Kuri Manda ya II P.Kagame yageze ku ntego y’iterambere ry

Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura amezi macye ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mubyo yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Inkuru iheruka yagarutse ku ‘Inkingi ya […]Irambuye

Muri iki cyumweru ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe amafrw miliyoni

Muri iki cyumweru Isoko ry’Imari n’imigabane ryaritabiriwe cyane ugereranyije n’icyuweru gishize, agaciro k’imigabane yacurujwe kazamutseho amafaranga y’u Rwanda 62,185,000. Muri iki cyumweru, Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” ryafunguye imiryango iminsi itanu. Muri iyo minsi itanu, hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali, iya Crystal Telecom, n’iya Bralirwa igera kuri 341,200, ifite agaciro k’amafaranga y’u […]Irambuye

Muri iki cyumweru umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wazamutseho +0.19

Kuva kuwa gatanu w’icyumweru gishize, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT)” muri iki cyumweru wazamutseho +0.19. Kuri uyu wa 24 Werurwe 2017, umugabane w’iki kigega wageze ku mafaranga 104.49, uvuye ku mafaranga 104.30 wariho kuwa gatanu ushize, bigaragaza ko wazamutseho amafaranga +0.19 muri iki cyumweru kimwe. Kuva mu […]Irambuye

Huye: Abaganga b’intore z’Impeshakurama basuzumye abaturage indwara zitandura

Abaganga bo mu itorero ry’Impeshakurama batangiye igikorwa cyo gusanga abaturage ku kigo nderabuzima kibegereye bakabasuzuma indwara zitandukanye by’umwihariko izitandura. Abaturage bo mu Murenge wa Mukura, Akarere ka Huye aba baganga bagezeho babashimye cyane. Ni abaganga 12 bo mu ntore z’impeshakurama nibo batanze Service zo gupima umuvuduko w’amaraso, Diyabeti, indwara zo mu kanwa ndetse no kureba […]Irambuye

Ni byinshi nigiye mu marushanwa ya ‘Rwanda’s Super Model’- Kalisa

Kalisa Winnie umunyarwandakazi ukora akazi ko kumurika imideli, asanga kwitabira amarushwa y’abamurikamideli beza mu Rwanda’ Rwanda’s Super Model’ byamwigishije byinshi. Kalisa ufite uburebure bwa Metero 1,85 avuga ko kumurika imideli yabitangiye mu mwaka wa 2012, kuva ubwo yagiye amurika imideli mu bitaramo bitandukanye by’imideli, nka ‘Friday fashion show, Kigali fashion show, Rwanda clothing runway shows, […]Irambuye

Nkunda kwambara ibintu byihariye ntari bubonane undi – Cassa Manzi

Cassa Manzi uzwi nka ‘Daddy Cassanova’ ni umuhanzi nyarwanda uba mu mujyi wa Toronto muri Canada, ni umuhanzi uzwiho kwambara neza, avuga ko ariwewihitaramo imyenda kandi ngo akunda kwamba imyambaro ataribubonane undi muntu. Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’Umuseke Cassa Manzi yagarutse birebana n’imyambarire ye n’uburyo ahitamo ibyo yambara. Umuseke: uri umuhanzi wambara neza tubwira ibanga […]Irambuye

Hari intambwe yatewe mu kubanisha Abanyarwanda gusa urugendo ruracyari rurerure

Kuri uyu wa 24 Werurwe, Komisiyo y’Igihugu cyo kurwanya Jenoside (CNLG) yabwiye abagize Inteko Ishinga Amategeko Umutwe wa Sena ko hari intambwe nini imaze guterwa mu kubaka ubumwe bw’abanyarwanda no kurandura ingengabitekerezo, gusa ngo kuko ingengabitekerezo yabibwe igihe kinini haracyari urugendo runini rwo kugenda. Kuri uyu wa gatanu, Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturege, Uburenganzira bwa muntu […]Irambuye

Kuri Manda ya II P.Kagame yageze ku ntego mw’ITERAMBERE RY’UBURINGANIRE?

Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari byinshi yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura amezi make ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mu byo Perezida Paul Kagame yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Inkuru iheruka yagarutse […]Irambuye

Ikiganiro na Cassa Manzi, umuhanzi nyarwanda utunzwe na muzika muri

Umuhanzi Cassa Manzi, uzwi cyane mu Rwanda nka ‘Daddy Cassanova’ ubu uba mu mujyi wa Toronto, muri Canada, ni umwe mu bahanzi batangije kandi bakundisha abanyarwanda ubundi bwoko bwa Muzika igezweho. Ari mu Rwanda kuva mu mpera z’icyumweru gishize. Akiba mu Rwanda yakoraga cyane injyana ya R&B, ndetse rimwe na rimwe akavangamo Hiphop, n’izindi njyana […]Irambuye

en_USEnglish