Digiqole ad

Kuwa 29 Mutarama 2014

Ntabwo ari ibya kera gusa, n’ubu mu byaro hari abana bakikurura ku bijerikani bumva umunyenga. Hari nabaserebeka ku mitumba y’insina. Aba bana bari bishimiye guserebeka ku majerekani yamenetse. Aha ni mu Mudugudu wa Gatare, Akagali ka Gasagara mu Murenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo.

Uyu mwana yishimye
Uyu mwana yishimye agiye kumanuka ku kijerekani
Hano arimo aramanuka
Hano arimo aramanuka
We na mugenzi we bari bishimye
We na mugenzi we bari bishimiye guserebeka ku majerekani

Photos: NIYONKURU  Martin

ububiko.umusekehost.com

0 Comment

  • Shahu rwose mwa bana mwe uwakurura innyo ku ibuye ko mbona yarushya ababyeyi mwaba muretse ko ahao hantu mbona ari habi. Kerste iyo ari mutwatsi kandi mukavura.

  • Wowe ntabyo uzi sha! Amabuye twabanzaga kuyakuraho. Uzi umunyenga uba ku guserebeka!!! Narabikoze nanjye muri bya bihe… Nimwinjoyinge rata!

  • Wowe ubanza utazi umunyenga wo kugendera ku mutumba ubwo. Byabaga ari hatari sana

  • erega umwana aba ari umwana, njye nigeze kwihina munsi y’urugo mu gikari nadukira imiyenzi yari yubatse urugo amata yayo nyashyira mu mboro iragenda igira umutwe nkuw’impiri. Nakize ku bwaburembe kuko ubuvuzi bwicyo gihe bwari bucyiri hasi, nari gushiduka bayiciye. Ubu mba ndongoza iki mwo kanyagwa mwe!!!

  • hhhhh utu twana turashimiushije pe

  • Sha ibi biraryoha cyane.Ikabutura yamaraga icyumweru kimwe, kugirango ibe yazanye amadirishya!uzi kugendera ku murumba muri nka 5!none muragirango bakore iki!naho gucundaba.ubu nta hantu hakiboneka amashyamba ya kera yabaga arimo imigozi.Ntumbaze ariko iyo wacika ga…accident yose ni accident!

  • ubonye nk’uwaha utu twana ballon twava hano tugahita tujya kuyiconga! sha….

  • YOOO mbega bishimishije nanjye ibi narabikoze bikaba ikibazo bavuze ngo ngwino bagutume ibi bintu ni byiza uri muri iki
    kigero kuko wumva byose ubifite iyi kuri we ni RAVA 4ariko iyo amaze gukura ibibazo biraza hehe no kuzongera kwerekana iryinyo.Ahubwo Imana ishimwe umuntu abanza nibura kunezerwahoooo!

  • Sha ni uko urutoki rutakiba henshi ubndi kera twakoreshaga imitumba!

  • Mubareke bariya bana ntabwo ari imikino bari mu kazi bariya nibo bazagura imodoka.Umwana ntakina aba ari mu kazi. Ahubwo wowe ubikoze waba uri gukina.

  • ese nkaburiya ikijerekani kimucitse agakuba amabya hasi?

Comments are closed.

en_USEnglish