Tubona Leta ititaye ku karengane n’akababaro k’abakozi – COTRAF

Urugaga (Syndicat) rw’abakozi bo mu nganda, ubwubatsi, amacapiro n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro “COTRAF” rusanga Leta igenda biguruntege mu gukemura ibibazo by’abakozi bakora muri izo nzego kandi bahura n’akarengane kenshi, bamwe ngo baramugara, barakubitwa, baratukwa, bishyurwa nabi n’ibindi byinshi. Ntakiyimana Francois, umyobozi wa COTRAF avuga ko mu bihembwe bitatu by’uyu mwaka wa 2016 utararangira, bamaze kwakira ibibazo […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane na Treasury bond zifite agaciro karenga miliyoni

Uyu munsi ku isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe imigabane n’impapuro z’agaciro mvunjwafaranga (Treasury bond) bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 15 149 000. Hacurujwe impapuro z’agaciro mvunjwafaranga zifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 15,100,000, ku giciro cy’amafaranga 104.2 ku mugabane umwe. Hacurujwe kandi imigabane 700 ya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga 49,000, ku giciro cy’amafaranga 70 ku mugabane […]Irambuye

Niger: Imirwano hagati y’abahinzi n’aborozi yahitanye 18

Niger – Imirwano yaturutse ku nka z’aborozi bazwiho guhora bimuka (aba-nomade) bo mu bwoko bwa’Aba-Fulani zoneye umuhinzi, yahitanye abantu 18, abandi 20 barakomereka. Iyi mirwano yabereye mu gace kitwa Bangui, gaherereye mu Majyepfo ya Niger, hafi y’umupaka w’icyo gihugu na Nigeria. Umuyobozi w’Akarere ka Bangui, Oumarou Mohamane yabwiye ibiro ntaramakuru by’abongereza Reuters ko imirwano ijya […]Irambuye

I Kigali hateraniye inama igamije kunoza imitangire y’amasoko ya Leta

Kuri uyu wa gatatu i Kigali hatangiye inama y’iminsi itatu yahuje abayobozi bashinzwe amasoko ya Leta mu bihugu by’akarere k’Afurika y’Iburasirazu, bariga buryo bwo kunoza imikorere n’ibibazo bigaragara mu mitangire y’amasoko ya Leta mu bihugu by’akarere. Atangiza iyi nama, Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Ambasaderi Claver Gatate yagarutse ku kunoza imitangire y’amasoko ya Leta, avuga ko igombo […]Irambuye

Ivory Coast: 93% batoye ‘Yego’ bemeza Itegeko Nshinga rishya

Komisiyo y’igihugu y’Amatora muri Ivory Coast yamaze gutangaza ko mu matora yabaye ku cyumweru, abtoye Yego bemeza Itegeko Nshinga rishya bagera kuri 93.42%. Aya matora ariko yitabiriwe n’abantu bacye, kuko mubagombaga gutora hatoye 42.42% gusa, ariko na none bararuta 7% abatavuga rumwe na Leta bakekaga ko aribo gusa bazitabira amatora. Aya matora kandi yabaye ashyigikiwe […]Irambuye

Rulindo: Impanuka y’imodoka yahitanye babiri

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabir Tariki 01 Ugushyingo, impanuka y’imodoka ebyiri zagonganiye mu Mudugudu wa Kinini, Akagari Ka Kirenge, Umurenge wa Rusiga, mu Karere ka Rulindo yahitanye abantu babiri, abandi babiri barakomereka byoroheje. Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ryatangaje ko iyi mpanuka yabaye mu gihe cya Saa tanu z’ijoro (23h00), ubwo […]Irambuye

MTN-Rwanda yatangije ukwezi kwahariwe Serivise ya Mobile Money

Kuva kuri uyu wa 01 Ugushyingo, MTN-Rwanda yatangije ubukangurambaga bw’ukwezi kumwe kwahariwe Serivise ya Mobile Money, bugamije gukangurira abantu kuyikoresha no kwimakaza ubukungu butarangwamo amafaranga agendanwa mu ntoki (cashless economy) cyane. Insanganyamatsiko y’ukwezi kwa Mobile Money muri uyu mwaka ifite insanganyamatsiko igira iti “Let’s Go Cashless” bishatse kuvuga ngo “tugende nta mafaranga ‘cash’ dufite”. Muri […]Irambuye

Aloys Kanamugire arasaba abafana ba Kiyovu Sports kwihangana

Umutoza mukuru wa Kiyovu Sports, Aloys Kanamugire arasaba abakunzi bayo gukomeza kwihanganira umusaruro muke muri Shampiyona, kuko abakinnyi afite bataramenyera guhangana. Mu mpera z’iki cyumweru, ubwo hakinwaga umunsi wa gatatu wa Shampiyona, abakunzi ba Kiyovu Sports ntibishimiye uko ikipe yabo yitwaye. Yanyagiriwe ku kibuga cyayo na Gicumbi FC ibitego 4-1. Nyuma yo kunyagirwa na Gicumbi, Kanamugire […]Irambuye

Amavubi U20: Savio ayoboye 26 bitegura kujya muri Maroc, na

Ikipe y’igihugu Amavubi yatumiwe mu marushanwa abiri y’abatarengeje imyaka 20 muri Maroc n’irya ‘COSAFA’ rizabera muri Afurika y’Epfo, Umutoza wayo Jimmy Mulisa yatangaje abakinnyi 26 bagomba gutangira umwiherero, bayobowe na Kapiteni Savio Nshuti Dominique. Kuri uyu wa kabiri tariki 1 Ugushyingo 2016, ikipe y’igihugu Amavubi y’abateregeje imyaka 20 iratangira imyitozo, yitegura amarushanwa yatumiwemo, ariyo ‘The […]Irambuye

en_USEnglish