Month: <span>September 2015</span>

UN yizeye ko u Rwanda ruzitwara neza muri SDGs nk’uko

Ku wa mbere tariki 29 Nzeri 2015, muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye mu Ntara y’Amajyepfo habaye inama yaguye igamije kumurika ibikubiye mu ntego z’iterambere rirambye SDGs (Sustainble Development Goals), u Rwanda rukaba rwashimiwe kwtwara neza muri gahunda y’Intego z’Ikinyagihumbi, MDGs kandi ngo UN yizeye ko ruzitwara neza muri SDGs. U Rwanda ni kimwe mu […]Irambuye

Kenya: Ibyo inshuti ye yo kuri FACEBOOK yamukoreye byatumye yiyahura

Umukobwa wiga mu mashuri makuru muri Kenya yiyahuye asiga yanditse ibaruwa igaragaza ko azize umugabo witwa Marco Ritz bahuriye kuri Facebook kugeza babonanye bakaryamana akamukomeretsa bikomeye kandi nkana mu gitsina ubundi akanga kumufasha kumuvuza ndetse akamubura. Mercy Bundi w’imyaka 19 gusa, ukomoka muri Tanzania ariko wigaga muri Kenya yamenyaniye kuri Facebook n’umugabo w’umuzungu ngo uba […]Irambuye

Senderi azagabura umuceri ubwo azaba ashyira hanze album ya gatatu

Senderi International Hit ufite n’andi mazina menshi yagiye yiyitirira, ubwo azaba ashyira hanze album ye ya gatatu azagaburira abantu bose bazaza kumushyigikira muri icyo gikorwa. Ni nyuma y’aho mu gitaramo cyo gushyira hanze album ye ya mbere yagaburiye abantu bose baje imineke. Ashyira hanze album ye ya kabiri yagaburiye abaje ibirayi dore ko icyo gitaramo […]Irambuye

Miliyoni 29 zigiye guhembwa amakipe yitwaye neza muri “All African

Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yitwaye neza mu mikino nyafurika “All African Games” yabereye Congo-Brazzaville igiye gushimirwa nyuma yo kwegukana imidali ibiri, irimo umwe wa zahabu wegukannye na Kapiteni Hadi Janvier. Ikipe igizwe n’abakinnyi na Hadi Janvier, Ndayisenga Valens, Nsengimana Bosco na Aleluya Joseph, yegukanye umudari wa Bronze izahabwa agahimbaza musyi ka Miliyoni imwe y’amafaranga y’u […]Irambuye

Bane ba Team Rwanda baje mu 10 ba mbere muri

Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare (Team Rwanda) iri muri Côte d’Ivoire mu isiganwa rya Tour de Côte d’Ivoire 2015, kuri uyu wa mbere iri siganwa ryari kuri etape ya kabiri muri 6 ziyigize. Abasiganwa bahagurutse i Bouake bajya i Sakassou ku rugendo rungana na 112 km ku zuba rikaze ryo mu mihanda ya Cote d’ivoire. Abasore […]Irambuye

Mu magambo yeruye bagaragaje ko batumvikana ku kibazo cya Syria

Kuri uyu wa mbere, mu cyumba giteraniramo inama rusange y’Umuryango w’Abibumbye abayobozi b’ibihugu bya USA, France, Iran na Russia, mu magambo bavuze, bagaragaje bashize amanga kutabona inzira imwe yo gushaka umuti w’ikibazo cy’intambara yo muri Syria. Perezida Obama na Francois Hollande bashimangiye ko Bashar al-Assad akwiye kuva ku butegetsi mu nzira yo gushaka amahoro, Perezida […]Irambuye

Abanyarwanda bari bazi Imana uwo batari bazi ni Yezu na

*Arasobanura Kubandwa nk’isengesho ry’umuryango ryabaga buri mwaka, ngo byari bifitanye isano no kwemera k’ubu. *Umugore nbo ni nk’ingoma,  aho atimye ntahaba. Arabisobanura *Gusigasira ibya kera ni byiza ku bato kuko batabimenye byazageraho kubibabwira bikaba nko guca umugani. Yakobo Nsabimana w’imyaka 77 wo mu murenge wa Bushoki mu kagari ka Gasiza mu mudugudu wa Gitwa, ku munsi mpuzamahanga […]Irambuye

Document y’ibanga ya FBI yameza ko ku isi hari ibindi

Inyandiko z’ibanga rikomeye z’ikigo cy’iby’ubutasi muri Amerika, FBI, ku bijyanye n’ibintu biguruka bitazwi neza (Unidentified Flying Objets) zemeza ko hari ibindi biremwa bidasanzwe biba cyangwa bigenda ku isi mu buryo butarasobanuka. Impaka ku kubaho cyangwa kutabaho kw’ibi biremwa ngo binafite uburyo bwabyo bwihariye bigendamo mu bigendajuru, zakomeje kuba ndende kuva mu myaka myinshi ishize. Urwandiko […]Irambuye

Urukiko Rukuru rwakoze amakosa kudatumira Minisitiri w’Ubutebera- Munyagishari

Mu bujurire yagejeje ku rukiko rw’Ikirenga bwagombaga kuburanishwa kuri uyu wa 28 Nzeri; Bernard Munyagishari ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yamenyesheje Urukiko ko mu rwego rw’amategeko Urukiko Rukuru rwakoze amakosa kuko rutatumije abarebwa n’ibyo yita akarengane yakorewe ko kwamburwa Abavoka. Bernard Munyagishari akurikiranyweho ibyaha birimo gufata abagore ku ngufu muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse no gushinga […]Irambuye

Kigali: Hateranye inama yiga ku guteza imbere umutungo mu by’ubwenge

Umuryango ushinzwe guteza imbere umutungo mu by’ubwenge(World Intellectual Property Orgnanisation,WIPO) kuri uyu wa 28 Nzeri 2015 uri i Kigali  mu rwego rwo gufasha abanyarwanda gukora ubushakashatsi bugamije guhanga udushya, gukora ubuvumbuzi butandukanye ndetse no guteza imbere ibyavumbuwe byabo bwite. Emmanuel Hategeka Umunyamabanga uhorahoraho muri Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda(MINICOM) yavuze ko  bakoranye amasezerano n’uyu muryango muri Werurwe […]Irambuye

en_USEnglish