Iyo wambaye neza n’Imana yakira ubusabe bwawe vuba- Luckman Nzeyimana

Luckman Nzeyimana benshi bakunda kwita Lucky, ni umunyamakuru w’imyidagaduro kuri Royal TV, avuga ko iyo umuntu yambaye neza n’Imana yumva vuba ubusabe bwe. Mu kiganiro kirambuye Lucky yagiranye n’Umuseke yagarutse cyane ku myambarire ye n’uko umunyamakuru wa TV aba agomba kwambara. Umuseke: Lucky  ni muntu ki ? Lucky: Lucky ni imfura mu muryango w’abana bane, […]Irambuye

Ku Isoko ry’Imari n’imigabane hacurujwe imigabane ya BK y’amafrw 25,000

Kuri uyu wa mbere Isoko ry’Imari n’imigabane ntabwo ryitabiriwe cyane, hacurujwe imigabane 100 ya Banki ya Kigali (BK) gusa, fite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 25,000. Iyi migabane yagurishijwe muri ‘deal’ imwe, ku mafaranga 250 ku mugabane ari nacyo giciro wariho kuwa gatanu w’icyumweru gishize. Kimwe na BK, ibiciro by’imigabane y’ibigo biri ku isoko ry’imari n’imigabane […]Irambuye

Kuwa mbere: Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 104.57

Kuri uyu wa 27 Werurwe 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga  104.57, wazamutseho amafaranga +0.08. Kuri uyu wa mbere, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 104.57, uvuye ku mafaranga 104.49 wariho kuwa gatanu, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.08 ugereranyije n’igiciro […]Irambuye

Muhanga: Min. MUNYESHYAKA yikomye abashuka abana b’abakobwa

Mu muhango wo guhemba inkubito z’Icyeza 25 zatsinze neza wabereye mu Murenge wa Shyogwe, mu Karere ka Muhanga, MUNYESHYAKA Vincent, Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yanenze bamwe mu bagabo bashuka abana b’abakobwa anasaba inzego zitandukanye guhagurukira iki kibazo. Muri uyu muhango hatanzwe ubuhamya bwa garutse kubyagezweho na zimwe mu mbogamizi zikigaragara mu burezi […]Irambuye

Gicumbi: Abunzi badakemura ibibazo basabwe kwegura badategereje amatora

Nyuma y’uko abaturage bo mu Kagari ka Gatwaro, Umurenge wa Rutare, bamugaragarije ibibazo by’Abunzi badakemura ibibazo by’abaturage uko bikwiye, Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi Mudaheranwa Juvenal yasabye Abunzi kujya bakemura ibibazo by’abaturage abatabishoboye bakegura hakiri kare batarindiriye amatora. Abaturage bo muri kariya Kagari bavuga ko bakunze gusiragizwa n’abunzi mu gihe babazaniye ibibazo, ndetse ngo rimwe na […]Irambuye

Insengero zikwiye kujya zigenera ishimwe abahanzi bazibarizwamo – Patient Bizimana

Patient Bizimana, umwe mu bahanzi bagezweho bakora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel), asanga umuhanzi ubarizwa mu rusengero ruba rukwiye kujya rumugenera ishimwe. Patient Bizimana ari mu myiteguro y’igitaramo azakora kuri Pasika, ku itariki ya 16 Mata 2017, kizabera muri Radisson Blu, aho azaba ari kumwe n’abandi bahanzi bafite indirimbo zo kuramya no guhimbaza […]Irambuye

Umutekano w’Abarokotse Jenoside ntuhagije ingengabitekerezo itaracika – Kagame

Ubwo yagezaga ijambo ku Ihuriro ry’Abanyamerica n’Abanya-israel «American Israel Public Affairs Committee/AIPAC» rikorera ubuvugizi Israel kuri America n’ibindi bihugu, Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira umubano mwiza u Rwanda rufitanye na Israel, ndetse anasaba isi kwunga ubumwe mu kurandura burundu ingengabitekerezo ya Jenoside kugira ngo abayirokotse bizere ko batekanye bya nyabyo. Perezida Paul Kagame wabaye Perezida […]Irambuye

CAF yimuye umukino wa Rayon Sports na Rivers United

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa ‘CAF’ yemeye ubusabe bw’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bwo kwimura umukino wa Rayon Sports na Rivers United mu marushanwa ya ‘Confederation cup 2017’. Nk’uko bigaragara mu itangazo yasohoye ku cyumweru, CAF ivuga ko yabonye ubusabe bwa FERWAFA bwo kwimura imikino wa Rayon Sports na Rivers United yari kuba ku […]Irambuye

Dufite imiryango 1 684 y’abana barokotse Jenoside batishoboye badafite aho

Ubuyobozi bw’Ikigega cy’Igihugu gishinzwe gutera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye ‘FARG’ buratangaza ko ubu hari imiryango 1 684 idafite aho kuba, yiganjemo abana b’imfubyi babaga mu miryango itandukanye n’ibigo by’imfubyi ubu bakaba bamaze gukura nabo bakeneye kugira aho baba. Ibi byavuze n’umuyobozi wa FARG Théophile Ruberangeyo ubwo yari yifatanyije n’urubyiruko rwibumbiye mu miryango ya ‘AERG’ […]Irambuye

Ubu Rayon Sports irasiga APR iyikurikiye amanota 8

Nyuma yo gutsinda ikipe y’Umujyi wa Kigali ‘AS Kigali’ igitego kimwe ku busa, ubu Rayon Sports irasiga mukeba APR FC iyikurikiye amanota umunani (8) kandi igifite umukino w’ikirarane. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu, Rayon Sports yatsinze AS Kigali 1-0 cyatsinzwe na myugariro Manzi Thierry n’umutwe ku munota wa 37 w’igice cya mbere. Mu […]Irambuye

en_USEnglish