Muri iki cyumweru, umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wazamutseho +0.18

Ugereranyije no kuwa gatanu w’icyumweru gishize, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT)” muri iki cyumweru wazamutseho +0.18. Kuri uyu wa 10 Gashyantare 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 103.38, uvuye ku mafaranga 103.20 wariho kuwa gatanu w’icyumweru gishize. Ugereranyije no kuwa kane, umugabane w’iki kigega […]Irambuye

Gufata Telephone uvura umurwayi ni Serivisi mbi – Min. Dr.

Kuri uyu wa gatanu mu kiganiro n’abanyamakuru Minisitiri w’umubuzima Dr. Diane Gashumba yatangaje ko impamvu bafashe umwanzuro wo kubuza abaganga kwinjirana Telefone mu kazi ari uko gufata Telefone uvura umurwayi ari Serivisi mbi umuganga aba ari guha umurwayi. Mininisitiri Dr. Gashumba yavuze ko bataciye Telefone mu mavuriro bya burundu, ahubwo ngo hazasigara Telefone imwe ikoreshwa […]Irambuye

Business Mag bateguye ibirori bizahuza abambaye ibitenge

Ikinyamakuru ‘Business Mag’ cyateguye ibirori byiswe ‘Kitenge Dress Code Dinner’ bizitabirwa n’abantu bambaye ibitenge bikorerwa mu Rwanda. Aimable Ngendahayo, umuyobozi wa Business Mag yabwiye Umuseke ko bahisemo gutegura iki gitaramo mu rwego rwo gukundisha abantu ibikorerwa mu Rwanda “Made in Rwanda”. Yagize ati “Twahisemo gutegura Kitenge Dress Code Dinner mu rwego rwo guteza imbere ibikorerwa […]Irambuye

Gicumbi: Abacururiza mw’isoko rya kijyambere barashima Akarere

Abacururiza mu isoko rinini rya kijyambere riherereye mu mujyi wa Byumba, barashima ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bwabavugururiye. Nyuma y’uko umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza Benihirwe charlotte yumvise ibibazo by’aba bacuruzi ndetse isoko ryabo rikavugururwa, abacuruzibarashimira ubuyobozi. Mu mwaka ushize twari twabagejejeho ibibazo bya bariya bacuruzi basaba ko rivugururwa kuko riri kubahombya. Soma iyo nkuru […]Irambuye

MissRwanda 2017: Honorine ‘Igisabo’ ngo azateza imbere ‘made in Rwanda’

Uwase Hirwa Honorine w’imyaka 20 ubu uzwi cyane ku kazi ka “Igisabo”, umwe mu bakobwa 15 batorewe gukomeza mu kiciro cya nyuma cy’abahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017, arasaba Abanyarwanda kumushyigikira mu rugamba arimo kuko natsinda azanateza imbere ibikorerwa mu Rwanda (Made in Rwanda). Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke, Honorine yavuze ko natorerwa kuba Nyampinga w’u […]Irambuye

Abashinzwe amasoko ya Leta bakunda kugura ibyo hanze kubera Ruswa

*Abikorera bishimiye ko Perezida wa Repubulika ubwe yiyemeje gukemura ibibazo bahura nabyo iyo bahatanira amasoko ya Leta. Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda rutunga agatoki abashinzwe amasoko ya Leta ko akenshi banga kugura ibikorerwa mu Rwanda bakagura ibyo hanze kubera ko ho baba bashobora gukoramo uburiganya bakaryamo Ruswa. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na Benjamin Gasamagera, umuyobozi w’Urugaga […]Irambuye

Umutoni Pamela uhatanira Miss Rwanda 2017 mu rugamba rwo kurengera

Umutoni Pamela w’imyaka 19, mu bakobwa 15 batorewe gukomeza mu kiciro cya nyuma cy’abahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017, arasaba Abanyarwanda kumushyigikira mu rugamba arimo rwo kurengera ibidukikije.   Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke, Umutoni Pamela yavuze ko natorerwa kuba Nyampinga w’u Rwanda 2017, bizamufasha gushyira mu ngiro umushinga afite wo gushishikariza abantu kubungabunga ibidukikije. […]Irambuye

Kuwa kane: Uko Isoko ry’Imari n’Imigabane ryari ryifashe

*Agaciro k’umugabane wa BK kazamutseho ifaranga rimwe. Kuri uyu wa 09 Gashyantare, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe Impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) n’imigabane ya Banki ya Kigali bifite agaciro k’amafaranga 20 258 300. Hacurujwe ‘treasury Bond’ zifite agaciro k’amafaranga 19,300,000, zagurishijwe ku mafaranga 104.41 ku mugabane muri ‘deal’ imwe. Ni mpapuro z’imyaka […]Irambuye

Kuwa kane: Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 103.36

Kuri uyu wa 09 Gashyantare 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga 103.36. Kuwa gatatu umugabane w’iki kigega wari ku mafaranga 103.33, none kuri uyu wa kane wageze ku mafaranga 103.36, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda 03. Agaciro k’umugabane mu Kigega ‘Iterambere Fund’ gakomeje […]Irambuye

en_USEnglish