Ikibazo si ibikorwaremezo, Africa dukeneye kwihuta mubyo dukora – Kagame

Transform Africa – Mu kiganiro ku buryo ‘Africa’ yakoresha ikoranabuhanga mu kwihutisha iterambere no kuzamura imibereho y’abaturage “Fast Tracking Africa’s Digital Transformation”, Perezida Paul Kagame yavuze ko ikibazo ubu Africa ifite atari ibikorwaremezongusa, ahubwo hari n’ikibazo cy’ubushake bwa Politike no kwihuta mu bikorwa. Kuva mu 2015, ubwo habaga ‘Transform Africa’ ya mbere, ibihugu byari byiyemeje […]Irambuye

Episode 97: Brendah na Dorlene bafashwe ku ngufu ku kagambane

Afande-“Hello! Ngo bigenze bite…? Ntibishoboka, ngo mubasanze hehe…? Oya nonese nta n’undi muntu muhasanze?” Twakomeje kwitegereza Afande; Aho twari turi twabuze icyo tuvuga muri ako kanya gusa twarebanaga igishyika, hashize akanya Afande ava kuri telephone ayishyira ku meza maze ahita avuga, Afande-“Gaso! Koko ubu uzicuza?” Gasongo-“Nicuza iki Afande? Hari uwo ndimo ideni se? Cyeretse niba […]Irambuye

‘Smart Cities Blue Print’ u Rwanda rwamurikiye Africa kirimo iki?

Ubwo hatangizwaga Inama Nyafurika ku ikoranabuhanga “Transform Africa 2017” kuri uyu wa gatatu, u Rwanda rwamuritse igitabo gikubiyemo imirongo migari ibihugu bya Africa byagenderaho byubaka imijyi iteye imbere kandi yubakiye Serivise zose ku ikoranabuhanga “Smart Cities Blue print”. Mu 2030, igenamigami ry’imiturire muri Africa riteganya ko byibura 70% by’abatuye uyu mugabane wa Africa bazaba batuye […]Irambuye

Episode 96: Dovine ahanutse kuri Etaje, Gasongo ahishura undi mugambi

Abantu bakomeje kuza bamanuka biruka natwe turwana no kugera hejuru nubwo byari bigoye ariko tukigerayo twasanze Brown yicaye hasi twese twiruka tugana aho yari ari tukimugeraho, Njyewe-“Brown! Bigenze gute?” Brown-“Nelson! Iryavuzwe riratashye!” Mama Brown-“Habaye iki se kandi mwokabyaramwe ko mbona abantu bose biruka bava hano?” Brown-“Dovine ariyahuye birarangiye dore nguriya hasi! Murambere abagabo njye ntawe […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya Crystal Telecom ya miliyoni 19 Frw

Kuri uyu wa kabiri tariki 09 Gicurasi, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe imigabane 213 000 ya Crystal Telecom gusa, ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 19 170 000. Iyi migabane yacurujwe muri ‘deals’ enye, ku gaciro k’amafaranga 90 ku mugabane ari nako gaciro uyu mugabane wariho ejo hashize, bivuze ko igiciro cyawo kitahindutse. Nk’uko […]Irambuye

Huye: Abunzi bahawe amagare yo kuborohereza mu ngendo bakora bajya

Abunzi  175 bo mu Karere ka Huye bahawe amagare mu rwego rwo kubafasha mu murimo bakora wo kunga Abanyarwanda binyuze mu gukemura amakimbirane y’aho batuye. Abunzi bamaze guhabwa aya magare 175 bavuze ko aje kuborohereza ingendo bakoraga rimwe na rimwe bakazikora n’amaguru igihe babaga badafite ubushobozi bwo gutega ibinyabiziga. Mukambabazi Josette, umubyeyi uri mu kigero […]Irambuye

Guverinoma igiye gushyira ku Isoko ‘Treasury Bond’ za miliyari 10

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yatangaje ko ku itariki 24 Gicurasi 2017, izafungurira abifuza kuguriza Leta binyuze mu kugura impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta “Treasury Bond” zifite agaciro ka miliyari 10 z’amafaranga y’u Rwanda bazaba bashyize ku isoko. Isoko rizafungura iminsi ibiri kuko ku itariki 26 Gicurasi 2017 aribwo rizafungwa hanyuma BNR itangaze abegukanye izi […]Irambuye

Natinyutse gusuzugura UN kugira ngo ndengere aberenga ibihumbi 30 muri

Kigali – Ku gucamunsi cyo kuri uyu wa mbere, ubwo Lieutenant-General Roméo Dallaire yaganirizaga itsinda ry’abasirikare n’abapolisi 24 baturutse mu bihugu 8 bya Africa barimo guhugurirwa mu Rwanda ku birebana n’uburyo bwo gukumira Jenoside n’ubwicanyi bukorerwa abantu benshi , yabanyuriyemo muri macye inzira ikomeye yabayemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’Uburyo byaje kuba ngombwa ko asuzugura […]Irambuye

Ku isoko ry’imari n’Imigabane hacurujwe ‘Treasury Bond’ za Miliyoni eshanu

Kuri uyu wa mbere, ku isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) zifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 5 010 000. Izi mpapuro zagurishijwe muri ‘deal’ imwe ku mafaranga 100.2 ku mugabane, nubwo zaherukaga gucuruzwa ku mafaranga 103 ku mugabane. Impapuro zacurujwe ni iz’imyaka itanu Guverinoma yashyize ku Isoko mu mwaka […]Irambuye

RDB yakubye kabiri igiciro cyo gusura Ingagi

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere mu Rwanda (Rwanda Development Board/RDB) cyazamuye ibiciro byo gusura Ingagi, kiva ku madolari ya America (US $) 750 kigera ku 1 500. Mu itangazo cyasohoye kuri uyu wa gatandatu tariki 06 Gicurasi 2017, iki kigo cyavuze ko izi mpinduka zihita zitangira gushyirwa mu bikorwa ku bashyitsi bifuza gusura Ingagi bose, […]Irambuye

en_USEnglish