358 barangije muri Tumba College of Technology basabwe gutinyuka umurimo

Kuri uyu wa kane abagera kuri 358 barangije mu ishuri rikuru ry’Ikoranabuhanga rya Tumba “Tumba College of Technology” basabwe gutinyuka umurimo wari wo wose kuko umurimo muto ubyara munini. Aba barangije amasomo mu mashami ya ‘Electronic and Telecommuniction, Information Technology  na  Alternative Energy’. Muri uyu muhango Umuyobozi w’iri shuri Eng. Gatabazi Pascal yasabye gukunda igihugu […]Irambuye

Manda ya II ya Paul Kagame yageze ku ntego ze

Nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame witegura kwiyamamariza manda ya gatatu y’imyaka irindwi hari byinshi yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura amezi macye ngo manda ya kabiri ya Perezida Paul Kagame irangire, UM– USEKE uzajya […]Irambuye

Ku isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe miliyoni 21

*Agaciro k’umugabane wa BK kazamutseho amafaranga 2 Kuri uyu wa 15 Gashyantare 2017, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya Crystal Telecom n’iya Banki ya Kigali, n’impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 21 358 000. Kuri uyu wa gatatu ku isoko hacurujwe impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) […]Irambuye

Kuwa gatatu: Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 103.52

Kuri uyu wa 15 Gashyantare 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga 103.52. Kuwa kabiri umugabane w’iki kigega wari ku mafaranga 103.49, none kuri uyu wa gatatu wageze ku mafaranga 103.52, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.03. Agaciro k’umugabane mu Kigega ‘Iterambere Fund’ gakomeje […]Irambuye

Ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya BK, Crystal Telecom

Kuri uyu wa 14 Gashyantare, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali (BK), iya Crystal Telecom n’iya Bralirwa ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 1 255 600. Kuri uyu wa kabiri, hacurujwe imigabane 3,300 ya BK ifite agaciro k’amafaranga 762,600, yagurishijwe muri ‘deals’ ebyiri. Iyi migabane yacurujwe ku mafaranga 234, ari nacyo giciro […]Irambuye

Kuwa kabiri: Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 103.49

Kuri uyu wa 14 Gashyantare 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga 103.49. Kuwa mbere umugabane w’iki kigega wari ku mafaranga 103.47, none kuri uyu wa kabiri wageze ku mafaranga 103.49, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.02. Agaciro k’umugabane mu Kigega ‘Iterambere Fund’ gakomeje […]Irambuye

Nyagatare: Hoteli y’Intara iri kubakwa kuva 2013 ubu igeze kuri

Ubuyobozi bw’umushinga wa Hoteli y’Intara y’Iburasirazuba “EPIC Hotel” yubakwa mu Karere ka Nyagatare buratangaza ko nyuma yo gukerererwa hafi imyaka itatu, ngo noneho igiye kuzura. Iyi Hoteli yubatse ku buso bwa Hegitari enye (Ha 4), ifite ibyumba 78 biri mu byiciro bitandukanye nka ‘presidential, superior, executive, na standard’. Ifite kandi ibyumba by’inama, kimwe gishobora kwakira […]Irambuye

Shimwa Guelda uhatanira Miss Rwanda 2017 ngo azafasha urubyiruko kwihangira

Shimwa Guelda w’imyaka 20, umwe mu bakobwa 15 batorewe gukomeza mu kiciro cya nyuma cy’abahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017, arasaba Abanyarwanda kumushyigikira mu rugamba arimo kuko natsinda azafasha urubyiruko , abigisha kwihangira imirimo ndetse no guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda (Made in Rwanda). Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke, Guelda yavuze ko natorerwa kuba Nyampinga […]Irambuye

Uko Isoko ry’Imari n’Imigabane ryari ryifashe muri iki cyumweru

Muri iki cyumweru Isoko ry’Imari n’imigabane ryaritabiriwe kurusha icyumweru, agaciro k’imigabane yacurujwe kasubiye inyumaho amafaranga y’u Rwanda 313,501,100. Muri iki cyumweru, Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE) ryafunguye imiryango iminsi itanu. Muri iyo minsi itanu, hacurujwe imigabane ya Bralirwa, Banki ya Kigali na Crystal Telecom igera kuri 838,300, ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 155,229,000, […]Irambuye

Ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya BK ya miliyoni

*Agaciro k’umugabane wa BK kazamutseho ifaranga rimwe. Kuri uyu wa 10 Gashyantare, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali (BK) ifite agaciro k’amafaranga 57,345,400, yacurujwe muri ‘deals’ eshatu. Uyu munsi, umugabane wa BK wacurujwe ku mafaranga 232, ari hejuruho ifaranga rimwe, ku gaciro wariho ejo hashize k’amafaranga 231. Bivuze ko agaciro k’umugabane […]Irambuye

en_USEnglish