Ndera: Ingabire abyigishijwe n’umugabo we ubu ni umwogoshi ukomeye

*Ingabire amaze igihe yigishijwe kogosha n’umusore bakundanaga baje no kubana; *Ubu we n’umugabo we bakorera muri Salon imwe kandi byabateje imbere; *Ashishikariza abandi bagore gutinyuka imyuga yose; *Intego ye ngo ni ukwigisha abandi no kwagura ibyo akora. Ingabire Deborah, nta mashuri menshi afite, yarangije umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza gusa. Afite umugabo bamaranye imyaka itandatu […]Irambuye

Masisi: Abantu barashe ahareberwaga umukino wa nyuma wa CHAN 3

Ku cyumweru tariki 07 Gashyantare, ubwo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yakinaga umukino wa nyuma na Mali, abantu babiri bitwaje imbunda bagiye ahareberwaga uyu kukino i Masisi barasa mu bantu, 3 bahita bahasiga ubuzima. Aba bantu bari bambaye imyenda y’ingabo za DRC binjiye munzu yerekana umupira ahitwa Burungu, muri Segiteri ya Kitshanga, i Masisi, […]Irambuye

Gen. Lafourcade yahakanye ko ingabo z’Abafaransa zatereranye Abatutsi mu Bisesero

Gen. Jean-Claude Lafourcade wayoboye ingabo z’Abafaransa zari mu butumwa mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mucyiswe “Turquoise”, yahakanye ko batereranye n’Abatutsi bahigwaga mu Bisesero. Kuva mu mwaka wa 2005, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, bafatanyije n’imiryango iharanira gushyikiriza ubutabera abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu Bufaransa batanze ikirego kigaragaza uruhare rw’ingabo z’Abafaransa […]Irambuye

Amabwiriza 5 yagufasha mu rugendo rw’Ubukristo

Nk’uko byanditse ngo “Ndamaranira kugera aho dutanguranwa, ngo mpabwe ingororano zo guhamagara kw’Imana muri Kristo Yesu kwavuye mu ijuru (Abafilipi 3:14).” Ubukristo ni urugendo rufite intumbero yo kuzabana n’Imana, ndetse ni ISIGANWA nk’uko Paul yabyandikiye abizera b’i Filipi. Buri siganwa kandi rigira amabwiriza ashyirwaho n’uwariteguye, kandi urijyamo wese agomba kuyamenya mbere yo gutangira gusiganwa. Nyuma […]Irambuye

Muhanga: Uwari Mayor Mutakwasuku yasibishije amanota y’ibizamini ngo batabona akazi

*Ababyeyi ari nabo ba nyiri ikigo basabye ko Akarere ka Muhanga gashyira ku buyobozi BISANGABAGABO Youssouf; *Uwari Mayor MUTAKWASUKU Yvonne ababwira ko afite umuntu we azahashyira; *Ababyeyi barabyanze, maze abakoze ibizamini kuri uwo mwanya bose baratsindishwa; *Urwego rw’Umuvunyi rwinjiye muri iki kibazo kugira ngo Leta itajya mu manza, ariko n’ubu ntikirakemuka. BISANGABAGABO Youssouf, Umuyobozi w’agateganyo […]Irambuye

Mu Rwanda hanyobwa 2% gusa by’umusaruro wa kawa

Kuri uyu wa gatandatu, mu kigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa mu mahanga “NAEB” mu mahanga hasojwe amahugurwa yahabwaga abategura ikawa mu mahoteli n’ahandi hacururizwa ikawa ikawa mu Rwanda, mu rwego rwo kongera ikigero cy’ikawa inyobwa mu Rwanda ikava kuri 2%. Aya mahugurwa ngarukamwaka yahawe abantu 25 yatanzwe ku bufatanye n’ikigo cy’Abayapani cy’ubutwererane mpuzamahanga (JICA), NAEB, ndetse […]Irambuye

Sugira Ernest yasabye asaga Miliyoni 75 AS Vita Club imushaka

Ibinyamakuru binyuranye byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) biravuga ko rutahizamu w’Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi, ndetse n’ikipe ya AS Kigali Sugira Ernest yaba ashkishwa cyane n’ikipe ya AS Vita Club. AS Vita Club yo muri DRC ni imwe mu makipe akomeye mu mupira wo muri icyo gihugu, ndetse no ku mugabane wa […]Irambuye

Rwamagana: Akarere kateguye ‘marathon’ yo gushaka impano nshya

Nyuma yo gutera imbere mu mukino w’amagare, Akarere ka Rwamagana, ku bufatanye n’umuryango w’abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi (AVEGA) kateguwe irushanwa ryo gusiganwa ku maguru “Rwamagana Marathon” mu rwego rwo gushaka impano z’abakiri bato muri uyu mukino. Mutangana Olivier, ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rwamagana yatubwiye ko mu irushanwa bategura hateganyijwemo ibyiciro bitandukanye […]Irambuye

RWAMREC yahuguye abagabo ibihumbi 37 ku guca burundu ihohoterwa mungo

Mu kwizihiza imyaka itatu (3) umushinga Bandebereho w’ikigo “RWAMREC” umaze ubayeho ngo umaze guhugura abagabo bagera ku bihumbi 37 nabo bagomba guhugura bagenzi babo hirya no hino mu gihugu ku bijyanye no guca burundu ihohoterwa rikorwa na bagabo mungo.   Ubushakashatsi bw’ikigo “RWAMREC (Rwanda Men’s Resource Center)” bugaragaje ko akenshi abagabo aribo bakora ihohoterwa ribera […]Irambuye

Nyarugenge yabuze ubushobozi bwo kwimura ingo ibihumbi zituye ku manegeka

*Mu myaka 20 ishize ibice byinshi bya Kigali byari amashyamba n’ibihuru ubu byabaye umujyi; *Kubera ikibazo cy’ubutaka buto bwo guturaho, abaturage batuye no ku misozi hatemewe no gutura. *Ku manegeka n’ubuhaname bukabije by’imisozi nk’uwa Kigali, Jali, Rebero, Gitega,… n’ahandi, ubu ituyeho ibihumbi byinshi by’Abanyarwanda. Imwe mu misozi nk’uwa Rebero, ubu yubatseho inzu z’abakire; Mu gihe […]Irambuye

en_USEnglish