Month: <span>October 2015</span>

Kigali-Buja Live Concert igitaramo cy’Abarundi n’Abanyarwanda

Bwa mbere mu Rwanda hazabera igitaramo mbona nkubone (live concert) kiswe Kigali-Buja Concert gihuriwemo n’Abarundi n’Abanyarwanda, iki gitaramo muri uyu mwaka kigamije guha ikaze abahanzi b’Abarundi bahungiye mu Rwanda mu rwego rwo kubereka ko bakunzwe. Iki gitaramo kizabera i Kigali tariki ya 10/10/2015 kuri Hotel Umubano kwinjira ni amafaranga y’u Rwanda 10 000. Abahanzi bakunzwe […]Irambuye

Rubavu: Gitifu wasambaniye mu biro by’Akagari yahagaritswe amezi atandatu

Mu nama y’Abajyanama b’Akarere ka Rubavu yateranye kuwa 18 Nzeri 2015, hanenzwe Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa kamwe mu tugari tugize Umurenge wa Nyundo wo muri ako Karere, ko yakojeje isoni abakozi b’Akarere muri rusange asambanyiriza umugore mu biro by’Akagali abaturage bakamutahura, ubu uwo muyobozi yaharitswe ku mirimo ye mu gihe cy’amezi atandatu. Umwanzuro wo kumuhagarika amezi […]Irambuye

Miss Keza Joannah arasaba abanyarwanda kumushyigikira akabahagararira muri Miss Heritage

Bagwire Keza Joannah ni umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2015. Iryo rushanwa riza kurangira yegukanye umwanya wa Nyampinga w’Umuco ‘Miss Heritage’. Kuri ubu arasaba abanyarwanda kuba bamushyigikira mu irushanwa ryo ku rwego rw’isi rya banyampinga b’Umuco. Uburyo bwo kumuha amahirwe akaba ari ugukoresha internet kuri telephone zigendanwa cyangwa se na computer. […]Irambuye

Kamonyi: Mu mihigo yaje mu turere 3 tw’inyuma, irashaka gusubira

Nyuma y’aho akarere ka kamonyi kaziye ku mwanya wa 28 mu kwesa imihigo ya 2014/15, ku wa kane kakoze imenyekanisha bikorwa n’abafatanyabikorwa bako mu rwego rwo kwerekana bimwe mu byahigiwe kugerwaho aho bigeze, Kamonyi yabaga iya kabiri cyangwa iya gatatu mu mihigo irashaka kwisubiza imyanya yayo ubutaha. Abafatanyabikorwa b’aka karere barimo ADRA-Rwanda, CARSA Medicus/ CEFAPEK […]Irambuye

Burkina Fasso: Ubwiyunge ngo buzabanzirizwa no gukurikirana abakekwaho ibyaha

Umukuru wa Kiliziya Gatolika ya Ouagadougou, Mgr Paul Ouédraogo, akaba ari nawe ukuriye Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge yashyizweho ngo ihuze abaturage nyuma y’imvururu zo guhirika uwahoze ari President wa Repubulika , Blaise Compaore, yasabye ko ubutabera bwakora akazi kabwo bugakurikirana abagize uruhare muri ariya makimbirane ndetse no mu yayabanjirije. Uyu muyobozi w’idini kandi yasabye ko Umutwe […]Irambuye

Uko Kamonyi yaje kugabanya ubukene ku gipimo cya 25%

Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR) bwerekanye ko Akarere ka Kamonyi kagabanyije ubukene ho 25% kavuye kuri 49% muri 2011,  ubuyobozi bw’Akarere bukavuga ko hakozwe byinshi kugira ngo bigerwe. Ubushakashatsi bwa kane ku mibereho y’Abanyarwanda bwa NISR bwashyize Akarere ka Kamonyi ku mwanya wa gatanu ku rwego rw’igihugu, mu cyiciro cyo kugabanya ubukene. Umuyobozi […]Irambuye

Rubavu: 80% by’abaturage bagira ibanga ruswa baha abayobozi

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane ‘Transparency International-Rwanda’ uratangaza ko mu batuye Akarere ka Rubavu baha ruswa abayobozi babo, abagera kuri 80% batinya kubivuga kubera gutinya ingaruka bya bagiraho, mu gihe ngo abatinyuka bakavuga ko bayatswe cyangwa bayitanze ari 18% gusa. Akarere ka Rubavu ni kamwe, mu turere tuvugwamo ruswa cyane, dore ko mu minsi yashize uwari […]Irambuye

Intiti zo muri EAC ziyemeje kwigisha imibare incuke mu buryo

Mu nama yabereye muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami ry’uburezi yahuje abarimu baturutse mu bihugu bigize Umuryango w’Africa yunze y’Uburasirazuba(EAC), kuri uyu wa Kane, baganiriye ku ngamba bagiye gukoresha kugira ngo barusheho kwigisha abana b’incuke imibare hifashishijwe ibintu basanzwe babona mu bidukikije. Alphonse Uworwabayeho wigisha imibare muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami ry’uburezi yabwiye Umuseke.rw ko ubusanzwe […]Irambuye

Ihanganire aho Imana yagushyize kuko niho ibisubizo bizagusanga

Bageze mu nzu basangamo umwana hamwe na nyina Mariya, barapfukama baramuramya. Maze bahambura imitwaro yabo, bamutura amaturo y’izahabu n’icyome n’ishangi” [Matayo 2:11] Twese tuzi ko Yesu yavukiye mu kiraro cy’inka kuko yabuze ahandi, ariko igitangaje ni uko abanyabwenge bahamusanze bazanye amaturo y’Abami. Hari Abami bibera mu biraro (mu bigeragezo) ariko kuba uri mu bibazo ntibikuraho […]Irambuye

“Ninjiye mfite ubwoba, nsohoka mfite ikobe”- Patrick Nyamitali

Patrick Nyamitali ari mu bahanzi baherutse kwitabita itorero ry’igihugu. Kuri we avuga ko uburyo yagiye yiteguye guhurika atariko yabisanze ahubwo n’ubu uwamubwira gusubirayo yagenda mu ba mbere. Ubusanzwe ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda benshi bemeza ko ari umuhanga, ari no mu bahanzi nyarwanda bitabiriye irushanwa rya Tusker Project Fame session 6 ubwo ryabaga. Mu magambo […]Irambuye

en_USEnglish