Dutemberane mu bice nyaburanga n’umusozi wa Gisenyi

*Gisenyi, mu Karere ka Rubavu iri mu mijyi itandatu yatoranyijwe izunganira Kigali; *Izwiho kuba umujyi wo kwidagaduriramo, ndetse ukanashyuha; *Uretse kuba umujyi w’ubucuruzi, ufite n’ibice nyaburanga bifasha abantu kwishimisha no kuruhuka; *Munyarwanda cyangwa munyamahanga utarasura Gisenyi uri guhomba. Mu Mujyi wa Gisenyi, uretse umusenyi wo ku kiyaga cya Kivu, amahoteli anyuranye, ikibuga cy’indege, Stade, inzu […]Irambuye

Burya u Rwanda ni rwiza…dutemberane imisozi ya Rubavu na Rutsiro

Hari Abanyarwanda n’abanyamahanga batekereza ko ubukerarugendo mu Rwanda ari ubwo kureba ingagi mu birunga, inzu ndangamurage, Parike nk’Akagera cyangwa Canopy way mu ishyamba rya Nyungwe, nyamara hari ibindi bice nyaburanga bigaragara hirya no hino mu Rwanda wasura kandi ukanezerwa cyane. Uyu munsi dutemberane mu rugendo rw’ibilometero 103, ruhaguruka mu Mujyi wa Gisenyi mu Karere ka […]Irambuye

‘AERG/GAERG Week’ yakomereje Jabana, hasukurwa urwibutso n’imihanda

Kuri uyu wa gatandatu tariki 12 Werurwe, ibikorwa by’icyumweru cya ‘AERG na GAERG’ byabereye mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, aho abanyeshuri n’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bakoze umuganda wo gufasha abatishoboye, basukura urwubutso, ndetse batunganya imihanda.   Imirimo y’uyu munsi yaranzwe no kubakira inzu Sebahutu Saturin w’imyaka 60 warokotse Jenoside utishoboye […]Irambuye

APR FC itsindiwe i Kigali na Yanga Africans 2-1

Kuri uyu wa Gatandatu, umutoza mushya Nizar Khanfir na APR FC ye batsinzwe na Yanga Africans SC ibitego 2-1 mu mukino ubanza wa 1/16 cya ‘Orange CAF Champions League’ wabereye kuri Stade Amahoro i Remera. Yanga Africans yinjiye mu mukino neza, ari nako APR FC ikora amakosa menshi. Ibi byatumye ku munota wa 20 Juma […]Irambuye

Min.Kaboneka arasaba ko itegeko ry’ibyangombwa by’ubutaka rivugururwa

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka arasaba Inteko Ishinga Amategeko kuvugurura itegeko rigenga imitangire y’ibyangombwa by’ubutaka kuko ngo iririho rigora abaturage kandi rimwe na rimwe rigateza ibibazo. Ibi Minisitiri Kaboneka yabigarutseho kuri uyu wa kane, ubwo yarimo asobanurira Komisiyo y’Abadepite ishinzwe uburenganzira bwa muntu ku bibazo bireba inzego z’ibanze byagaragaye muri raporo ya Komisiyo y’uburenganzira bwa […]Irambuye

Ubu ushobora kwishyura Serivisi za Leta ukoresheje MTN Mobile Money

Mu rwego rwo kugabanya ingendo zakorwaga mu kwishyura ibijyanye na Serivisi za Leta, MTN-Rwanda ifatanyije n’ikigo Rwanda online (Irembo) bashyizeho uburyo bwo kwishyura hakoreshejwe MTN Mobile Money. Sosiyete y’itumanaho ya MTN-Rwanda ivuga ko basanzwe biyegereza abakiriya bayo mu kuborohereza mu kwishyura Serivisi zitandukanye hakoresheje Mobile Money, ariko ubu bongeyeho umwihariko ko ushobora no kwishyura Serivisi […]Irambuye

Yeyote Music igiye gufasha ahanzi nyarwanda kuzamura umuzika wabo

Hakozwe application ya Telefoni zigendanwa zigezweho (smartphones) yitwa “Yeyote” igiye gufasha abahanzi kubika no kugeza indirimbo zabo zose ku Isi yose, ndetse ngo abayikoze bakaba bifuza ko mu minsi iri imbere yazanatangira gufasha abahanzi kubona amafaranga binyuze mu ndirimbo baba basohoye. Iyi application yakozwe n’abasore b’Abanyarwanda babiri, Theophile Nsengimana na Anselme Mucunguzi barimo gusoza amashuri muri Leta […]Irambuye

Karongi : Nyirankunsi w’imyaka 80 abayeho mu buzima bubi

Umukecuru Nyirankunsi Antoniya w’imyaka 80 utuye mu Mudugudu wa Nyagahinga, Akagari ka Ruragwe, Umurenge wa Rubengera ho mu Karere ka Karongi abayeho mu buryo buteye inkeke mu gice cy’inzu nacyo kiva atuyemo. Nubwo umuntu atavuga ko ariwe ubayeho nabi wenyine mu gice atuyemo, umukecuru Nyirankunsi arihariye ukurikije ikigero cy’imyaka arimo. Uyu mukecuru ukwiye gufashwa aba […]Irambuye

Abagore bo mu Murenge wa Nduba bamaze kwizigama Miliyoni 68

Mu kwishakamo ibisubizo bahangana n’ubukene, Abagore bo mu Murenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo bamaze kwizigamira amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyoni 68 binyuze muri gahunda yitwa ‘Igiceri’. Muri rusange, mu Murenge wa Nduba nihamwe muho gahunda ‘Igiceri’ ikangurira abantu kuzigama igiceri byibura cy’ijana (100) yatanze umusaruro ufatika dore ko ari naho yatangiriye. Mu bantu bose […]Irambuye

Abaguze inzu Leta yubakira abatishoboye bagiye kuzamburwa – Min. Kaboneka

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yatangaje ko mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’umubare uhora uzamuka y’abatishoboye basaba basaba Leta kubakirwa, ngo abantu bose baguze amazu Leta yari yubakiye abatishoboye bagiye kuyamburwa yongere ahabwe abandi batishoboye noneho bashaka kuyabamo. Minisiteri Francis Kaboneka ubwo yasobanuriraga Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite ibibazo […]Irambuye

en_USEnglish