga neza imisoro n’amahooro ku bihugu byinshi […]Irambuye

Nyiramacibiri ubu yari kuba yujuje imyaka 82

Umunyamerikakazi witwaga Diane Fossey wari uzwi ku izina rya Nyiramacibiri uyu munsi iyaba akiriho aba yujuje imyaka 82 y’amavuko. Uyu mugore azwi cyane mu kwita ku ingagi zo muri Pariki y’ibirunga aho yageze muri 1967.  Muri uyu mwaka Diane Fossey yashinze ikigo cy’ubushashatsi  mu Rwanda yise Karisoke Research center cyari giherereye hagati  mu birunga. Kubera […]Irambuye

Kuwa 16 Mutarama 2014

Mu Rwanda haracyari uduce twubatsemo amazu ahantu hahanamye kandi hashobora guteza akaga mu bihe by’ibiza. Aha ni hakurya y’ahitwa i Biima, ku musozi wa Jali aherekera Shyorongi  mu Karere ka Nyarugenge. Photos:Plaisir MUZOGEYE ububiko.umusekehost.comIrambuye

Uyu munsi mu mahanga bizihije umunsi wo kwambara amakariso

Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 14 Mutarama ahantu hatandukanye ku Isi bizihije umunsi wahariwe kwambara amakariso gusa. Ubundi uyu munsi wizihizwa mu byiciro bitandukanye aho bamwe bawizihiza muri  Mutarama naho abandi bakawizihiza  ku italiki ya mbere muri Werurwe buri mwaka. Uyu munsi watangijwe ubwo umugabo umwe wo muri New york yibagirwaga kwambara ipantalo akajya […]Irambuye

1961:U Bubiligi bwasabwe na ONU gukoresha Kamarampaka mu Rwanda

Nyuma y’uko mu Rwanda hashyizweho Guverinoma nshya yari igizwe n’Abazungu banganya umubare n’Abanyarwanda mu cyiswe Coup d’Etat y’i Gitarama, havutse ikibazo cyo kumenya umwanya ubutegetsi bwa cyami  buhagarariwe n’umwami ndetse n’ingoma ngabe Kalinga bufite mu Rwanda. Nk’uko Padiri Alèxis Kagame yabyanditse abagize iyi goverinoma barimo na Joseph Habyalimana bitaga Gitera bahise batangaza ko bashinze Leta […]Irambuye

Roma- Papa Francis yabatije umwana w’ababyeyi batasezeranye imbere y’Imana.

Mu gitambo cya Misa cyabaye kuri iki Cyumweru taliki 12, Mutarama 2014 cyabereye muri Kiliziya yiswe Chapel Sistine ya Roma, Papa Francis yabatije umwana wavutse ku babyeyi batasezeranye imbere y’Imana. Muri uwo muhango kandi Papa Francis yabatije abandi bana bagera kuri 31 aboneraho umwanya wo gushishikariza abandi bakuru b’amadini  kujya babatiza abana bafite imiryango itarasezeranye […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish