Episode 105: Brendah atuye Nelson amarira y’ibyishimo bongeye kubonana

Njyewe-“Ibyo nkubwira ni impamo rwose! Wabaza na Mama ng’uyu hano!” John-“Ubu se koko ubu aracyariyo ngo dusimbukane menye niba ibyo umbwira ari impamo?” Njyewe-“Oya weee! Muze! Murumva naba mbeshya nkaba ntashinyagura koko? Ni Brendah nta kabuza uri kumwe na Dorlene!” John-“Eeeeeh! Banguka tugende rwose! Uyu mubyeyi se?” Njyewe-“Uyu ni Mama twatambukanye ingendo zitabarika, akansigasira akansiga […]Irambuye

RSE: Umugabane wa Crystal Telecom wamanutseho amafarw -5

*Umugabane wa Crystal Telecom wamanutseho amafaranga -5 *Umugabane wa BK uzamukaho ifaranga rimwe (+1) Kuri uyu wa gatatu tariki 17 Gicurasi, Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ryitabiriwe, hacurujwe imigabane ya Crystal Telecom na Banki ya Kigali ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 3 739 500. Ku isoko hacurujwe imigabane 43 400 ya Crystal Telecom ifite agaciro […]Irambuye

Abategura ibitaramo by’imideli nibite no ku bafite ubumuga natwe turashoboye

Yitwa Mukanganizi Claire afite ubumuga bw’ingingo (amaguru), ariko ntibimubuza kumurika imideli. Mu kiganiro yahaye Umuseke yavuze ko yifuza ko abategura ibitaramo by’imideri bajya bashyiramo n’abafite ubumuga bakerekana ko nabo bakwambara bakaberwa. Mukanganizi yatangiye kumurika imideli mu 2013 , avuga ko yakuze akunda kwambara neza ndetse nyuma akaza kwisanga mu mwuga wo kumurika imideli. Ati “Mu […]Irambuye

Kirehe/Nyamugari: Amazi mabi bavoma ngo abatera indwara zihoraho

Abaturage bo mu kagari ka Kagasa, Umurenge wa Nyamugari, ho mu Karere ka Kirehe baravuga ko bugarijwe n’indwara ziterwa no kunywa amazi mabi yo mugishanga, nyamara bari bafite amazi meza ariko imyaka ikaba ibaye ibiri yarapfuye. Umunyamakuru w’Umuseke yasanze abaturage mu gishanga cya Kagasa bavoma hagati y’imirenzo y’ibijumba. Baravoma amazi ubusanzwe bakoresha buhira imyaka yabo ihinze muri […]Irambuye

Episode 104: Birashyize birabaye Brendah na Dorlene bavuye muri gereza

Njyewe-“Ubu se koko tubigize dute? Icya mbere ntidusubira mu rugo? Icya kabiri nta bimenyetso dufite, ubu se koko dukore iki?” Mama-“Reka reka Ashwiiii! Ntitwasura urupfu dusubira mu rugo mwana wa, ahubwo tujye kwangara” Njyewe-“Oya ntabyo kujya kwangara Mama! Ntabwo Gatera yatwangaza nubwo yisasiye benshi” Mama-“Nonese ko byose byaje bitugwiririra tubigire dute mwana wanjye?” Njyewe-“Yebaba wee! […]Irambuye

RSE: Ku isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe ‘treasury bond’ za miliyoni

Kuri uyu wa gatatu tariki 17 Gicurasi, Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ryitabiriwe, hacurujwe Impapuro mvunjwagaciro z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) zifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 13 500 000. Amasaha yo gufunga isoko yageze, ku isoko hari imigabane 55 400 ya Banki ya Kigali igurishwa ku mfaranga 245 ku mugabane, gusa nta busabe bw’abifuza kugura […]Irambuye

Kigali hateraniye inama Nyafurika yiga ku ikoranabuhanga mu rwego rw’imari

Kuva kuri uyu gatatu, i Kigali hari kubera inama Nyafurika yiga ku birebana no gukoresha ikoranabuhanga muri Serivise z’imari “Dot Finance”. U Rwanda ngo rurigira muri iyi nama ikoranabuhanga rigezweho muri Serivise z’imari. Ibigo binyuranye, ariko bikorera cyane cyane mu Burayi, America, Asia, no mu bihugu bicye bya Afrika byamuritse ikaranabuhanga bakoresha, uyu munsi rifasha […]Irambuye

Episode 103: Daddy atunguwe bikomeye no guhura na Gasongo yabwiwe

Papa-“Ahubwo reka nze musindagize njye kumuryamisha, ndabizi amagambo y’abagore wanamubwira akari imurori” Njyewe-“Mama! Ibyo Papa ambwiye urabizi cyangwa ntabyo uzi?” Papa-“Umva kandi ibyo nanze kuva na cyera! Abana na ba nyina ubundi ibyabo bishira ari uko bahawe isomo batazibagirwa…” Mama-“Ayiwee! Ubu se koko ukubise umwana wanjye urushyi umuhora iki? Ayiweee! Nanjye urankubise koko? Ibi ni […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya BK na Crystal Telecom ya miliyoni

*Umugabane wa BK wamanutseho ifaranga rimwe (1 frw) Kuri uyu wa kabiri tariki 16 Gicurasi, Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ryitabiriwe, hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali n’iya Crystal Telecom by’amafaranga y’u Rwanda 4 762 500. Ku isoko hacurujwe imigabane 17 000 ya Banki ya Kigali ifite agaciro k’amafaranga 4 132 500 yagurishijwe muri ‘deals’ […]Irambuye

Abakozi 50 bashyikirijwe miliyoni 92 batsindiye mu rubanza barezemo RWACOF

*Bamaze guhabwa amafaranga bati bigiye kuduhindurira ubuzima *Hari umupfakazi waje gufata amafaranga y’umugabo we wapfuye urubanza rutararangira Kuri uyu wa kabiri, abakozi 50 baregaga ikigo bahoze bakoramo ‘RWACOF’ gitunganya kikanohereza ikawa mu mahanga bashyikirijwe amafaranga asaga miliyoni 92 batsindiye mu rubanza rwari rumaze imyaka irenga ine (4). Ni urubanza abakozi 50 bari mu nkiko na […]Irambuye

en_USEnglish