Ubushakashatsi ku mikurire y’abantu ku Isi bugaragaza ko mu bihugu bimwe abantu biyongereye mu ndeshyo no mu bigango, ariko bukagaragaza ko mu bihugu byinshi biri mu nzira y’amajyambare imikurire y’abantu yasubiye inyuma harimo no mu Rwanda. Abagore bo muri Korea y’Epfo n’abagabo bo muri Iran ubushakshatsi bugaragaza ko bakuze cyane mu myaka 100 ishize, n’ubwo […]Irambuye
MTN-Rwanda yamaze kugirana amasezerano n’ikigo mpuzamahanga ISON BPO Rwanda Limited kugira ngo abe aricyo kizajya gitanga Serivise zo gufasha abakiliya bayo zizwi nka “Call center”, ubundi zari mu maboko y’ikigo “CET Consulting”. Kuva tariki ya 01 Kanama 2016, Serivise za ‘Call Center’ ya MTN-Rwanda zirajya mu maboko ya ISON BPO isanzwe ikorera mu bihugu 16 […]Irambuye
Kigali – Ikipe y’igihugu ya basketball y’abatarengeje imyaka 18 yageze muri ¼ cy’irangiza ari iya kabiri mu itsinda ryayo nyuma yo gutsinda Algeria amanota 53-40. Muri 1/4 rukazahura na Tunisia. Ku mugoroba kuwa Gatatu tariki ya 27 Nyakanga 2016, kuri Stade Amahoro i Remera benshi bari baje gushyigikira aba bana bakomeje kwihagararaho muri marushanwa nyafurika […]Irambuye
Itsinda Rabagirana Worship Band rigiye gukora igitaramo cyiswe “Arise2016 “ mu rwego rwo gufatanya n’abanyarwanda mu kuramya Imana mu buryo bwimbitse. Ubusanzwe iryo tsinda rigizwe n`abasore n`inkumi b`abanyamuziki rikora igitaramo bise ” Arise ” buri mwaka. Itsinda rya Rabagirana Worship Band rivuga ko intego nyamukuru muri icy’igitaramo ari ukuramya Imana mu buryo bw’imbitse no kubona […]Irambuye
Urubuga rwa Internet rwandika inkuru z’ubuzima Doctissimo.com rwandika ko n’ubwo mu gihe cy’imihango abagore bamwe bababara abandi na bo bakagubwa nabi mu buryo butandukanye nko kugira iseseme, gucika umugongo, kubabara umutwe cyangwa mu kiziba cy’inda, kugira umushiha, abandi bo ngo biba ntacyo bibabwiye ku buryo gukora imibonano muro icyo gihe babifata nk’ibisanzwe. Abantu benshi usanga […]Irambuye
Ubwo Abashakashatsi b’Abanyarwanda bagaragazaga ubushakashatsi bwabo ku bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi n’imibanire y’Abanyarwanda nyuma yayo, berekanye ko ihungabana riri ku barokotse Jenoside n’ababakomokaho ryageze no ku bakomoka ku bakoze Jenoside. Ubu bushakashatsi bwerekanye ko abakomoka ku bakoze Jenoside bumva bafite ipfunwe n’ikimwaro biturutse ku byo benewabo bakoze bityo ibi bikagira ingaruka mu mitekerereze yabo […]Irambuye
Gisenyi – Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, ahagana mu ma Saa moya, imodoka ya Daihatsu yakoze impanuka irashya irakongoka inagonga taxi Minibus nayo irashya. Umushoferi wari utwaye Daihatsu n’umufasha we (tandiboyi) bahiriyemo barapfa. Iyi modoka ya Daihatsu ngo yabuze feri iri kumanuka hafi y’ibitaro bya Gisenyi mu kagari ka Nengo Umurenge wa Gisenyi hafi […]Irambuye
Kuri uyu wa 27 Nyakanga, mu Karere ka Karongi habereye umuhango wo kwerekana imisoro y’uturere tw’Intara y’Iburengerazuba yakiriwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahooro, ndetse habaho no gushima abasora bujuje inshingano zabo uko bigomba. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’uburengerazuba JABO Paul yashimiye abasora bo muri iyi Ntara uburyo bakomeje kwiyongera, ndetse bakaba batanga imisoro neza. Byatumye intego y’amafaranga […]Irambuye
Mu ijambo Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe yagezaga ku bahoze ari abarwanyi “Ancient Combattants” (ba Sekombata) bafatanyije kurwanira ubwigenge, ariko bakaba bamwe muri bo baratangaje ko batamushyigikiye, yavuze ko atiteguye kuva ku butegetsi, ndetse ko abanditse ibaruwa y’uko batamushyigikiye bazahanwa. Perezida Mugabe uheruka mu nama rusange y’Abakuru b’Ibihugu bya Africa i Kigali, yanenze cyane bamwe […]Irambuye
Kakiru – Richard Ntakirutimana wari mu bashakashatsi bateraniye mu Karere ka Gasabo kuri uyu wa gatatu yavuze ko 59% by’abasigajwe inyuma n’amateka yabajije bavuze ko bumva bakwitwa ‘Abatwa’ kurusha ko bakwitwa ‘abasigajwe inyuma n’amateka’.. Ibi ngo nibyo bituma bumva ko ari bamwe mu Banyarwanda kuko ngo mu basigajwe inyuma n’amateka harimo abagore, abafite ubumuga, abasilamu […]Irambuye