Imyenda y’u Rwanda igeze kuri 45% bya GDP, Min. Gatete

*IMF yagaragaje ko imyenda u Rwanda rufite iri kwiyongera cyane, *IMF iti “turakomeza gucungira hafi” *U Rwanda ruti “Nta mpungenge” Nyuma y’icyumweru itsinda ry’Ikigega mpuzamahanga cy’ubukungu “International Monetary Fund/IMF” riri mu Rwanda kugenzura uko ubukungu bw’u Rwanda bwifashe, raporo yaryo yagaragaje ko buhagaze neza, ndetse inatanga inama z’ibikwiye kwitonderwa. Iyi Raporo yagaragaje ko imyenda y’u […]Irambuye

RSE: Hacurujwe Treasury bond n’imigabane bifite agaciro ka miliyoni 24

Kuri uyu wa mbere tariki 15 Gicurasi, Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ryitabiriwe bigaragara, hacurujwe impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta (treasury bond), imigabane ya Banki ya Kigali n’iya Crystal Telecom by’amafaranga y’u Rwanda 24 302 500. Ku isoko hacurujwe impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta zifite agaciro k’amafaranga 22 200 000, zacurujwe ku mafaranga […]Irambuye

Umusaruro w’ibigori ushobora kuzagabanukaho 5% – Dr Bagabe/RAB

Mu minsi ishize igihingwa cy’ibigori kibasiwe n’udukoko twa nkongwa twiraye mu mirima y’ibigori dukegeta amababi yabyo. Abahinzi b’iki gihingwa bakunze kugaragaza impungenge z’umusaruro muto kubera ibi byonnyi. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’Ubworozi Dr. Mark Cyubahiro Bagabe avuga ko ibigori byari byahinzwe muri iyi sezeni ari bicye bityo ko n’umusaruro wabyo utazagabanuka cyane, akagereranya ko ushobora […]Irambuye

Tugiye guhinga ibijumba kuri Ha 900, muri iyi mpeshyi nta

Dr.Mark Cyubahiro Bagabe, umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi  “RAB” arizeza Abanyarwanda ko mu mezi y’izuba azwi nk’impeshyi tugiye kwinjiramo nta kibazo cy’ibiribwa bazahura nacyo kuko mu gihe cy’izuba bazaha ibishanga abaturage bagahinga ibijumba, imboga, n’ibindi biribwa. Dr.Mark Cyubahiro Bagabe uyobora ‘RAB’ abisobanura nka gahunda nshya yo guhangana n’ikibazo cy’izuba, no gukemura ibura ry’ibiribwa ryazanaga n’impeshyi […]Irambuye

France: Perezida mushya Macron yahererakanyije ububasha na Holland asimbuye

Kuri iki cyumweru, Perezida mushya w’Ubufaransa Emmanuel Macron yahererekanyije ububasha na Francois Hollande, Holland ndetse ahita nasohoka muri mu ngoro y’iturwamo na Perezida w’Ubufaransa Élysée. Ni umuhango wari witezwe cyane n’Abafaransa batoye Macron w’imyaka 39 ku bwiganze bw’amajwi 66%, kuri 34 ya Marine Le Pen bahatanye mu matora. Umugore we Brigitte Macron umurusha imyaka 25, […]Irambuye

Gicumbi: Mu mukino utari woroshye Police FC yanganyije na Gicumbi

Kuri uyu wa gatandatu, Umukino wahuje ikipe ya Police FC na Gicumbi FC warangiye zinganije igitego kimwe kuri kimwe (1-1), byatumye Police  ikomeza muri 1/4 n’igiteranyo cy’ibitego 3 kuri kimwe cya Gicumbi. Umunyamakuru w’Umuseke ukorera mu Karere ka Gicumbi  wakurikiranywe uyu mukino wa Gicumbi na Police avuga ko amakipe yombi yerekanye ishyaka. Igitego cya mbere […]Irambuye

Episode 99: Nelson mu kugera ku ivuko atunguwe bikomeye no

Imodoka yarahagurutse umuriro uba mwinshi, mu nzira ntawavugaga ahubwo twese twagenda ibitekerezo biri iyo, kuri njye nta yindi nzira nabonaga atari igana iwacu ku ivuko gusa nusubiza ibihe inyuma nkibuka aho nsize Ma Bella umutima ugasubira kure. Twageze mu rugo, John araparika mvamo maze nabo barankuriki tukigera ku muryango w’inzu, Gaju-“Ayiweee! Ko muza mutavuga? Aho […]Irambuye

U Rwanda ni intangarugero muri Africa yose – Perezida wa

Ubwo yasozaga inama nyafurika yigaga ku iterambere ry’ikoranabuhanga “Transform Africa” yari imaze iminsi itatu ibere mu Rwanda, Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou yavuze ko ikoranabuhanga rishobora guhindura ubukungu bwa Africa, asaba ibihugu byose bya Africa kudasigara inyuma ukundi no gufata urugero ku Rwanda. Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou mu ijambo rye, yashimiye u Rwanda na Perezida Kagame […]Irambuye

Twese dukore uko dushoboye ntihagire usigara inyuma – J.Kagame

Uyu munsi, agezaga ijambo ku bahanga mu ikoranabuhanga, ba rwiyemezamirimo, n’abayobozi mu nzego za Leta n’iz’abikorera barenga ibihumbi bibiri bitabiriye inama igamije kureba intambwe imaze guterwa mu kugeza ikoranabuhanga ku bagore n’abakobwa “Smart Africa Women’s Summit”, Madame Jeannette Kagame yasabye ko ikoranabuhanga ryarushaho kwinjiza mu buzima bw’abaturage nta kurobanura. Mme Jeannette Kagame yasabye abitabiriye iyi […]Irambuye

Rwanda: Vuba aha uzajya utega Moto utabanje guciririkanya igiciro

*Moto zizashyirwaho iri koranabuhanga ku buntu *Mu kwa mbere 2018 ngo barifuzako moto 70 000 mu gihugu zizaba zirifite *Umuntu ngo azajya yishyura ibirometero yagenze *Iri koranabuhanga kuri moto mu Rwanda niho riba rihereye muri Africa Kompanyi y’Abahinde ikorera mu Rwanda “Yego Innovision Limited” yashoye asaga miliyoni 14 z’Amadolari ya America mu kubaka ikoranabuhanga no […]Irambuye

en_USEnglish