Kuri Manda ya II P.Kagame yageze ku ntego ze zo

Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura amezi macye ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mubyo yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Inkuru iheruka yagarutse ku kuri Porogaramu […]Irambuye

Menya ‘Louis Vuitton’ uruganda rukora imideli itandukanye

Uruganda ‘Louis Vuitton’ rwamenyekanye ku kirango cya ‘LV’ rwashinzwe ahagana mu 1854 i Paris mu Bufaransa, rushingwa n’umugabo ‘Louis Vuitton’, ubu rukorera mu bihugu birenga 50 ku isi, ndetse rukaba rufite amaduka acuruza imideli yabo arenga 460. LV ubu ni rumwe mu nganda z’imideli zikunzwe cyane ku isi, rukaba ruzwi cyane ku gukora imideli igezweho […]Irambuye

Umwanditsi Mukuru wa RDB yatesheje agaciro cyamunara BK yagurishijemo uruganda

Umwanditsi Mukuru wa  RDB yatesheje agaciro cyamunara yakoreshejwe na Me RUBAYIZA Kashamura Joseph ahagarariye Banki ya Kigali, aho yagurishijemo uruganda rw’umucari rwa DUKOREREHAMWE Company Ltd ruherereye mu Akagari ka Gakoni, Umurenge wa Muganza, Akarere ka Rusizi kuko ngo binyuranyije n’amabwiriza nk’uko byemejwe n’Umwanditsi Mukuru mu cyemezo no 017-018645 yafashe kuwa 27/03/2017. Iby’uru ruganda byamenyekanye mu kwezi […]Irambuye

Mu 2017 ibiciro ku masoko bizazamuka cyane kurusha umwaka ushize

*Bitegenyijwe ko kugera mu mpera z’uyu mwaka ibiciro ku masoko bizaba bimaze kuzamukaho 7%; *Hari ikizere ko izamuka ry’ubukungu rya 6% ryazagerwaho; *BNR itewe impungenge no kwiyongera kw’inguzanyo zitishyurwa neza. Banki nkuru y’igihugu yatangaje ko urwego rw’imari rw’u Rwanda ruhagaze neza nubwo inguzanyo zitishyurwa neza zikomeje kwiyongera mu bigo by’imari, ibiciro ku masoko bikaba bikomeje […]Irambuye

Ubu RSSB yamaze ‘kugura’ SONARWA General Insurance

Guverineri wa Banki nkuru y’igihugu John Rwangombwa yatangaje ko Ikigo cy’igihugu cy’ubwishingizi n’ubwizigame (RSSB) cyamaze kugura igice kinini cya Kompanyi y’Ubwishingizi ‘SONARWA General Insurance’, ndetse ngo n’ibiganiro byo kugura ‘SONARWA Life’ biri hafi gusoza. Guverineri John Rwangombwa yabwiye Umuseke ko kumvikana byamaze kuba ku gice kimwe cya SONARWA, ndetse ngo ibiganiro bigikomeye. Yagize ati “Icyo […]Irambuye

Ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe ‘treasury Bond’ za miliyoni 300

Kuri uyu wa kabiri, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe Impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond), imigabane ya Bralirwa n’iya Crystal Telecom bifite agaciro k’amafaranga 300 106 300. Hacurujwe Impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta zifite agaciro ka miliyoni 300 z’amafaranga y’u Rwanda, zagurishijwe muri ‘deal’ imwe, ku mafaranga 102.5 ku mugabane. […]Irambuye

Wasafi ya Diamond igiye kwinjira mu isoko rya Muzika ry’u

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, Umuhanzi Diamond Platinumz nyiri Wasafi ifite ibikorwa byo gukora no gutunganya muzika ndetse no kuyicuruza, yatangaje ko agiye gufungura ibiro mu Rwanda. Diamond Platinumz abinyujije kuri instagram ye yagize ati “Nshuti bahanzi b’Abanyarwanda, nejejwe no kubamenyesha ko kuva mu cyumweru gitaha ishami rya wasafi.com (urubuga rwa internet rwa […]Irambuye

Ni mpamvu ki abahanzi b’imideli mu Rwanda batamenyekana cyane?

Nubwo abahanzi b’imideli bagenda biyongera, ndetse n’isoko ry’ibikorerwa mu Rwanda rikaba rigenda ryaguka kubera gahunda ya ‘made in Rwanda’ haracyari ikibazo cy’imyambaro n’abayihanze (designers) batamenyekana cyane kandi ibyo bakora bikenewe. Abantu banyuranye bari mu ruganda rw’imideli (fashion industry) basanga kuba abahanzi b’imideli (designers) batamenyekana aribo babyitera kuko ubu bashyiriweho uburyo bwisnhi bwatuma bamenyekana. Umurungi Belise, […]Irambuye

Mme J.Kagame yahembye abana b’abakobwa 91 batsinze neza ibizamini bya

Bugesera – Kuri uyu wa kabiri, umuyobozi mukuru wa Imbuto Foundation Mme Jeannette Kagame ari kumwe na Minisitiri Esperance Nyirasafari w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango n’ushinzwe uburezi mu mashuri abanza n’ayisumbuye muri MINEDUC bahembye abana b’abakobwa 91 babaye indashyikirwa mu Karere ka Bugesera bagatsinda neza amashuri abanza, ikiciro rusage n’amashuri yisumbuye. Muri uyu muhango, Mme Jannette Kagame yavuze […]Irambuye

Turacyafite icyuho mu mitangire Serivise mu nzego zose – Shyaka

Kuri uyu wa 30 Werurwe 2017, Urwego rw’Igihugu ry’Imiyoborere (RGB) ruratangiza ubukangurambaga bwise ‘Nk’uwikorera’ bugamije gukangurira abatanga Serivise mu nzego za Leta n’Ibikorera kunoza Serivise batanga kuko ngo hakigaragara icyuho mu mitangire ya Serivise. Serivise nirwo rwego runini mu bukungu bw’u Rwanda kuko rwihariye 48% by’umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP). Ibipimo bya RGB bigaragaza ko igipimo […]Irambuye

en_USEnglish