Kirehe: Koperative COACMU mu bibazo nyuma yo guhomba Miliyoni 60

Abanyamuryango ba Koperative COACMU ikusanya umusaruro w’ibishyimbo n’ibigori mu Murenge wa Musaza, Akarere ka Kirehe ntibishimiye uburyo Koperative yabo iyobowe nyuma yo guhomba ngo asaga Miliyoni 60 z’amafaranga y’u Rwanda. Abaturage bibumbiye muri Koperative “COACMU (COOPERATIVE DES AGRICULTEURS DE CEREALES DE MUSAZA)” basaga 700 bavuga ko bahombye amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyoni 60, bagashyira mu […]Irambuye

U Rwanda rumaze gufata umwenda wa Miliyari 126 binyuze muri

Imibare itangwa na Banki Nkuru y’igihugu (BNR) iragaragaza ko kuva mu mwaka wa 2008, Guverinoma y’u Rwanda yafashe inguzanyo zigera kuri Miliyari 126,757 z’amafaranga y’u Rwanda binyuze mu kugurisha impapuro z’agaciro mpeshwamwenda. Bwa mbere, tariki 17 Mutarama 2008, Leta yacuruje impapuro zifite agaciro ka Miliyari eshanu (Frw 5 000 000 000), icyo gihe ubusabe bw’abifuzaga […]Irambuye

DR Congo niyo ya mbere yageze kuri Final ya CHAN

Ikipe ye Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yabaye iya mbere mu kubona itike y’umukino wa nyuma wa CHAN2016, nyuma yo gusezerera Guinea kuri Penaliti, mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa kane ukanarebwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame. DRC yasezereye u Rwanda muri 1/4 yaje mu mukino wa 1/2 yifitiye ikizere […]Irambuye

2016: Abayobozi b’ibigo by’indege n’amahoteli muri Afurika bazahurira Kigali

Ku matariki 4-5-6 Ukwakira muri uyu mwaka, i Kigali hazabera inama mpuzamahanga izahuza abayobozi bakuru b’Amahoteli muri Afurika, ikazabanzirizwa no gufungura ihuriro rigiye kujya rihuza amahoteli, Kompanyi z’indege n’ibihuga by’indege muri Afurika mu rwego rwo gushaka uko izo nzego zatezwa imbere. Ku itariki 04 Ukwakira, ku nshuro ya mbere muri Afurika hazatangizwa ihuriro rigiye kujya […]Irambuye

U Rwanda rufite intego yo kwinjiza Miliyoni 104 $ avuye

Mu nama nyungurabitekerezo yahuje abafatanyabikorwa baturutse mu gihugu cy’ubuyapani , umushinga wa Bloom Hills Rwanda Ltd hamwe na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ( MINAGRI) , umunyamaganga uhoraho muri iyo Minisiteri Tony Nsanganira yatangaje ko mu 2018, Leta yifuza ko izaba ifite ubushobozi bwo kwinjiza amafaranga agera kuri Miliyoni 104 z’amadolari ya Amerika ($) ku mwaka aturutse […]Irambuye

Abana batinze kugera ku mashuri byatewe n’uburangare bw’ababyeyi – Min.Musafiri

Minisitiri w’uburezi Dr. Papias Musafiri aravuga ko ibibazo bito by’abanyeshuri batinze kugera ku mashuri n’ibura ry’imodoka byatewe n’uburangare bw’ababyeyi batohereje abana ku gihe cyagenwe. Kuri uyu wa kabiri, tariki 02 Gashyantare, nibwo umwaka w’amashuri wa 2016 mu mashuri abanza n’ayisumbuye watangiye. Hirya no hino mu bigo by’amashuri cyane cyane mu mashuri abanza, hagaragaye ibibazo by’imibare […]Irambuye

Muhanga: Akarere karemeye umuturage warwanyije abacengezi mu 1998

Mu muhango wo kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’intwari wabereye mu Murenge wa Kibangu, ho mu Karere ka Muhanga, Ubuyobozi bw’Akarere bwahaye inka umuturage witwa Saidi Mporanzi wagize ruhare runini mu guhashya abacengezi mu 1998. Mporanzi yabwiye Umuseke ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubwo yari Konseye wa Segiteri Kibyimba muri Komini Nyakabanda habaye ibikorwa […]Irambuye

Leta igiye gucuruza impapuro z’agaciro z’amafrw miliyari 15

Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) muri uku kwezi kwa Gashyantare twatangiye irashyira ku isoko impapuro z’agaciro mpeshwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury bond) z’imyaka itanu zifite agaciro ka Miliyari 15 z’amafaranga y’u Rwanda. Nk’uko bisanzwe, Guverinoma ishyira ku isoko izi mpapuro buri gihembwe mu rwego rwo guteza imbere ibikorwaremezo n’isoko ry’imari n’imigabane […]Irambuye

Uburezi: Integanyanyigisho nshya ije gukemura ikibazo cy’ubushobozi ku isoko ry’umurimo

*Umwaka w’amashuri 2016 utangira kuri uyu wa kabiri tariki 02 Gashyantare; *Mu mashuri abanza, ay’incuke n’ayisumbuye baratangirana n’integanyanyigisho nshya ivuguruye ishingiye ku bumenyi n’ubushobozi; *Iyi nteganyanyigisho nshya ngo ije kuba umuti w’ikibazo cy’ubushobozi buke bw’abarangiza amashuri iyo bageze ku isoko ry’umurimo. Minisiteri y’uburezi ikavuga ko kugira ngo intego z’iyi nteganyanyigisho nshya zigerweho, bisaba ko abarimu […]Irambuye

Amakipe 4 azakina 1/2 cya CHAN yamenyekanye

Amakipe ane (4) arimo atatu yo mu burengerazuba bwa Afurika yabonye itike ya ½ cy’igikombe cya Afurika gihuza abakina imbere mu bihu byabo, CHAN 2016, irimo kubera mu Rwanda. Ibi bihugu ni Côte d’Ivoire, Mali, Guinea Conakry, na DR Congo. Les Aigles du Mali, ikipe y’igihugu ya Mali yabonye tike ya ½ nyuma yo gusezerera […]Irambuye

en_USEnglish