Month: <span>July 2016</span>

Agent wa Kasirye agiye kugurisha Yannick Mukunzi muri UAE

Umuntu ushakira abakinnyi amakipe ‘agent’ wagurishije Davis Kasirye muri DCMP muri Congo, yanaboneye Yannick Mukunzi ikipe yo muri United Arab Emirates, ibiganiro bigenze neza yagenda muri iki cyumweru. Ronnie Santos Mwine Fred wo mur Uganda umaze kumenyekana mu gushakira abakinnyi bo muri aka karere amakipe, kuri uyu wa kabiri nibwo yatangaje ko agurishije muri Daring […]Irambuye

Ni inde ukwiye gusimbura Dr Binagwaho? Ntawukuriryayo, Sezibera cg undi?

Kuva Dr Agnes Binagwaho yakurwa buyobozi bwa Minisiteri y’Ubuzima tariki 12 Nyakanga, ntiharashyirwaho umusimbura, ubuzima ni urwego rw’ingenzi cyane mu buzima bw’igihugu, buri wese yibaza uzamusimbura, benshi basubiza amaso inyuma mu bamubanjirije. Mu myaka itanu Dr Agnes Binagwaho, umuhanga mu kuvura indwara z’abana, yakoze byinshi byiza ndetse anabihererwa ibihembo mpuzamahanga nk’igihembo yaherewe muri Leta Zunze […]Irambuye

JOB offers in Institut Panos Grands Lacs (IPGL)

L’Institut Panos Grands Lacs (IPGL) est une ONGI spécialisée dans le domaine du pluralisme médiatique et de la diversité des médias au service de la démocratie en Afrique des Grands Lacs. Le siège régional de l’IPGL est établi à Bujumbura au Burundi, avec des bureaux nationaux en RDC et au Rwanda. Actuellement, avec l’appui financier […]Irambuye

MINICOM ihagaritse imikino y’IKIRYABAREZI

Muri iki gitondo Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda isohoye itangazo rivuga ko ihagaritse by’agateganyo imikino y’amahirwe ikoresha imashini (slot machines) imaze iminsi izwi ku izina ry’Ikiryabarezi. Iyi mikino ababyeyi benshi bagaragaje ko iri kurumbya no gutera abana ubujura bw’amafaranga bayajyana muri iyi mikino. Itangazo rya MINICOM ryasinyweho na Minisitiri Francois Kanimba riravuga ko “nyuma y’ingezura ryakozwe na […]Irambuye

“All Women together” amasengesho yo kubaka umuryango binyuze mu mugore

Abagore bagera kuri 400 n’abagabo bacye bari bateraniye muri Serena Hotel mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri ubwo batangizaga ku nshuro ya gatandatu igiterane cy’ivugabutumwa kitwa “All women together” gitegurwa na Women Foundation Ministries, iki giterane ngo kigamije guhindura umuryango nyarwanda binyuze mu mugore. Ernestine Gashongore yatanze ubuhamye bw’uko ubuzima bwe bwahinduwe n’ibi biterane. […]Irambuye

APR FC yatangiye imyitozo hamwe n’abakinnyi 9 bashya

Kanyankore Gilbert bita Yaounde nk’umutoza mushya niwe wakoresheje imyitozo ya mbere ya APR FC nyuma ya ‘saison’ ishize begukanyemo igikombe. APR FC yakoze imyitozo kuri uyu mugoroba iri kumwe n’abakinnyi icyenda bashya yazanye barimo na Emmanuel Imanishimwe wavuye muri Rayon Sports. APR iri kwitegura imikino y’amakipe ya Gisirikare mu karere k’Africa y’iburasirazuba izatangira muri week […]Irambuye

Israel Mbonyi agiye kuririmbira Abanyarwanda bo muri Canada

Umuhanzi Israel Mbonyi ukunzwe mu ndirimbo ziramya n’izihimbaza Imana, aritegura kujya gutaramira abakunzi b’indirimbose mu gihugu cya Canada kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Nyakanga. Israel Mbonyi arahagururuka kuri uyu wa gatatu yerekeze muri Canada aho azaririmbira Abanyarwanda n’inshuti zabo baba muri Canada, mu birori byo gusangira “Dinner” bateguye. Mbonyi yabwiye Umuseke uru ruzinduko yarutumiwemo n’inshuti […]Irambuye

Gicumbi: Imyotsi iva ku bitaro iteye impungenge, ubuyobozi buti ‘nta

Abaturage bo mu Murenge wa Byumba, by’umwihariko abaturiye n’abakoresha umuhanda unyura ku bitaro bya Byumba bafite impungenge ku ngaruka z’imyotsi ngo bahumeka iyo ibitaro byatwitse imyanda n’ibikoresho byamaze gukoreshwa. Ubuyobozi bwo buravuga ko nta ngaruka yatera. Abaturage banyuranye bakoresha umuhanda unyura ku bitaro bya Byumba, bavuga ko iyo byatwitse imyanda bibasaba kugenda bipfutse amazuru kubera […]Irambuye

en_USEnglish