Muhanga: Urukundo rwatumye ashyingiranwa n’umugore ufite imyaka 62

Umusore Abdoulkarim Nsabimana wo mu Mudugudu wa Kavumu, Akagari ka Gitarama, Umurenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga yashyingiranywe n’umukunzi we Hadidja Mukankusi w’imyaka 62 y’amavuko kuri uyu wa 31 Mutarama 2016, aba bombi bavuga ko urukundo rutareba imyaka umuntu afite. Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru, abantu babarirwa mu majana bari mu bukwe bwa Abdoulkarim Nsabimana […]Irambuye

Ingaruka ni nyinshi ku Ngimbi n’Abangavu bakora imibonano mpuzabitsina

Umuryango mpuzamahanga ushinzwe ubuzima ku Isi (WHO/OMS) uraburira ingimbi n’abangavu bakora imibonano mpuzabitsina ko bishobora kubagiraho ingaruka ku mubiri, mu mitekerereze no mu mibanire yabo n’abandi, n’izindi zinyuranye. Ubushakashatsi bwa WHO (World Health Organization) bugaragaza ko ingimbi n’abangavu bari hagati y’imyaka 15 na 20 baba bafite ubushake bw’indengakamere bwogukora imibonano mpuzabitsina. By’umwihariko ngo abahungu bari […]Irambuye

Airtel yashyize igorora abafatabuguzi bayo muri ibi bihe bya St

Mu gihe Abanyarwanda batangiye kwitegura kwizihiza umunsi wahariwe abakundana uzwi nka “St Valentin/ Valentine’s Day” , Airtel Rwanda yahaye impano abafatabuguzi bayo, aho izajya iha inyongera ya 100% umufatabuguzi wese uguze internet (internet bundles). Iyi mpano ya Airtel ikaba yaratangiye gutangwa tariki 27 Mutarama kugera 15 Gashyantare 2016. Iyi nyongera ikazajya ihabwa buri mufatabuguzi uguze […]Irambuye

Nyaruguru: Imiryango 65 imaze amezi 4 iba mu byuma by’amashuri

Mu mezi ane ashize, ubwo hagwaga imvura ndetse n’umuyaga ukabije, mu Karere ka Nyaruguru, mu murenge wa Ngera honyine, Akagari ka Nyamirama hasenyutse inzu 10 ndetse n’ibyumba by’amashuri bitatu (3) byo ku ishuri rya G.S. Riba, abaturage basizwe iheruheru n’ibyo biza bakaza gucumbikirwa mu byumba by’amashuri n’ubu ntibarafashwa kubona amacumbi. Muri rusange imiryango igera kuri […]Irambuye

Ubushinjacyaha bwasobanuye imikorerwe y’ibyaha bushinja Munyagishari

*Ubushinjacyaha bwavuze ko Munyagishari ubwe yishe Abatutsi, *Munyagishari kandi ngo yashinze umutwe witwaga “Intarumikwa” wicaga, ugafata abagore n’abakobwa ku ngufu, ndetse ugasahura, *Munyagishari ngo yayoboye ibirero byahitanye benshi, ndetse akagenzura za bariyeri. Kuri uyu wa kane, mu rukiko rukuru, ubushinjacyaha bukuru bwasobanuye ibyaha bushinja Bernard Munyagishari ko yakoze muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu […]Irambuye

Rayon Sports yatangiye imyitozo abakinnyi bataha iwabo

Ikipe ya Rayon Sports y’umupira w’amaguru yatangiye imyitozo, iya mbere ikaba yayikoreye kuri “Cercle Sportif de Kigali” mu Rugunga, mu Mujyi wa Kigali abakinnyi bakaba ariko batashye iwabo. Ku munsi wa mbere, abakinnyi 18 nibo babashije kwitabira imyitozo bayobowe n’umutoza mukuru Ivan Minnaert. Umunyamabanga mukuru wa Rayons Sports FC Gakwaya Olivier yatubwiye ko mu bakinnyi batitabiriye […]Irambuye

Rwanda: Igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge cyazamutseho 12,5% kuva mu 2010

Kuri uyu wa gatatu tariki 27 Mutarama, Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge yashyize hanze ibyavuye mu bushakashatsi byerekana igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda, ubushakashatsi buvuga ko igipimo cy’ibi cyazamutse kikagera kuri 92,5% kivuye kuri 80% mu mwaka wa mu 2010. Mu kiganiro n’abanyamakuru, umuyobozi wa Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge Bishop John Rucyahana yavuze ko Ubumwe n’ubwiyunge bw’Abanyarwanda […]Irambuye

Kirehe : Abaturage barashinja ubuyobozi kwirengagiza ibyifuzo byabo

Abaturage bo mu Kagari ka Nyabigega, mu Murenge wa Kirehe, Akarere ka Kirehe ho mu Ntara y’Iburasirazuba barijujutira Ubuyobozi bwabo babushinja kunyuranya n’ibyifuzo byabo mubikorwa bibakorerwa, cyane cyane ibijyanye n’ubudehe. Bitewe n’abayobozi aba baturage bo bita babi, ngo bababangamiye mu byifuzo byabo bigamije iterambere ryabo binyuze mu budehe. Abaturage bo muri aka Kagari ka Nyabigega, […]Irambuye

France: Minisitiri w’ubutabera w’umwirabura yeguye

Uwari Minisitiri w’ubutabera w’Ubufaransa kuva Tariki 15 Gicurasi 2012, Christiane Taubira yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa gatatu tariki 27 Mutarama, ku mpamvu zitatangajwe. Christiane Taubira yashyikirije Perezida w’Ubufaransa François Hollande ubwegure bwe kuri uyu wa gatatu, ndetse abayobozi Perezida amwemerera kwegura ku mirimo ye. Perezida Hollande akaba yahise amusimbuza Depite Jean-Jacques Urvoas wari […]Irambuye

Gisa cy’Inganzo akirutse Malaria

Gisa cy’Inganzo aravuga ko nyuma y’ibyumweru bibiri yari amaze arwaye malaria ubu ngo yatangiye gutora agatege, ku buryo ubu abasha kujya muri studio agakomeza gukora umwuga we. Gisa wakunze kuvugwaho gukoresha ibiyobyabwenge, ndetse umwaka ushize akaba yaranajyanywe mu bigo ngororamuco cya Iwawa ubu uyu mwaka wa 2016 yawutangiye neza, ku bw’ubujyanama yahawe byose yarabiretse asubira […]Irambuye

en_USEnglish