Guverinoma igiye gushyira ku isoko Treasury Bond z’amafrw miliyari 15

Banki Nkuru y’Igihugu mu izina rya Guverinoma igiye kongera gushyira ku isoko impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta “Treasury Bond” zifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda miliyari 15. Izi mpapuro nshya z’amafaranga miliyari 15, ajya kungana na miliyoni 18.47 z’amadolari ya Amerika ($) Leta izaba yamaze kuzishyura mu myaka itatu iri imbere. Itanngazo dukesha Banki Nkuru […]Irambuye

U Rwanda rwatangiye kurinda amakuru duhererekanya kuri internet

Kuri uyu wa kabiri, Minisiteri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga yafunguye ku mugaragaro ibikorwaremezo bizwi nka “Rwanda Internet Exchange Point (RINEX)” bizafasha mu kurinda amakuru ari kuri internet Abanyarwanda bakoresha, ndetse byihutishe umuvuduko wa internet. Ibi bikorwaremezo byatwaye amafaranga agera ku bihumbi 180 by’amadolari ya Amerika bizakora mu gihe cy’imyaka itanu, byubatswe ku bufatanye n’Umuryango wa Afurika yunze […]Irambuye

Gisagara: Gov.Mureshyankwano yasabye abayobozi kwirinda uburiganya mu bigenewe abaturage

Ubwo hatangizwaga ikigega cyo gushyigikira ubufatanye ku bikorera, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Mureshyankwano Marie Rose yasabye abayobozi b’inzego zizakurikirana imikorere y’iki kigega kwirinda amakosa akunze kugaragara mu bikorwa nk’ibi agatuma amafaranga atagera ku ntego aba yateganijwe. Abafite ibikorwa bibyara inyungu ndetse n’abibumbiye mu makoperative baravuga ko kuba Akarere ka Gisagara ari kamwe mu Turere tune twatoranijwe […]Irambuye

Niba hari abanyamahanga barenga ku mategeko y’umurimo ntibahanwe ni amakosa

Kuri uyu wa mbere, Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda, n’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba Francois Kanimba avuga ku ihohoterwa rivugwa mu bigo by’abashoramari b’abanyamahanga, yavuze ko habaye hari Kompanyi z’abashoramari b’abanyamahanga zitubahiriza amategeko agenga umurimo ryaba ari ikosa rya Guverinoma kuko ifite inzego zishinzwe kugenzura umurimo. Mu cyumweru gishize twabagejejeho inkuru y’bakozi bo mu nganda, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, […]Irambuye

Kuba business yafunga ni byiza aho kugumaho ari baringa– Francis

*U Rwanda ni urwa kabiri muri Africa mu korohereza ishoramari by’umwihariko SMEs, *Muri rusange 60% SMEs zifunga zitaramara imyaka, *Hejuru ya 65% by’amafaranga y’abashoramari yinjiye mu bukungu bw’u Rwanda aturuka hanze Kuri uyu wa mbere, umuyobozi wa RDB Francis Gatare yatangaje ko kubera ingamba nyinshi Leta yagiye ifata zigamije korohereza abashoramari byatumye ishoramari ryiyongera, muri […]Irambuye

Amavubi U20 arerekeza muri Maroc kuri iki cyumweru

Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 irerekeza muri Maroc mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, kwitabira irushanwa rizatangira kuwa kabiri tariki 08 Ugushyingo. Abakinnyi 20, umutoza Vincent Mashami n’ababahereke batanu (5) barabanza kunyura Dubai, babone kwerekeza i Casablanca muri Maroc biteganyijwe ko bazagera kuwa mbere mu masaha ya nyuma ya saa sita. Nk’uko tubikesha urubuga rw’Ishirahamwe […]Irambuye

Muhanga-Kamonyi: Abanyamuryango ba FPR biyemeje gukosora amakosa yakozwe muri Girinka

Kuri iki cyumweru, mu nteko rusange y’umuryango FPR-Inkotanyi mu Turere twa Muhanga na Kamonyi, abanyamuryango mu Turere twombi biyemeje gukosora amakosa yakozwe muri gahunda ya Girinka na gahunda ya VUP. Iyi nteko rusange yari igamije kurebera hamwe inshingano, imiterere n’imikorere y’umuryango ndetse n’uruhare rw’abanyamuryango mu kwihutisha gahunda za Leta  zitandukanye ziteza imbere imibereho y’abaturage. Chairperson […]Irambuye

Rayon Sports iyoboye urutonde rwa Shampiyona, APR FC ku mwanya

Rayon Sports FC ubu iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona y’ikiciro cya mbere, nyuma yo gutsinda Marines FC ibitego bitatu ku busa, abakeba APR FC na Sunrise yari iyoboye urutonde rwa Shampiyona ikanganya na Pepiniere. Nk’uko bimaze kumenyerwa, imikino ya “Azam Rwanda Premier League”, imikino y’umunsi wa kane yatangiye kuwa gatanu Police FC itsinda Gicumbi FC […]Irambuye

Dutemberane muri Parike ya Nyungwe

*Mu kwezi gushize RDB yatangijeubukangurambaga bwa Tembera u Rwanda bugamije gukangurira Abanyarwanda gusura ibyiza nyaburanga by’igihugu cyabo *Mu gutangiza ubu bukangurambaga twatemeranye umuhora w’umurage n’amateka *Ubu, turabatembereza Parike ya Nyungwe irimo inyoni, inyamanswa n’ibiti nk’Umushibishibi wabayeho mu gihe cya za Dinosaur. Parike ya Nyungwe ni imwe muri Parike zifite ishyamba rimaze imyaka myinshi cyane muri […]Irambuye

Umuryango wa Kigeli V wemeje ko azatabarizwa mu Rwanda,…baracyiga kuwamusimbura

Umuryango w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa washyize ahagaragara itangazo rivuga ko Umugogo w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa uzatabarizwa mu Rwanda. Iri tangazo riravuga ko umugogo wa Kigeli V uzatabarizwa i Mwima, mu Karere ka Nyanza aho yimikiwe. Itariki n’imihango byo kumusezeraho bwa nyuma ngo bikazatangazwa mu minsi iri imbere. Iri tangazo ryashyizweho umukono n’Igikomangoma, akaba na  Mushiki […]Irambuye

en_USEnglish