Kuwa 28 Mutarama 2014 Jean Pierre Nizeyimana 01/28/2014 Kwita ku busitani bigaragaza ubwenge no kugira isuku. Aha ni muri Pétit Séminaire i Ndera, mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Ubusitani butunganyije neza buryohera ababureba Photo: J.P NIZEYIMANA ububiko.umusekehost.com Share this:Click to share on Twitter (Opens in new window)Click to share on Facebook (Opens in new window)
0 Comment
mwongere ngo binaruhura no mu mutwe, iyo urebye nk’ubsitani bw’abashinwa ubanza kugira ngo nibyabi plastiques badushukisha kandi ari naturel, bafite utwuma duconga neza kumurongo, bagashyiramo ifumbire indabo zigahora zitoshye noneho bakanakora ubuskashatsi bavanga indabo kumabara anyuranye, ubwabyo gukunda ibidukikije mbona ari ubwenge no gutera imbere, aho umuntu wateye imbere usanga arangwa nisuku nibintu biri smart!!!!
Comments are closed.