Wari uzi ko ingaruka zo kwitukuza ziremereye cyane?

Muri iyi minsi kubera gushaka uruhu rucyeye abakobwa cyane cyane bari kwisiga amavuta asanzwe n’ ayitwa ‘serum’ bibafasha guhindura uruhu, nyamara birengagije ingaruka zikomeye bari kwikururira. abantu bitukuza akenshi bakunze gukoresha amavuta abamo ibinyabutabire (produits chimiques) binyuranye cyane cyane ‘hydroquinone’, n’izindi. Hydroquinone nubwo iba mu mavuta atukuza ni uburozi bukomeye, kuko hari ubwoko bwayo bukoreshwa […]Irambuye

Umuyobozi wa Kaminuza Mpuzamahanga ya Rusizi yatawe muri yombi

Umuyobozi wa Kaminuza Mpuzamahanga ya Rusizi (Rusizi International University), Dr Pascal Gahutu yaraye atawe muri yombi na Polisi ku mugoroba wo kuri uyu gatatu tariki 08 Gashyantare, mu masaha ya saa kumi n’imwe, akekwaho kunyereza amafaranga no gukoresha inyandiko mpimbano. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Uburengerazuba CIP Theobard Kanamugire yahamirije Umuseke aya makuru, gusa ntitangaza […]Irambuye

APR FC ya 2004 irusha iy’uyu mwaka kwiyizera gusa- Jimmy

APR FC niyo kipe yo mu Rwanda yageze kure mu marushanwa ya CAF; Champions league na Confederation Cup. Muri 2004 yageze muri ¼ yanasezereye igihangange Zamalek yo mu Misiri. Mulisa wayikiniraga uyitoza ubu yemeza ko icyabafashaga cyananiye abakina ubu ari ukwiyizera. 2004 ni umwaka utazibagirana mu bakunzi ba APR FC. Usibye kuwutwaramo igikombe cya mbere […]Irambuye

RSE: Hacurujwe Treasury Bond n’imigabane ya miliyoni Esheshatu z’amaFrw

Kuri uyu wa gatatu ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe ‘Treasury Bond’ n’imigabane ya Crystal Telecom na Bralirwa ifite agaciro ‘amafaranga y’u Rwanda 6 087 500. Ku isoko hacurujwe impapuro z’Agaciro Mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) zifite agaciro k’amafaranga 703,500 zacurujwe ku mafaranga 100.5 ku mugabane, muri ‘deal’ imwe. Hacurujwe kandi imigabane 55,000 ya Crystal […]Irambuye

Kuwa gatatu: Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 103.33

Kuri uyu wa 08 Gashyantare 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga 103.33. Kuwa kabiri umugabane w’iki kigega wari ku mafaranga 103.32, none kuri uyu wa gatatu wageze ku mafaranga 103.33, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda 01. Agaciro k’umugabane mu Kigega ‘Iterambere Fund’ gakomeje […]Irambuye

Nirere Gentille arasobanura umwambaro we w’umunsi

*Umuseke ugiye kujya ubahitiramo umwambaro w’umunsi. Kuri uyu wa gatatu, twahisemo uko Nirere Gentille ni umunyeshuri muri kaminuza yu Rwanda ishami ry’ubushabitsi n’icungamutungo “University of Rwanda College of Business and Economics (CBE)” yari yambaye. Nirere wanabaye igisonga cya kabiri cya miss CBE 2016, aganira n’Umuseke yagarutse ku cyamuteye kwambara ipantalo ya  jeans y’ubururu, umupira n’inkweto […]Irambuye

Afghanistan: IS irakekwaho kwica abakozi 6 ba Red Cross

Kuri uyu wa gatatu, ishami ry’umutwe w’Iterabwoba wa ‘IS’ rikorera muri Afghanistan rirakekwaho kuba ariryo ryishe abakozi batandatu (6) b’Umuryango utabara imbabare wa ‘Red Cross’. Aba bakozi ba ‘Red Cross’ barasiwe mu gace kitwa Qush Tepa mu Ntara ya Jowzjan iri mu majyaruguru ya Afghanistan bahita bapfa. Ubuyobozi bw’iyi Ntara bwatangarije BBC dukesha iyi nkuru […]Irambuye

Leta igiye kugurisha 19.61% ifite muri I&M Bank

Kuri uyu wa kabiri, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Amb. Claver Gatete yatangaje ko mu cyumweru gitaha ku itariki 14 Gashyantare hazatangira isoko ry’ibanze “Initial Public Offer (IPO)” hagurishwa imigabane ingana na 19.61% Leta ifite muri I&M Bank. Amakuru arambuye ku icuruzwa ry’iyi migabane 99,000,000 azatangazwa neza ku itariki 14 Gashyantare ubwo izaba ishyirwa ku isoko. Minisitiri […]Irambuye

Future Africa batoranyije abazamurika imideli mu gitaramo kizabera muri Convention

Ku nshuro ya mbere i Kompanyi “Future Africa” yateguye igitaramo yise ‘Women achievement Gala’, kigamije guhemba abagore b’indashyikirwa mu nzego zitandukanye. Niragire Nina umwe mu bari gutegura iki gitaramo yabwiye Umuseke ko igitaramo giteganyijwe kuba ku itariki 04 Werurwe 2017. Kikazabera muri Kigali Convention Center, ku Kimihurura. Nina kandi avugako intego za “Future africa” ari […]Irambuye

Ku Isoko ry’Imari n’imigabane hacurujwe imigabane ya Crystal Telecom ya

Kuri uyu wa kabiri, ku Isoko ry’Imari n’imigabane hacurujwe imigabane ry’u Rwanda imigabane ya Crystal Telecom n’iya Banki ya Kigali ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 21,246,000. Ku isoko hacurujwe imigabane 235,300 ya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga 21,177,000, yacurujwe muri ‘deals’ ebyiri. Iyi migabane yacurujwe ku mafaranga 90 ku mugabane, ari nacyo giciro wariho ejo […]Irambuye

en_USEnglish