Umuntu ushakira abakinnyi amakipe ‘agent’ wagurishije Davis Kasirye muri DCMP muri Congo, yanaboneye Yannick Mukunzi ikipe yo muri United Arab Emirates, ibiganiro bigenze neza yagenda muri iki cyumweru. Ronnie Santos Mwine Fred wo mur Uganda umaze kumenyekana mu gushakira abakinnyi bo muri aka karere amakipe, kuri uyu wa kabiri nibwo yatangaje ko agurishije muri Daring […]Irambuye
Kuva Dr Agnes Binagwaho yakurwa buyobozi bwa Minisiteri y’Ubuzima tariki 12 Nyakanga, ntiharashyirwaho umusimbura, ubuzima ni urwego rw’ingenzi cyane mu buzima bw’igihugu, buri wese yibaza uzamusimbura, benshi basubiza amaso inyuma mu bamubanjirije. Mu myaka itanu Dr Agnes Binagwaho, umuhanga mu kuvura indwara z’abana, yakoze byinshi byiza ndetse anabihererwa ibihembo mpuzamahanga nk’igihembo yaherewe muri Leta Zunze […]Irambuye
L’Institut Panos Grands Lacs (IPGL) est une ONGI spécialisée dans le domaine du pluralisme médiatique et de la diversité des médias au service de la démocratie en Afrique des Grands Lacs. Le siège régional de l’IPGL est établi à Bujumbura au Burundi, avec des bureaux nationaux en RDC et au Rwanda. Actuellement, avec l’appui financier […]Irambuye
Muri iki gitondo Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda isohoye itangazo rivuga ko ihagaritse by’agateganyo imikino y’amahirwe ikoresha imashini (slot machines) imaze iminsi izwi ku izina ry’Ikiryabarezi. Iyi mikino ababyeyi benshi bagaragaje ko iri kurumbya no gutera abana ubujura bw’amafaranga bayajyana muri iyi mikino. Itangazo rya MINICOM ryasinyweho na Minisitiri Francois Kanimba riravuga ko “nyuma y’ingezura ryakozwe na […]Irambuye
Abagore bagera kuri 400 n’abagabo bacye bari bateraniye muri Serena Hotel mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri ubwo batangizaga ku nshuro ya gatandatu igiterane cy’ivugabutumwa kitwa “All women together” gitegurwa na Women Foundation Ministries, iki giterane ngo kigamije guhindura umuryango nyarwanda binyuze mu mugore. Ernestine Gashongore yatanze ubuhamye bw’uko ubuzima bwe bwahinduwe n’ibi biterane. […]Irambuye
Rusizi – Mu cyumweru gishize Umuseke wasuye izi nyubako zubatswe ngo zibe Guest House yakira abasura ikirwa cya Nkombo mu kiyaga cya Kivu, komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari ya Leta mu Ntako kuri uyu wa kabiri nayo yasuye izi nyubako zigiye kumara imyaka itatu ziri aho zihomba, aba bavuze ko izi nyubako zubatswe nabi kuko […]Irambuye
Kanyankore Gilbert bita Yaounde nk’umutoza mushya niwe wakoresheje imyitozo ya mbere ya APR FC nyuma ya ‘saison’ ishize begukanyemo igikombe. APR FC yakoze imyitozo kuri uyu mugoroba iri kumwe n’abakinnyi icyenda bashya yazanye barimo na Emmanuel Imanishimwe wavuye muri Rayon Sports. APR iri kwitegura imikino y’amakipe ya Gisirikare mu karere k’Africa y’iburasirazuba izatangira muri week […]Irambuye
Umuhanzi Israel Mbonyi ukunzwe mu ndirimbo ziramya n’izihimbaza Imana, aritegura kujya gutaramira abakunzi b’indirimbose mu gihugu cya Canada kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Nyakanga. Israel Mbonyi arahagururuka kuri uyu wa gatatu yerekeze muri Canada aho azaririmbira Abanyarwanda n’inshuti zabo baba muri Canada, mu birori byo gusangira “Dinner” bateguye. Mbonyi yabwiye Umuseke uru ruzinduko yarutumiwemo n’inshuti […]Irambuye
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Rweru bavuga ko bamaze igihe kirekire biruka ku ndangamuntu ariko ntibazibone, bigatuma hari ubwo bafatwa na Polisi igihe habaye isoko, ubundi ngo kuri bamwe ntaho bajya kure y’aho batuye kubera iki kibazo. Harerimana Emmanuel wo mu mudugudu wa Ruhehe mu kagari ka Batima mu murenge wa Rweru, avuga […]Irambuye
Abaturage bo mu Murenge wa Byumba, by’umwihariko abaturiye n’abakoresha umuhanda unyura ku bitaro bya Byumba bafite impungenge ku ngaruka z’imyotsi ngo bahumeka iyo ibitaro byatwitse imyanda n’ibikoresho byamaze gukoreshwa. Ubuyobozi bwo buravuga ko nta ngaruka yatera. Abaturage banyuranye bakoresha umuhanda unyura ku bitaro bya Byumba, bavuga ko iyo byatwitse imyanda bibasaba kugenda bipfutse amazuru kubera […]Irambuye