Abakinnyi bato bakomeje gufasha AS Kigali kuzamuka ku rutonde

Nyuma yo gutsinda Etincelles 3-2, AS Kigali ikomeje kuzamuka ku rutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona, ubu ikaba igeze ku mwanya wa kane ibifashijwemo n’abakinnyi bato umutoza Eric Nshimiyimana yazamuye muri uyu mwaka. Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda ‘AZAM Rwanda Premier League’ yakomeje kuri uyu wa kabiri amakipe nka AS Kigali na Bugesera yitwara neza. Mu […]Irambuye

Global Fund mu gusaba ibihugu biyitera inkunga kutazigabanya

Kuri uyu wa kabiri, mu Rwanda habaye inama yibanze ku bukangurambaga bwa “Fund the fund” bugamije gukangurira ibihugu bitera nkunga by’ikigega mpuzamahanga ‘Global Fund’ kutagabanya inkunga kuko inshingano icyo kigega gifite zo guhangana n’icyorezo cya SIDA, Igituntu na Malariya zigikomeye. Umuryango AHF (Aids Healthcare Foundation) uvuga ko muri iki gihe inkunga zashyirwaga mu kurwanya SIDA, […]Irambuye

Ku mitungo y’abarundi birukanywe mu Rwanda, AU Summit, FDLR…- Mushikiwabo

Kuri uyu wa kabiri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Louise Mushikiwabo yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru aho yasubije ibibazo yabajijwe ku nama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe ibera mu Rwanda mu kwezi gutaha, ku nyeshyamba za FDLR n’imanza za Jenoside n’ibyerekeranye n’Abarundi birukanywe mu Rwanda n’imitungo yabo. Minisitiri Louise Mushikiwabo yavuze ko u Rwanda rwamaze kwitegura kwakira inama ya […]Irambuye

KBS igiye kujya ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda

Ubuyobozi bw’Ikompanyi yo gutwara abantu mu Mujyi wa Kigali ‘Kigali Bus Services (KBS)’ buratangaza ko mu gihe gito buza kuba bwinjiye ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda. Umushoramari akaba na nyiri KBS, Ngarambere Charles ari nawe uyiyobora yabwiye Umuseke ko gahunda yo kujya ku Isoko ry’Imari n’Imigabane bayifite kuva mu mwaka ushize wa 2015, gusa […]Irambuye

Rusizi: Umugabo yiyiciye Umwana we amuziza ko atahiriye ihene

Mu masaha ya Saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba (18h30) wo kucyumweru, umugabo Mathias Sinumvayabo uri mukigero k’imyaka 46, utuye mu Mudugudu wa Rebero, Akagari ka Mpinga, mu Murenge wa Gikundamvura yakubise umwana we w’umuhungu bikabije kugeza ubwo avuyemo umwuka. Nyakwigendera witwaga Emmanuel Ntamukunzi, ni umwana w’umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 8, akaba yigaga mu mashuri […]Irambuye

Kuki imigabane ya BRALIRWA na Crystal Telecom iri gutakaza agaciro

Isesengura ry’amakuru atangwa n’isoko ry’imari n’imigabane rigaragaza ko mu myaka ibiri ishize umugabane wa Bralirwa wataye agaciro ku kigero cya 61.5%, mu gihe umugabane wa Crystal Telecom utaramara umwaka wo ugiye ku isoko umaze gutakaza agaciro ku kigero kiri hejuru ya 44%. Imwe mu mpamvu zibitera ni ukuba isoko ry’imari n’imigabane ritaritabirwa cyane n’abanyarwanda.   […]Irambuye

U Rwanda rutsinzwe 2-3 na Mozambique, amahirwe ya CAN arayoyoka

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’ atsindiwe kuri Stade Amahoro ibitego 3-2, amahirwe yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika cya 2017, muri Gabon. Ku ruhande rw’u Rwanda, habanjemo, Ndayishimiye Eric Bakame, Niyonzima Haruna, Rusheshangoga Micheal, Bayisenge Emery, Rwatubyaye Abdul, Niyonzima Alli, Mugiraneza Jean Baptiste ‘Migi’, Iranzi Jean Claude, Nshuti D. Savio, Sibomana Abouba, […]Irambuye

Iyi Sabato ishobora gusiga habatijwe Abadivantisiti bagera ku bihumbi 100

Ubuyobozi bw’itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa kariindwi ku Isi buratangaza ko iyi sabato ishobora gusiga babatije Abakirisitu bagera ku 100 000. Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa internet “adventist review” rw’Itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa 7 ku Isi, Ubuyobozi bw’iri torero bwatangaje ko nyuma y’ivugabutumwa ryagutse rizwi nk’Amavuna ryakozwe hagati y’itariki 13-28 Gicurasi, abantu benshi bihannye ibyaha bakemera […]Irambuye

Itorero ry’Igihugu ‘Urukerereza’ ryasusurukije abatari bariherutse

Mu gitaramo cyiswe Inkera y’Abahizi, Itorero ry’igihugu ‘Urukerereza’ ryataramiye Abanyarwanda n’abanyamahanga bari bitabiriye ari bacye cyane. Mu gutangira iki gitaramo Straton NSANZABAGANWA, wo muri Komite ifasha Itorero ry’igihugu ‘Urukerereza’, akaba n’umujyanama mu Nteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco yabanje gusobanura icyo gutarama byari bivuze mu muco w’abanyarwanda n’amoko y’ibitaramo yabagaho. Yavuze ko iyi ‘Nkera y’Abahizi’ ari umwanya […]Irambuye

en_USEnglish