Month: <span>April 2015</span>

Ijambo SELFIE wari uzi aho rikomoka?

Mu 2013 ijambo ‘selfie’ ryatowe nk’ijambo ry’umwaka mu nkoranyamagambo ya Oxford. Ryari rimaze gutangira gukoreshwa cyane ku isi hose, gusa bacye nibo batekerezaga kumenya aho iri jambo rikomoka. Ryakoreshejwe bwa mbere n’umusore  Nathan Hope wo muri Australia wifotoye umunwa yakomeretse anywa agacupa mu isabukuru y’inshuti, ayishyira ku rubuga yahuriragaho n’abandi. Ntabwo ari ubwa mbere imvugo […]Irambuye

Nigeria: Igisirikare kiremeza ko cyambuye Boko Haram abakobwa 300

Umuvugizi w’igisirikare cya Nigeria yabibwiye Al Jazeera ko igisirikare avugira cyabashije kwambura abarwanyi bba Boko Haram abagore 300 bari barafasheho ingwate mu gace kitwa Sambisa mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bwa Nigeria. Ushinzwe urwego rw’ubutasi muri kiriya gisirikare, Major General Chris Olukolade yemeza ko hakiri kare kwemeza niba mu babohojwe harimo ba bakobwa 200 bigeze gishimutwa muri […]Irambuye

Nishimwe watwaye umudari wa Zahabu yakiriwe neza i Kigali

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Mata nibwo Beatha Nishimwe, wegukanye umudari wa Zahabu akanaca agahigo mu kwiruka 1 500m mu mikino nyafrika y’ingimbi mu birwa bya Maurices, yakiranywe na bagenzi be ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe. Yavuze ko uko yakiriwe byiyongereye ku byishimo afite. Beatha Nishimwe yari kumwe na  Honorine Iribigiza […]Irambuye

Kigali: Hateranye inama ku gutubura ibijumba bikungahaye kuri Vitamine A

28 Mata 2015 – Inama ihuriwemo n’abashakashatsi mu buhinzi yize ku buryo bwo gutubura imigozi (imbuto) y’ibijumba bikungahaye kuri Vitamine A. Ni nyuma y’uko bigaragajwe ko ibi bijumba byagira uruhare runini mu kurwanya imirire mibi mu Rwanda. Prof Dr Jean-Jacques Muhinda uyobora ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi, RAB, avuga ko hamaze gukorwa ubushakashatsi bwo gutubura imbuto y’ibi […]Irambuye

Mali: Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga yarijijwe na Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwo Abanyarwanda baba mu gihugu cya Mali bibukaga Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 21, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri iki gihugu wari watumiwe muri uyu muhango, yarijijwe n’amahano yumvise muri Jenoside yakorewe Abatusi, asaba abaturage b’igihugu cye kunga ubumwe nk’uko mu Rwanda byakozwe nyuma ya 1994. Dr Abdramane Sylla yasutse amarira yibutse inshuti ye biganye […]Irambuye

RDB yahuye n’aba ‘Web developers’ baganira ku byaha byo kuri

28 Mata 2015, Kigali –  Mu rwego rwo gukomeza gushishikariza abanyarwanda kurinda ibyabo bigendanye n’ikoranabuhanga, ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB cyagiranye ibiganiro n’abantu bashinzwe gukora imbuga za interineti basaga 100 kugira ngo barusheho kumenya ko umutekano w’iby’abantu babitse mu buryo bw’ikoranabuhanga wacungwa neza hirindwa abajura n’abagizi ba nabi bakoreshe ikoranabuhanga. Muri rusange mu Rwanda ibyaha bijyanye […]Irambuye

Urukiko rushobora kwemeza UBUTINGANYI muri Leta zose za USA

Urukiko rw’Ikirenga muri Leta zunze Ubumwe za America kuri uyu wa kabiri rurasuzuma niba Ubutinganyi bwakwemerwa n’amategeko mu gihugu hose. Nyuma y’aho iki kibazo cyari cyasuzumwe mu 2013, Urukiko rw’Ikirenga muri America rurongera gusuzuma ingingo idasanzwe mu gihe cy’amasaha abiri n’igice. Abaturage bahangayikishijwe n’iki kibazo gikomeye kandi giteje impaka mu muryango w’Abanyamerika, amagana y’abashyigikiye buri […]Irambuye

Micheal Ross yanenze itangazamakuru ryavuze ko afite ubukwe

Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Uganda uzwi nka Michael Ross Kakooza wamenyekanye cyane mu ndirimbo yitwa ‘Senorita’ ahagana mu mwaka wa 2002 , yatangaje ko atigeze yishimira amakuru yagiye atambuka mu bitangazamakuru bitandukanye avuga ko agiye gushaka umugore kandi nta n’umwe yigeze abitangariza. Michael Ross wavukiye muri Uganda ahagana muri 1982, avuka mu muryango w’abana […]Irambuye

Ban Ki Moon yohereje intumwa i Burundi yo guhuza abashyamiranye

Umunyamabanga wa UN , Ban Ki Moon yohereje Said Djinnit ngo amubere intumwa yihariye yo guhuza President Nkurunziza n’abadashaka ko yiyamamariza Manda ya gatatu mu matora azaba muri Kamena uyu mwaka. Said Djinnit arajya mu Burundi kureba uko yahuza uruhande rwa President Nkurunziza n’abagize amashyaka atavuga rumwe nawe badashaka ko yakwiyamamariza kungera kuyobora Uburundi ngo […]Irambuye

Umugore wanjye ngo ajya mu bapfumu

Muraho neza Ntabwo kenshi nkunda gutanga ibitekerezo k’Umuseke kubera akazi nkora ariko nsoma kenshi ibibazo bimwe na bimwe abantu bandika bagisha inama. Nkabona hari abantu babafasha bakabagira inama nzima umuntu yakurikiza. Ni muri urwo rwego nanjye nanditse ngira ngo ngishe inama ku kibazo maze imyaka ine numva mu rugo iwanjye ariko nkaba narabuze uburyo bwo […]Irambuye

en_USEnglish