Patrick Byukusenge wabazwe urutugu, muri 6 bazitabira Vuelta a Colombia

Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare ‘Team Rwanda’ ikomeje imyitozo yitegura isiganwa rya ‘Tour of Colombia’, isiganwa rikomeye rizahuza abakinnyi b’u Rwanda n’ibindi bihangange ku Isi. Kuva tariki 13 kugeza 26 Kamena 2016, ikipe yo gusiganwa ku magare ‘Team Rwanda’ izitabira isiganwa ku magare mpuzamahanga ‘Vuelta a Colombia’. Abakinnyi batandatu batoranyijwe bazerekeza i Bogota muri Colombia tariki […]Irambuye

Ngoma: Abaturanyi babi bagira uruhare mu kwangisha abana ishuri

Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Ngoma barashinja abaturanyi babo kugira ibiraara abana b’abandi babakangurira kuva mu ishuri, bagasaba Leta gukurikirana abatumye abana babo bata ishuri. Ubwo Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, umutwe wa Sena yasuraga Akarere ka Ngoma mu mpera z’iki cyumweru gishize, hari ababyeyi babatakambiye basaba kubafasha abana babo bagasubira mu ishuri. […]Irambuye

Umusonga wihariye 80% by’indwara zugarije abana bo mu nkambi ya

Ibitaro bya Kirehe biratangaza ko mu bana babyivurizaho baturutse mu nkambi ya Mahama, muri bo 80% baba barwaye indwara y’umusonga bitewe n’imbeho ituruka mu uruzi rw’Akagera. Ku bitaro bya Kirehe, mu Karere ka Kirehe, iyo ugiye mu nzu irwariwemo abana, uhasanga abana benshi baharwariye. Ubuyobozi bw’ibi bitaro bukavuga ko umubare munini w’abana baharwarira muri iyi minsi […]Irambuye

“Jenoside ni uguhakana Imana, ni ukwica Imana” – Padiri Consolateur

Mu mpera z’icyumweru dusoje, ubwo yagezaga ijambo ku bakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere (RDB) bari mu muhango wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Padiri Innocent Consolateur yagarutse ku bukana bwa Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’ingaruka zayo ku gihugu. Padiri Innocent Consolateur hejuru yo kuba umushumba muri Kiliziya Gatorika, ni na Komiseri muri Komisiyo y’Ubumwe […]Irambuye

Amavubi: Batatu basezerewe, na Uzamukunda ntazaza kubera imvune

Umutoza w’Amavubi yamaze gusezerera abakinnyi batatu, ndetse na Uzamukunda Elias Baby ntazitabira imyitozo y’ikipe y’igihugu kubera imvune. Rutahizamu wa Le Mans yo mu kiciro cya kabiri mu gice cy’abatarabigize umwuga, (Championnat de France Amateur 2) yari yahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi yitegura umukino wa Mozambique mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika, ariko ngo ntazitabira ubutumire […]Irambuye

Remera: Habura iminota ngo akore ubukwe, yahitanywe n’impanuka

Mu gitondo cyo kuwa gatandatu, tariki 28 Gicurasi 2016, NZIRUGURU Alex w’imyaka 28 yakoze impanuka ikomeye yaje kumuhitana abura iminota micye ngo akore ubukwe. Alex Nziruguru, wavutse mu 1988, na Nyirakiyobe Jolie bari bagiye ku rushinga, bari barasezeranye imbere y’amategeko kuwa kane tariki 26 Gicurasi 2016, nyuma y’umunsi umwe urupfu rurabatandukanya. Kuri gahunda y’ubukwe, bari gusaba Kimironko […]Irambuye

Mu mavuna yari amaze ibyumweru 2, Abadivantisiti bagera ku 90.000

*Umuyobozi w’Itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa 7 ku Isi amaze ibyumweru 2 mu Rwanda avuga ubutumwa; *Amakuru agikusanywa aravuga ko babatije abagera ku 90,000 mu Rwanda hose; *Mu turere twa Ruhango,Kamonyi na Muhanga honyije habatijwe abasaga ibihumbi 11; *Muri iri vugabutumwa hishyuwe Mutuelle de Santé zirenga 30,000, inzu 200 zubakirwa abatishoboye. Binyuze mu ivugabutumwa ryaye ‘Amavuna’ […]Irambuye

Kwibuka22: Dufite inshingano zo guteza imbere u Rwanda dushingiye ku

Mu mugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 22 wahuje abakozi n’abayobozi b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere (RBD) kuri uyu wa gatanu, Francis Gatere yibukije abakozi ba RDB ko bafite inshingano zo guteza imbere u Rwanda kandi bagomba kubikora bashingiye ku mateka rwanyuzemo. Mu ijambo rye, Francis Gatare uyobora RDB yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi […]Irambuye

Amaraso akenerwa mu buvuzi mu Rwanda aboneka ku kigero cya

Mu cyumweru gitaha i Kigali hazateranira inama mpuzamahanga rya munani ku Itangwa ry’amaraso, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima ‘RBC’ ngo kizagaragaza byinshi byagezweho muri gahunda yo gutanga amaraso mu Rwanda birimo kuba abatanga amaraso bayatanga ku buntu kandi amaraso akenerwa akaba aboneka ku kigero cya 87%. Igikorwa cyo gutanga amaraso gikorwa mu buryo bune burimo kuba umuntu […]Irambuye

Samputu arataramira abakunzi be mu Busuwisi

Kuri uyu wa 27 Gicurasi 2016, umuhanzi mpuzamahanga w’umunyarwanda Samputu Jean Paul arataramira abakunzi be mu gitaramo cyiswe ‘SAMPUTU Live Concert’ cyateguwe n’ikitwa ‘Club Antidote’ ya Neuchâtel mu Busuwisi ifatanyije na ‘Darius Rourou Music’ mu rwego rwo kwegereza Samputu abakunzi be baba muri kiriya gihugu. Muri iki gitaramo Samputu azaba ari kumwe na mugenzi we […]Irambuye

en_USEnglish