Month: <span>December 2016</span>

Imparangwe ziracika ku Isi, mu Rwanda ho ngo ntazigeze ziharangwa

Eugene Mutangana ushinzwe kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere, (RDB) yabwiye Umuseke ko ibinyamajanja bita ‘Imparangwe’ (Cheetahs)  zitigeze ziba mu Rwanda. Mu mibare RDB bafite ya vuba, yerekana ko guhera muri 2013 kugeza mu bushakashatsi bwakozwe muri 2015 nta mparangwe basanze mu Rwanda. Ku isi hose hasigaye imparangwe 7 100 gusa mu gihe mu […]Irambuye

Abahanga bariga uko abantu baganira n’ibiremwa bidasanzwe byitwa ‘Aliens’

*Ngo bishobora kuba intandaro y’irimbuka Abahanga mu by’ubumenyi bagiye gushyira hanze porogaramu yo kugerageza kujya bavugana n’ibiremwa bitazwi (bizwi nka Aliens). Gusa abandi bahanga bamagana uyu mushinga bakavuga ko kuvugana n’ibi biremwa bishobora kuzaba intandaro y’irimbuka ry’ibiremwamuntu. Aba bahanga bibumbiye mu itsinda METI bavuga ko uyu mushinga witezwemo porogaramu izafasha abatuye Isi gukurikirana ‘Aliens’ no […]Irambuye

2016: Inguzanyo zitishyurwa neza zarazamutse, Ifaranga rita agaciroho 9.3%,… –

*Ikinyuranyo cy’ibyoherezwa mu mahanga cyamanutseho 5.1% *Inguzanyo zitishyurwa neza zigera kuri 7.5% *Inyungu y’amabanki imanukaho 2.8% *Key Repo Rate (ibipimo yifashisha mu kugurisha amafaranga ku banki z’ubucuruzi) ikurwa kuri 6.5, ishyirwa kuri 6.25 mu gihembwe cya mbere cya 2017. Kuri uyu wa gatatu, Banki Nkuru y’Igihugu yatangaje imibare mishya ku buryo urwego rw’imari rw’u Rwanda […]Irambuye

Leta ishora miliyoni 500 zo kurwanya imirire mibi buri mwaka

Mu nama y’umunsi umwe yahuje abafatanyabikorwa mu Ntara y’Amajyepfo n’inzego zitandukanye z’uturere twose tugize iyi Ntara, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Scaling Up Nutrition Civil Society Alliance (SUN CSA Rwanda), MUHAMYANKAKA Vénuste atangaza ko Miliyoni 500 z’amafaranga y’u Rwanda ari yo Leta ishora muri gahunda yo kurwanya imirire mibi buri mwaka, ariko ikibazo kikaba kidacika. Muri iyi […]Irambuye

Akon yaretse ubuzima bw’aba-star burundu, aza gufasha abakene

Alioune Badara Thiam uzwi cyane nka Akon, icyamamare gikomeye muri muzika ku isi yahagaritse ubuzima bwo kubaho, kwitwara no kwambara nk’ibyamamare mu muziki atangira imibereho mishya ishingiye ku mushinga wa za miliyari z’amadorari wo gukwirakwiza amashanyarazi ku bayakeneye cyane muri Africa. Tuzakomeza kumwibuka mu ndirimbo nka “Guetto”, “Lonely”, “Smack that” n’izindi ariko ntituzongera kumubona nk’icyamamare […]Irambuye

Tanzania: Yapfuye ntawamukozeho nyuma yo kwica inzoka ye

Umuturage wo mu kagari ka Mateka, mu murenge wa Songea, mu Ntara ya Ruvuma witwa Denis Komba w’imyaka 26, yapfuye nyuma y’uko inzoka ye yakubiswe igapfa. Ikinyamakuru Mpekuzi kivuga ko Komba yapfiriye kwa muganga mu bitaro bya Rufaa Songea mu Ntara ya Ruvuma aho yajyanywe nyuma yo kumererwa nabi nyuma y’uko inzoka yari yitwaje yicishijwe […]Irambuye

Japan ibabajwe n’ibyo yakoze i Pearl Harbor ariko ntisaba imbabazi

Kuri uyu wa gatatu Minisitiri w’intebe w’u Buyapani Shinzo Abe uri muri USA mu ntangiriro z’iki Cyumweru yasuye imva zishyinguwemo ingabo 2 400 za USA zishwe n’ibitero by’indege z’intambara z’u Buyapani mu gitero zagabye Pearl Harbor muri 1941, yavuze ko igihugucye kibabajwe n’ibyo cyakoze ariko yirinze kubisabira imbabazi. Hagati muri uku kwezi ubwo Perezida Barack […]Irambuye

Simbarikure wibishije intwaro yaraye atorotse Gereza ya Rusizi

Mu itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa Gereza ya Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba burasaba abantu gutungira agatoki inzego z’umutekano aho bazabona umuntu witwa Theodore Simbarikure waraye atorotse iriya gereza. Iri tangazo ryashyizweho umukono n’ubuyobozi bw’iriya gereza riravuga ko Simbarikure yari yarakatiwe kubera guhamwa n’icyaha cy’ubujura bwitwaje intwaro. Simbarikure afite imyaka 40, ni umugabo wubatse ubarizwa mu karere […]Irambuye

Ibitaramo bya Gakondo Friday bigiye guhagarara

Kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 2015 nibwo Gakondo Group irangajwe imbere na Massamba Intore yatangiye gukorera ibitaramo byabaga buri wa gatanu muri Hotel de Mille Collines. Mu butumwa Massamba Intore yatambukije ku rubuga rwe rwa facebook, yavuze ko ibyo bitaramo bizahagarikwa kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016 ahubwo hakajya haba igitaramo kimwe […]Irambuye

Muri Taiwan ishuri riherutse kuramya ibikorwa bya Hitler

Abaturage bo m bihugu nka Taiwan, Koreya y’epfo, Indonesia na Thailand benshi ngo ntibazi neza amateka y’Intambara ya kabiri y’isi na Hitler ntibabizi, ibi byatumye bakora igifatwa nk’ibara n’amahanga aho muri Taiwan ishuri ryambitse abana impuzankano ziriho ikirango cy’aba-Nazi ba Hitler.   Elliot Brennan wo mu kigo cy’ubushakashatsi kitwa Institute for Security and Development Policy aherutse […]Irambuye

en_USEnglish