Impunzi z’Abarundi zirasaba imbabazi Leta y’u Rwanda

Nyuma y’uko Leta y’u Rwanda itangaje ko igiye gutangira kuganira n’abafatanyabikorwa bayo kugira ngo impunzi z’abarundi icumbikiye zimurirwe mu kindi gihugu, impunzi ziri mu nkambi ya Mahama zirasaba imbabazi Leta y’u Rwanda ngo izibabarire ye kuzimura kuko zisanga nta kindi gihugu mu karere zaboneramo amahoro nk’ayo zifite ubu. Hashize iminsi Impuguke z’umuryango w’abibumbye zishinja u […]Irambuye

Uganda yamuritse Bus ikoresha imirasire y’izuba yiteranyirije

Kuri uyu wa kabiri, Perezida wa Uganda Yoweri K. Museveni yayoboye igikorwa cyo kumurika ku mugaragaro imodoka nini itwara abagenzi ‘Bus’ ikoresha imirasire y’izuba yateranyirijwe biteranyirije. Iyi bus bise ‘Kayoola’ ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 35, ikaba yakora urugendo rw’ibilometero bigera kuri 50 idahagaze. Ifite ‘battery’ abyiri, imwe ikaba icometse ku mirasire y’izuba iri ku […]Irambuye

Umunyamisiri Boutros Boutros Ghali wayoboye UN yitabye Imana

Umuryango w’Abibumbye wamaze gutangaza ko Umunyamisiri Boutros Boutros-Ghali wigeze kuwuyobora hagati y’umwaka wa 1992 – 1996, yitabye Imana afite imyaka 93. Boutros Boutros-Ghali agaragara cyane mu nyandiko nyinshi zivuga ku mateka y’u Rwanda, kuko ariwe wari uyoboye Umuryango w’Abibumbye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, ukaza gutererana u Rwanda. Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika (Associated Press) byanditse […]Irambuye

Umwunganizi wa V.Ingabire ngo yabujijwe kumugeraho. RCS ikabihakana

Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa rurahakana, amakuru avuga ko Me Gatera Gashabana yaba yarangiwe guhura na Ingabire Victoire yunganira mu mategeko. Me Gatera Gashabana, n’uwo yunganira Ingabire Victoire baritegura ko azajya kubonana n’urukiko rwa Afurika rurengera uburenganzira bw’Ikiremwamuntu i Arusha muri Tanzania ku itariki 04 Werurwe 2016. Mu kwitegura uru rugendo, ngo ku itariki 05 […]Irambuye

Samputu mu biganiro muri za Kaminuza zo muri USA yigisha

Nyuma yo kwandikwaho igitabo cyiswe “Rwanda’s Voice: An Ethno-musicological Biography of Jean-Paul Samputu”, umuhanzi Samputu arimo kwitegura kuzenguruka Kaminuza zinyuranye zo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika avuga ku muzika we by’umwihariko “Intwatwa”. Jean Paul Samputu, umwe mu bahanzi bakomeye kandi bafite inararibonye cyane mu Rwanda no ku mugabane wa Afurika muri rusange. Ubu arimo […]Irambuye

Kayonza: Hari abana bataye ishuri kubera ubukene

Akarere ka Kayonza karavugwamo ikibazo cy’abana bata amashuri kubera ubushobozi buke bw’imiryango bavukamo, ababyeyi babo bavuga ko amafaranga y’ifunguro n’ibindi bisabwa umunyeshuri bizamuka umunsi ku munsi, bityo bigatuma bamwe bahagarika kwiga. Mu Rwanda hose Leta irimo kwimakaza gahunda y’ubureze kuri bose; Gusa, mu Turere tumwe na tumwe haracyagaragara ikibazo cy’abana bata ishuri kubera ubushobozi buke […]Irambuye

Uzi aho byavuye kuvuga ngo umuntu “Yaguye Ivutu/i Vutu”?

“Yaguye ivutu” ni umugani baca babonye umuntu waguwe nabi n’ibyo yariye cyangwa se byamwishe buhambe; ni bwo bavuga ngo “Naka yaguye ivutu”. Wakomotse ku mugabo Rwahura rwa Magenda wo mu lceni mu Bungwe (Butare), ahagana mu mwaka wa 1500. Umwami Ndahiro Cyamatare amaze kwicwa n’Abakongoro bamutsinze i Rubi rw’i Nyundo ho mu Bugamba mu Cyingogo […]Irambuye

Kuva 2005 abacamanza n’abakozi b’inkiko 32 bamaze guhanirwa ruswa

Mu gutangiza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa mu rwego rw’inkiko, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga wungirije Kayitesi Zainabo Sylvie yavuze ko ikizere Abanyarwanda bagirira inkiko kigenda kizamuka kuko n’umucamanza cyangwa umukozi w’urukiko ugaragaweho na ruswa nawe abihanirwa. Kuva mu 2005 hamaze guhanwa abagera kuri 32. Kuva kuri uyu wa mbere hatangiye icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa mu nkiko z’u […]Irambuye

Police FC yatsinze Atlabara yo muri South Sudan ibitego 3-1

Kuri uyu wa gatandatu Police FC yatsinze Atlabara FC yo muri Sudani y’Epfo ibitego 3-1, mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze ry’irushanwa Nyafurika rihuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo ‘Orange CAF Confederation Cup’. Igice cya mbere cy’uyu mukino cyihariwe bigaragara na Police FC. Byatumye ku munota wa 19 gusa, rutahizamu wa Police FC, Usengimana Danny afungura amazamu […]Irambuye

en_USEnglish