Abayizera Grace umwe mu baraperikazi bo mu Rwanda uzwi nka Young Grace muri muzika nyarwanda, nyuma y’igihe bivugwa ko yaba yaratorotse igihugu kubera gutanga sheki (cheque) itazigamiye ubu noneho Polise y’igihugu yemeje ko ibivugwa aribyo. Mu minsi ishize byatangajwe ko uyu muhanzikazi akurikiranyweho gutanga cheque itazigamiye iriho miliyoni ebyiri (2.000.000 frw). Kuri ubu Polisi y’u […]Irambuye
Mu itangazo ibiro bihagarariye Ubwongereza mu Rwanda no mu Burundi bifite ikicaro i Kigali byanyujije kuri Twitter, biratangaza ko umuntu wese uzagaragaraho uruhare mu kubuza abaturage bo mu Burundi kwerekana aho bahagaze ku kongera kwiyamamaza kwa President Nkurunziza abinyujije mu myigarambyo, azabibazwa imbere y’amategeko. Ibi bivuzwe n’ibi biro nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu Inteko […]Irambuye
27 Mata 2015 – Kuri station ya polisi ya Remera kuri uyu wa 27 Mata polisi yerekanye abasore batanu bemera ko bibye imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Rav4 bakayigurisha ibihumbi 500 nyamara nyirayo (wayibwe) yatangaje ko yayiguze miliyoni 5 n’ibihumbi 300. Iyi ni imodoka ya kane yibwe mu kwezi kumwe gusa nk’uko byatangajwe na […]Irambuye
U Rwanda rwumvikanye na kompanyi y’iby’ubwubatsi yitwa Summa yo muri Turkiya ku masezerano yo kuzuza inyubako ya Kigali Convention Center nk’uko bitangazwa na TheEastAfrican. Iyi kompanyi ivanyemo iy’Abashinwa yayubakaga. Iyi nzu ikaba yarakerereweho igihe kigera ku myaka hafi ine. U Rwanda rwahagaritse amasezerano yo mu 2009rwari rufitanye na Beijing Construction Engineering Group (BCEG) yo kubaka […]Irambuye
[youtube url=”https://www.youtube.com/watch?v=IlmvLIEfgCM&feature=youtu.be” width=”560″ height=”315″] Irambuye
Ubwo uruganda rw’icyayi rwa Mata n’abagize koperative COOTHENYA bagiraga ibiganiro kuri uyu wa 26 Mata 2015 mu rwego rwo kungurana ibitekerezo hagamijwe kongera umusaruro w’icyayi, abaturage bibumbiye muri iyi koperative bagaragaje ko icyayi kimaze kubageza ku bintu byinshi birimo ubworozi bw’amatungo magufi, kubona ubwisungane mu kwivuza mu buryo butagoranye, kurihira abana amashuri n’ibindi. Aba baturage […]Irambuye
Icyumweru kirashize Uwingabire Esther na Alpha Rwirangira bibarutse imfura yabo. Gusa n’ubwo Alpha atigeze amenyeshwa ko yamaze kwibaruka akaza kubimenyeshwa nuko yabisomye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, byamaze kumenyekana ko babyaye umwana w’umukobwa. Mu mpera z’umwaka wa 2014 ndetse no mu ntangiriro za 2015, nibwo hatangiye kuvugwa amakuru yo gutandukana kwa Esther na Alpha nyuma […]Irambuye
Inzego z’ubuzima muru RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ziremeza ko hari indwara ifite ibimenyetso nk’ibya Malaria imaze gufata abantu 576 cyane cyane mu gace ka Lubero. Kugeza ubu nta mubare w’abo imaze guhitana uramenyekana ariko inzego z’ubuzima ziravuga ko ziri gukora ibishoboka byose ngo zimenye ubwoko bw’iyi ndwara. Abagize imiryango itegamiye kuru Leta barasaba […]Irambuye
Imana yaremye ibintu byinshi bitangaje. Abahanga mu binyabuzima bemeza ko amako y’ibinyabuzima biba mu mazi(inyanja, ibiyaga, imigezi n’inzuzi) ari menshi cyane kurusha amoko y’ibinyabuzima biba ku butaka. Abantu benshi bishimira kureba indabo zibereye amaso ariko amakoyazo ni menshi cyane ku k’uburyo hari izo ureba ugakeka ko ari ikindi kintu kitari indabo. Nawe niba ukunda kwitegereza […]Irambuye
Mu minsi ishize byavuzwe ko umuraperi Green P yaba yishyuzwa miliyoni umunani (8.000.000 frw) n’inzu bari bafitanye amasezerano y’ubufatanye yitwa Touch records we akaba yemeramo miliyoni imwe gusa (1.000.000 frw). Ngo ibyo byose rero byashoboka ko Jay Polly ariwe ubiri inyuma mu buryo bwo kumunaniza. Nyuma yo gucikamo ibice kw’itsinda rya Tuff Gungz, aho buri […]Irambuye