Amashyuza ni umutungo kamere u Rwanda rutarabyaza umusaruro uhagije

Mu Turere twa Rubavu na Rusizi haboneka amazi karemano atangaje azwi nk’amashyuza, ni amazi ashobora gukoreshwa mu buryo bunyuranye kandi agakurura abakerarugendo. Amashyuza ava mu butaka ashyushye, afite ubushyuhe buri hejuru ya Dogere C 800, ngo aba afite imyunyu itandukanye umubiri uba ukeneye, ku buryo aba shobora kuvura indwara z’uruhu, iz’umubiri, amavunane, n’izindi. Abaturiye amashyuza […]Irambuye

Rusizi: Akarere kagiye kubaka Hoteli ku mashyuza

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi butangaza ko bugiye kubaka Hoteli nziza ahantu nyaburanga amazi y’amashyuza aturuka haherereye mu Murenge wa Nyakabuye, kugira ngo izajye ifasha abaje kuhasura. Abanyarwanda n’abanyamahanga bahasura bavuga ko hari ubwo bahagera bakoze urugendo rurerure, bahagera ntibabone ibyo kunywa no kurya kandi baba bagomba kuhamara iminsi myinshi. Umunyamakuru wacu ahagera, yahahuriye na NTAHWINJA […]Irambuye

Rwamagana: Abaturage bacukuye Damu barambuwe

Abaturage bakoreshejwe mu mirimo yo kubaka icyuzi cyo kwifashishwa mukuhira imyaka y’abahinzi bo mu gishanga cya Nyirabidibiri, giherereye mu kagari ka Kigarama, Umurenge wa Nzige, Akarere ka Rwamagana baravuga ko batahembwe amafaranga bakoreye, ndetse ngo na Rwiyemezamirimo wabakoresheje bakaba baramuburiye irengero. Abaturage bo mu mirenge ya Nzige, Rubona, Gahengeri na Mwurile, mu Karere ka Rwamagana […]Irambuye

Bugarura: Abambuwe ubutaka kubera ‘bank lambert’ bagiye kubusubizwa

Ubuyobozi bw’Akagari Bushaka, bufashijwe n’Umurenge wa Boneza n’Akarere ka Rutsiro, ho mu Ntara y’Iburengerazuba burimo kubarura ubutaka bwo ku kirwa cya Bugarura abaturage bambuwe kubera imyenda bagurijwe muri Banki Ramberi itemewe mu Rwanda, kugira ngo babusubizwe. Ubwo duheruka ku kirwa cya Bugarura mu kwezi gushize, abaturage batubwiye ko hafi icya kabiri (½) cy’ubutaka bw’ikirwa bwose […]Irambuye

Gaze Methane iri mu Kivu ititaweho neza yahitana abasaga Miliyoni

*Gaze Methane n’amafi mu Kiyaga cya Kivu ni umutungo u Rwanda rufite ubyara inyungu; * Isambaza zirobwa cyane mu Kivu zatewemo mu 1959; *Gaze Methane ubu iratanga umuriro w’amashanyarazi wa MW 25; *Iyi gaze ariko ngo idacunzwe neza yateza ikibazo ku baturage basaga Miliyoni ebyiri. Gaze Methane itaragize icyo imarira Abanyarwanda mu myaka itabarika imaze […]Irambuye

Afurika y’Epfo: Byukusenge Nathan yabaye uwa gatatu muri Mountain Bike

Umunyarwanda Byukusenge Nathan afatanyije na Thinus Redelinghuys wo muri Afurika y’Epfo begukanye mwanya wa gatatu (3) muri Afurika, mu isiganwa ku magare ryo mu misozi ‘Mountain Bike’ ryitwa “The Absa Cape Epic 2016”. Nathan Byukusenge na mugenzi we, begukanye umudari wa Bronze mu isiganwa ry’amagare ry’abasiganwa ari babiri ryaberaga mu misozi y’i Cape, ho muri […]Irambuye

Mu Murenge wa Mugombwa ntibarumva akamaro k’Umugoroba w’Ababyeyi

Abaturage bo mu Murenge wa Mugobwa, Akarere ka Gisagara, mu Ntara y’Amajyepfo ngo nta kintu kigaragara barakura muri gahunda y’Umugoroba w’Ababyeyi kuko uduce twinshi twaho aribwo igitangira, ndetse nta ruhare rw’ubuyobozi mu kuyibashishikariza babona. Bamwe mu baturage baganiriye n’UM– USEKE bavuga ko n’ubwo Umugoroba w’Ababyeyi ari gahunda yashyizweho na Leta, ngo bo baracyari inyuma bitewe […]Irambuye

Volleyball: Mu mukino utitabiriwe, APR VC itsinze Rayon Sports VC

Kuri uyu wa gatandatu kuri Petit Stade i Remera, APR VC ihatsindiye Rayon Sports VC amaseti atatu ku busa (3-0), mu mukino utitabiriwe n’abakunzi ba Volleyball nk’uko bisanzwe. Ubusanzwe APR na Rayon Sports VC iyo zahuye, uba ari umukino uryoheye ijisho. Gusa uyu wo siko byagenze kuko Rayon Sports ya Nyirimana Fidel yagaragazaga urwego rwo […]Irambuye

Turuhukane mu mafu n’amahumbezi ya Karongi

Mu nkuru zinyuranye, tumaze iminsi Dutemberana mu bice binyuranye by’Akarere ka Rubavu, Rutsiro na Karongi ari nako tugiye gusorezaho dutembera Ikivu n’ibirwa byacyo bishobora kugufasha kuruhuka. Ni urugendo rugamije kubereka ahantu nyaburanga ushobora gusura ukahungukira byinshi utari uzi, kandi ukaba wanamenya amahirwe y’ishoramari mu by’ubukerarugendo. Akarere ka Karongi kari mu mishinga y’igishushanyo mbonera cyaguye Leta […]Irambuye

Gisenyi>>>Rutsiro>>>Karongi, 100Km mu bwiza nyaburanga

Burya u Rwanda ni urw’imisozi igihumbi n’ibisubizo igihumbi, uramutse ugenze uru rugendo ruva Rubavu mu Mujyi wa Gisenyi, ukambukiranya imisozi ya Rutsiro, ukaminura iya Karongi nibwo ubona ko koko iki gihugu ari icy’imisozi 1 000. Kugira ngo ukore uru rugendo runyura ku misozi igaragiye ikiyaga cya Kivu ruzwi nka “Congo Nile Trail”, bisaba kubyuka kare […]Irambuye

en_USEnglish