Episode 109: Mu birori kwa Sacha igikuba kiracitse, Daddy ahasanze

Tubiseguye ko episode ya 110 itabagereraho igihe gisanzwe, ariko turabasezeranya ko tuyibagezaho hakiri kare kuri uyu wa gatatu.     Ngihindukira nabonye imodoka y’umukara iza mu kerekezo nari ndimo gusa ariko ntabwo yari iya Gatera nkuko nari mbiketse, ikinyuraho nahise mbona ikirahuri kimanutse mba nkubise amaso Sacha! Sacha-“Daddy! Mbega wowe!  Ubwo se ko wari utwitambitse?” […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya BK na I&M Bank ya Miliyoni

*Agaciro k’Umugabane wa BK kamanutseho ifaranga rimwe (-1 Frw) Kuri uyu wa mbere tariki 22 Gicurasi, Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ryitabiriwe, hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali n’iya I&M Bank ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 1 470 400. Ku isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe imigabane 5 600 ya Banki ya Kigali (BK) ifite agaciro k’amafaranga […]Irambuye

Ethiopia: Abanyarwanda bizihije umunsi w’Umuryango bibutsa Urubyiruko indangagaciro Nyarwanda

Abanyarwanda baba muri Ethiopa bahuriye mu gikorwa cy’ubusabane bwahujwe n’Umunsi Mpuzamahanga w’umuryango “Family Day”. Mu gihe imbere mu gihugu Abanyarwanda bahuriye ku rwego rw’imidugudu bakaganira ku kamaro k’umugoroba w’ababyeyi, ababa muri Ethiopia bo barahuye baganira ku muco nyarwanda, barasabana ndetse urubyiruko n’abana bibutswa indangagaciro na kirazira bikwiye kubarango bo Rwanda rw’ejo hazaza. Abanyarwanda baba muri […]Irambuye

PGGSS7: Ubusesenguzi ku myambarire y’abahanzi mu gitaramo cya mbere cya

Mu mpera z’icyumweru gishize habaye igitaramo cya mbere cya Primus Guma Guma Super Star VII cyahereye mu Karere ka Huye mu ntara y’Amajyepfo, abahanzi berekanye ko uretse kuririmba no kwambara babishoboye. Kubirebana n’imyambarire y’abahanzi muri iki gitaramo, abahanzi batandukanye bibanze cyane ku mabara y’umutuku, umuhondo n’umukara mu myambaro yabo, hari n’abandi bahisemo kudodesha imyenda ifite […]Irambuye

Nyaruguru: Kuba abantu batakitabira cyane gahunda zo Kwibuka bibabaje abarokotse

Nyaruguru – Mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 23 abahoze ari abakozi n’abari abaturanyi b’uruganda rw’icyayi rwa Mata bazize Jenoside yakorewe Abatutsi wabaye ejo ku cyumweru, abarokotse bo muri aka gace bavuze ko bababazwa no kubona abantu batakitabira cyane gahunda zo kwibuka, no kugaragaza aho imibiri y’ababo batarashyingurwa mucyubahiro iri kugira ngo nayo ishyingurwe. […]Irambuye

Rubavu: Gutinda kuzuza umuhanda ‘Busigari-Ryabizige’ biri kugira ingaruka z’Ubukungu ku

Abaturiye umuhanda uhuza Akagari ka Busigari n’aka Kinyanzozu mu Murenge wa Cyanzarwe, Akarere ka Rubavu wagompaga kurangira muri Gashyantare 2017 ariko ukaba utaruzura baravuga ko uri kubateza ibibazo by’ubukungu, dore ko ngo nk’ibiciro by’ingendo byikubye ni bura inshuro ebyiri. Umuturage uturiye uyu muhanda witwa Musana Jean Maombi avuga ko babangamiwe n’ibiciro by’urugendo na Serivice byuriye […]Irambuye

Muhanga: Abana batatu bibana bugarijwe n’ubukene bukabije

Muhanga – Abana batatu batuye mu Mudugudu wa Munyinya, Akagari ka Ruli, mu Murenge wa Shyogwe bahangayikiye mu nzu ya bonyine nyuma y’aho umubyeyi bari basigaranye nawe afungiwe. Mu kiganiro aba bana bagiranye n’Umuseke bavuze ko Se ubabyara yakoze impanuka mu myaka itanu ishize ahita yitaba Imana, basigarana na Nyina, gusa nawe baje kumubura bamureba […]Irambuye

Musanabera ngo yahawe akato kenshi mu myaka 8 yamaze arwaye

Musanabera Caritas utuye mu Murenge wa Cyahinda, Akagari ka Mwambara, mu Mudugudu wa Gashyara ngo yamaranye indwara yo Kujojoba imyaka umunani, ariko ngo yayihuriyemo n’akato gakomeye cyane kugera akize mu mwaka ushize. Mu kiganiro yagiranye na Umuseke Musanabera avuga ko muri iyo myaka umunani, kuva mu 2009 yari afite ikibazo cyo kujojoba cyane, ku buryo […]Irambuye

Mu rubanza rw’abayobozi ba ADEPR, Rwagasana ati “Nta mafaranga yanyerejwe”

*Tom Rwagasana ngo yaje amaze icyumweru ari mu bitaro…Christine we yaririye mu rukiko, *Umwe mu baregwa ati “ Ndazira amatiku n’inzangano ziri muri ADEPR”, *Umwe mu bunganira abaregwa ati “Ubanza ari satani yateye.” *Mugenzi we ati “ Komisiyo nzahuratorero ni yo izanye ibi bibazo.” Mu rubanza ubushinjacyaha buregamo bamwe mu bayobozi b’itorera rya ADEPR kunyereza […]Irambuye

Umutekano tuvuga mu gihugu ugomba kuba ushinze imizi mu muryango

Ku cyumweru, mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Umuryango ku rwego rw’igihugu wabereye mu Murenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’inama y’igihugu y’abagore Kamanzi  Jacky Masabo yibukije ko umutekano usesuye uvugwa mu Rwanda ugomba kuba wubakiye ku muryango. Umunsi mpuzamahanga w’umuryango ubundi wizihizwa ku itariki 15 Gicurasi, ariko muri uyu mwaka u Rwanda […]Irambuye

en_USEnglish