Month: <span>May 2016</span>

“Jenoside ni uguhakana Imana, ni ukwica Imana” – Padiri Consolateur

Mu mpera z’icyumweru dusoje, ubwo yagezaga ijambo ku bakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere (RDB) bari mu muhango wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Padiri Innocent Consolateur yagarutse ku bukana bwa Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’ingaruka zayo ku gihugu. Padiri Innocent Consolateur hejuru yo kuba umushumba muri Kiliziya Gatorika, ni na Komiseri muri Komisiyo y’Ubumwe […]Irambuye

Abandi bimukiira hagati ya 700 na 900 bararohamye bashaka kugera

Umuryango w’Abaganga batagira umupaka (Medecins sans Frontiere) n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi HCR baratangaza ko mu cyumweru gishize abimukira babarirwa hagati ya 700 na 900 ari bo bashobora kuba barasize ubuzima mu mpanuka z’ubwato bwabaga bubatwaye buberekeza ku mugabane w’Uburayi. Uyu muryango w’abaganga batagira umupaka uvuga ko mu cyumweru gishize hatabawe ubuzima bw’abantu bagera […]Irambuye

Mathias Ntawurikura abona kudaha agaciro inararibonye bidindiza Athletisme

*Niwe mukinnyi wa mbere w’umunyarwanda wakinnye mu ikipe yabigize umwuga *Mu myaka irindwi ishize ubwe yafashije abana batandatu kwitoreza mu Butaliyani Mathias Ntawurikura izina rikomeye cyane mu mukino wo gusiganwa ku maguru mu Rwanda, afite ubunararibonye yihariye, ariko asanga budahabwa agaciro n’ishyirahamwe ry’imikino ngororamubiri kandi abona bishobora kugira ingaruka mbi kuri uyu mukino. Ntawurikura yahagarariye […]Irambuye

Senegal: Hissene Habre wategetse Tchad yakatiwe gufungwa BURUNDU

Hissene Habre wigeze kuyobora Chad yakatiwe igifungo cya burundu, nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kwica abaturage batavugaga rumwe n’ubutegetsi bwe. Urubanza rwasomewe i Dakar muri Senegal mu rukiko rwihariye rw’Africa rwo kumuburanisha kuri uyu wa mbere tariki 30 Gicurasi 2016. Urukiko rwamuhamije ibyaha byo gufata abagore ku ngufu, gushyira abantu mu bucakara bw’ibitsina, kwica abigambiriye, […]Irambuye

Abibwira ko nta live music tuzashobora bazumirwa- TBB

Mu gitaramo cya mbere cya live kizabera i Nyamirambo mu bitaramo umunani bigomba gukorwa by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star6, itsinda rya TBB rigizwe na Tino, Bob na Benjamin ngo bazi ko abantu bamwe na bamwe batabaha amahirwe. Ariko ngo ushaka kuzareba umuziki nyawo azaze. Ibi nibyo byatangajwe na Mc Tino umwe mu basore […]Irambuye

Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge ya Togo yaje kwigira ku yo mu

Mme Hazia Awa Nana-Daboya umuyobozi wa ‘High Commission for Reconciliation and Strengthening National Unity’ muri Togo we n’intumwa ayoboye kuri uyu wa mbere basuye Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge, bavuga ko baje kwigira ku Rwanda uko rwabashije kubanisha abanyarwanda nyuma ya Jenoside ubu abatuye igihugu bakaba babanye neza. Mme Awa Nana yavuze ko baje mu Rwanda […]Irambuye

Libya: Guverinoma eshatu, Banki z’igihugu ebyiri, n’amafaranga abiri

Inyuma ya Khadaffi akagaka niko kagwiririye Libya ubu hashize imyaka itanu. Usibye ibibazo by’umutekano hari n’ibibazo bikomeye by’inzego.  Kugeza ubu haracyari Guverinoma eshatu mu gihugu kimwe, imwe iri i Tripoli yashyizweho n’Inama rusange y’igihugu, indi iherereye mu mujyi wa Al Bayda yashyizweho yashyizweho n’abahagarariye agace k’iburasirazuba bwa Libya kitwa Tobruk, na guverinoma ishyigikiwe na UN […]Irambuye

V/Perezida wa Kenya yariye ubugari muri restaurant iciriritse cyane

Visi Perezida wa Kenya William Ruto kuri iki cyumweru yatunguye abantu ubwo yahagararaga ku muhanda ari kumwe n’abandi bayobozi bageze ahitwa Maili Tisa bajinjira muka’restaurant’ gaciriritse cyane baka ubugari n’inkoko. Visi Perezida yinjiranyemo na Guverineri w’intara ya Uasin Gishu  n’abadepite batatu barimo umugore umwe, maze bituma abantu benshi baza kureba ako gashya muri aka ka’restaurant’ […]Irambuye

en_USEnglish