DRC- Inzu ibitse intwaro yahiye ihitana abantu 20

Mu Mujyi wa Mbuji-Mayi, inkuba yakubise intsinga zijyana umuriro mu nzu yabikagwamo intwaro, bituma ifatwa n’inkongi y’umuriro ihitana abantu 20 abandi 50 barakomereka cyane. Iyi mpanuka yabereye mu Mujyi wa Mbuji-Mayi ahari ibirindiro by’ingabo za DRC na MONUSCO. Iyi mpanuka yateye abaturage gukuka umutima kuko urusaku rw’inkuba n’intsinga rwari rukomeye, rukanateza umuriro wahitanye abantu 20. […]Irambuye

Papa Francis yatangaje ko Interinete ari impano y’Imana

Mu gitambo cya Misa mu muhango wo kwizihiza umunsi mukuru w’itumanaho muri Kiriziya Gatolika, Papa Francis yatangaje ko Murandasi  “Interineti”  ari impano y’Imana, ariko abantu bakwiye gukoresha mu bintu byiza. Papa Francis yavuze ko murandasi (Internet) yagerageje gusendereza umunezero w’ubumwe mu muryango mugari w’abatuye Isi kandi  ko ikoranabuhanga ryafashije mu gukwirakwiza Ivanjiri ku Isi. N’ubwo Interineti […]Irambuye

CAR: Ingabo za RDF zahurije hamwe impande zishyamiranye

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Repubulika ya Centrafrika zirasaba abakuru b’amadini kugira uruhare rugaragara mu guhosha imvururu n’ubwicanyi bishingiye ku madini biri kubera muri iki gihugu nk’uko byavugiwe mu nama ingabo z’u Rwanda zagiranye n’Abasilamu ndetse n’Abakirisutu bashyamiranye kuwa kane tariki ya 23 Mutarama, ahitwa Marché Abetayi. RDF yasabye abakuru b’amadini ya Gikirisitu na Kisilamu […]Irambuye

Ntitugapfushe igihe ubusa

Muri izi ntangiriro z’umwaka wa 2014, ni byiza ko buri muntu yanoza imigabo n’imigambi yifitemo kugira ngi azagire icyo ageraho mu kwiteza imbere.  Bimwe mu bigomba kunozwa, ni ibyo gukoresha neza igihe. Niba umuntu ahanye n’undi gahunda ngo azaze kumureba, umunsi uyu n’uyu no ku isaha iyi n’iyi, ni byiza ko bombi babahiriza iyo gahunda […]Irambuye

Brezil: Gusana intoki za Yezu w’i Rio de Jeneiro bizatwara

Abafundi bo muri Brezil batangiye akazi katoroshye ko gusana intoki ebyiri zo ku kiganza  cy’ishusho y’ikibimbano ya Yezu yubatse mu mujyi wa Rio de Jeneiro muri Brezil. Izi ntoki ziherutse gukubitwa n’inkuba mu mvura y’umuvumbi yaguye mu  mpera z’icyumweru gishize. Abayobozi bakuru bo muri kiriyi gihugu  bavuga ko imirimo yo gusana  izi ntoki izamara amezi […]Irambuye

RDF yatangiye kwambura intwaro Anti-Balaka muri CAR

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Repubulika ya Centre Afrique zatangiye kwambura intwaro umutwe w’Abakirisitu  witwa Anti Balaka. RDF itangiye imirimo yo kwambura intwaro uyu mutwe nyuma y’uko yoherejwe kugarura amahoro muri kiriya gihugu cyibasiwe n’imirwano hagati y’umutwe wa Seleka ugizwe n’Abisilamu hamwe n’undi witwa Anti Balaka  ugizwe n’Abakirisitu bashaka kwihorera ku Bisilamu. Kugeza ubu hafi […]Irambuye

Urufunguzo rw’iterambere rirambye mu Rwanda no muri Afurika

Abahanga mu bukungu bemeza ko umugabane w’Afurika uri gutera imbere mu buryo bwihuse kurusha ahandi ku Isi. Imibare itangwa n’ibigo mpuzamahanga mu bukungu igaragaza ko ubukungu bw’Afurika muri rusange buzamuka ku kigero cya 5.6% buri mwaka. Ibi biterwa ahanini n’impinduka mu buyobozi zituma habaho kugabanuka k’umubare w’abakene no kwiyongera kw’abashoramari. Ubu haragaragara cyane izamuka mu […]Irambuye

Catherine Samba yatorewe kuyobora Centre Afrique

Centre Afrique, nyuma y’iyegura rya Michel Djotodia wari Perezida w’inzibacyuho utarabashije guhosha ubwicanyi, kuri uyu wa 20 Mutarama Inteko ishinga amategeko ya Centre Afrique yatoye madame Catherine Samba-Panza nka Perezida mushya w’iki gihugu mu gihe cy’inzibacyuho. Madame Samba Panza yatsinze ku kiciro cya kabiri Desiré Kolingba bari babanje gusa n’abanganya amajwi mu kiciro cya mbere. Catherine […]Irambuye

Umugabo muremure ku Isi yasezeranye n'umukunzi we

Umugabo muremure kurusha abandi ku Isi witwa Sultan Kosen ejo yasezeranye n’umukunzi we Merve Dibo    kubana akaramata. Mu bukwe bwabaye kuri icyi cyumweru uyu mugabo ufite uburebure bwa metero ebyiri na centimetero 51, yasezeranye n’umukuzi we Merve Dibo kubana ubuziraherezo. Uyu mukunzi  we afite metero imwe na centimetero 75 z’uburebure. Sultan Kosen akomoka muri […]Irambuye

Perezida Kagame yahaye inama abayobozi ba Kenya

Kuri uyu wa 20 Mutarama i Naivasha mu mujyi wa Nairobi muri Kenya Perezida Kagame yabonanye n’abayobozi batandukanye muri Kenya ndetse na ba Guverineri 47 b’Intara zigize igihugu cya Kenya, aho yabahaye ikiganiro ku iterambere n’uburyo bwo kuzamura imibereho myiza y’abaturage. Muri iyi nama Perezida Kagame yagurutse ku ruhare imiyoborere myiza igira mu iterambere aho […]Irambuye

en_USEnglish