Polisi irasaba itangazamakuru kuyifasha guhangana n’ibyaha bigezweho

Mu nama yahuje ibitangangazamakuru binyuranye bikorera mu Rwanda na Polisi y’Igihugu, impande zombi zumvikanye ku bufatanye mu kurwanya ibyaha bigezweho birimo ibiyobyabwenge, iterabwoba, gucuruza abantu, ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibindi bihangayikije igihugu. Iyi nama yanitabiriwe na Minitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Johnston Busingye ari nawe ufite mu nshingano Polisi y’Igihugu, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, Urwego […]Irambuye

RSE: Hacurujwe Treasury bond n’imigabane ya miliyoni hafi 19

Kuri uyu wa mbere ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe impapuro z’agaciro mvunjwagaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) n’imigabane bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 18 952 000. Hacurujwe ‘Treasury bond’ zifite agaciro k’amafaranga 4,900,000 yacurujwe muri ‘deal’ imwe, ku mafaranga 103.5 ku mugabane umwe. Impapuro zacurujwe ni iz’imyaka itanu Guverinoma yashyize ku Isoko mu mwaka ushize […]Irambuye

Kuwa mbere: Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 104.76

Kuri uyu wa 03 Mata 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga 104.76, bigaragara ko iki cyumweru gishobora kurangira umaze kugera ku mafaranga 105. Kuri uyu wa mbere, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 104.76, uvuye ku mafaranga 104.67 wariho kuwa gatandatu tariki […]Irambuye

Hakenewe ubufatanye mu guhangana n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside -Min Uwacu

Nyagatare – Mu gihe habura iminsi micye ngo igihugu kinjire mu bihe byo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne yasabye Abanyarwanda bose muri rusange ubufatanye mu guhangana n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside. Ibi yabigarutseho ubwo yifatanyaga n’abanyamuryango ba AERG na GAERG mu gusoza  ibikorwa byo mu cyumweru cya ‘AERGGAERG […]Irambuye

Muri iki cyumweru ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe amafrw miliyoni

Muri iki cyumweru Isoko ry’Imari n’imigabane ntiryitabiriwe cyane ugereranyije n’icyuweru gishize, agaciro k’imigabane yacurujwe kazamutseho amafaranga y’u Rwanda 80,849,100. Muri iki cyumweru, Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” ryafunguye imiryango iminsi itanu. Muri iyo minsi itanu, hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali, iya Crystal Telecom, n’iya Bralirwa igera kuri 122,900, ifite agaciro k’amafaranga y’u […]Irambuye

Kata muri muzika zibamo ariko ngo sizo zabazamuye

Mu kiganiro kirambuye Charly na Nina bagiranye n’Umuseke bavuze ko ibyitwa ‘Kata’ akenshi abahanzi bifashisha kugira ngo bamenyekane bibaho ariko bo ngo ntazo bakoresheje kugera aho bageze ahubwo gukora cyane nibyo biri kubazamura. Umuseke: Muherutse mu bitaramo byanyu bya mbere Iburayi, ni iyihe nararibonye mwakuyeyo? Charly: Inararibonye irahari, abantu baratandukanye, Abanyarwanda, Abarundi, abantu ba hariya […]Irambuye

Bwa mbere ku Isoko, umugabane wa I&M Bank wazamutseho 16.6%

Nyuma y’uko Leta y’u Rwanda ishyize ku isoko imigabane 99,030,400 ingana na 19.81% yari ifite muri ‘I&M Bank-Rwanda’ ikitabirwa cyane kuko ubusabe bw’abifuje kuyigura bageze kuri 209%, kuri uyu wa gatanu iyi migabane yanditswe ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ndetse ihita yitabirwa cyane. Ku munsi wa mbere ku Isoko, I&M Bank yagurishwaga ku mafaranga […]Irambuye

Ubuyapani bugiye gushora asaga miliyari 15 Frw mu buhinzi mu

Kuri uyu wa gatanu Guverinoma y’Ubuyapani yasinyanye amasezerano na Leta y’u Rwanda yo gushora asaga miliyari 15 z’amafaranga y’u Rwanda mu guteza imbere ubuhinzi bw’umuceri mu Karere ka Rwamagana ku buryo mu 2023 umusaruro uzaba wazamutseho 30%. Ni inkunga izanyuzwa mu Kigo cy’iterambere cy’Abayapani (Japan International Cooperation Agency/JICA) muri gahunda Ubuyapani bufashamo u Rwanda guteza […]Irambuye

Abayobozi ntibakwiye gusiragiza abaturage – A. Murekezi

*Utanga service mbi ngo ni umugizi wa nabi *RGB yifuza ko mu 2020 umunyarwanda wese yaba anyurwa na service ahabwa Karongi – Ubwo yatangizaga ubukangurambaga bushya bw’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) bwiswe “Nk’uwikorera” bugamije gukangurira abatanga Serivise gutanga Serivise nziza, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yavuze ko abayobozi badakwiye gusiragiza abaturage, ndetse ashimangira ko abatinza cyangwa bakanyereza […]Irambuye

Umusore w’umusirimu ni uzi kwambara ibihuye n’aho agiye – Phil

Nizeyimana Philbert  uzwi cyane ku mazina ya Phil Peter, mu kiganiro kirambuye Phil Peter yagiranye n’Umuseke, yagarutse ku myambarire ye ndetse n’uko umusore w’umusirimu aba agomba kwambara. Umuseke: Ufite akazi gatandukanye cyane cyane kagusaba guhura n’abantu benshi, uhitamo gute imyenda wambara ugiye mu kazi kawe? Phil Peter: Muri rusange akenshi nambara bitewe n’umunsi, gahunda mfite […]Irambuye

en_USEnglish