Month: <span>April 2015</span>

Baribwirumuhungu ‘wishe’ abana 5 na nyina, uyu munsi yabihakanye

Ruhango – Kuri uyu wa 18/08/2014 ubwo yari yatawe muri yombi, Steven Baribwirumuhungu yemeye anasobanura uburyo yishe abana batanu na nyina mu murenge wa Byimana. Kuwa 26/08/2014 imbere y’Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga mu iburanisha ry’ibanze nabwo yarabyemeye, kuri uyu wa 21/02/2015 mu iburanisha mu mizi ryabereye mu Byimana hafi y’ahakorewe icyaha, Baribwirumuhungu yahakanye icyaha, avuga […]Irambuye

Kanimba yasabye Abadepite kwirinda kumvikanisha ko ibya SACCO ‘byacitse’

Bitandukanye n’abandi ba nyakubahwa baherutse imbere ya Komisiyo ya Politiki, ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore mu iterambere ry’igihugu, kuri uyu wa kabiri Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Francois Kanimba yagaragaje gutanga ibisobanuro byumvikana ku bibazo byagaragajwe na raporo y’Umuvunyi mu ngengo y’imari ya 2013-2014. Ikibazo cya SACCO nicyo batinzeho, Kanimba asaba abadepite kutagaragaza ikibazo ko gikomeye cyane atari ko […]Irambuye

Polisi y’u Rwanda yatashye ibiro bishya i Remera

Kuri uyu wa 21 Mata 2015 Polisi y’u Rwanda yatashye inyubako nshya izakoreramo Polisi y’umujyi wa Kigali, iyi gorofa igezweho iherereye mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, ngo ije gufasha polisi kurushaho kwegera abaturage no kubaha serivisi inoze. Minisitiri w’Umutekano Mussa Fazil Harerima watashye iyi nyubako nk’umushyitsi mukuru yavuze ko iyi nyubako izafasha abazayikoreramo […]Irambuye

Uko FERWAFA ikoresha umutungo ubu ngo bigiye kujya bigenzurwa

Ku bibuga bitandukanye igihe amakipe aba agiye gukina, ngo hakunze kugaragara amanyanga mu gutanga amatike yo kwinjirira bigatuma Leta n’amakipe ubwayo ahomba. Ibi ngo bizakemurwa no gukoresha ikoranabuhanga nk’uko Minisitiri w’Umuco na Siporo(MINISPOC) yabisobanuriye bamwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa mbere ubwo bifuzaga kumenya uko amafaranga ava ku bibuga acungwa n’uko FERWAFA […]Irambuye

MYICT na SNV basinye amasezerano azaha akazi abagera ku 4

21 Mata 2015 – Kuri uyu wa kabiri Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga (MYICT) yasinye amasezerano y’ubufatanye n’umuryango w’Abaholandi wita ku iterambere(SNV) mu kongerera urubyiruko ubushobozi mu kwihangira imirimo hashingiwe ku buhinzi n’ubworozi n’ibidukikije n’ingufu zivugurye bizaha akazi urubyiruko rubarirwa mu 4 000 mu gihe cy’imyaka ibiri n’itatu. Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert  Nsengimana yavuze ko aya […]Irambuye

Abaturiye ikibuga cy’indege cya Gisenyi ubu barasabwa gusora kandi bari

21 Mata 2015 – Aba baturage bavugako nyuma y’uko byemejwe ko iki kibuga cy’indege bazakimukira ngo cyagurwe, babujijwe kugira icyo bakoresha imitungo yabo icyegereye harimo no kuyisorera, ubu ngo ntibumva noneho uko ubuyobozi bwabibabujije buri kubasaba kwishyura iyi misoro y’imyaka ishize umunani ishize hiyongereyeho n’amande. Bavuga ko kuva muri 2006 ntawari wemerewe gusana inzu ye […]Irambuye

Ufotora yanenzwe gufata aya mafoto aho gutabara. We arisobanura…

James Oatway wafahshe amafoto ababaje cyane umugabo witwa Emmanuel Sithole wo muri Mozambique aterwa ibyuma muri week end ishize, akaza no gupfa azize ibikomere, uyu wafashe aya mafoto yarakariwe na bamwe ko aho gutabara yafotoye, we yasobanuye ko ntako atagize ndetse yanajyanye Sithole kwa muganga.  Emmanuel Sithole yagiriwe nabi n’abagabo babiri bamujombaguye ibyuma mu mbavu […]Irambuye

Uko Buyoya abona ikibazo cya Manda ya Gatatu mu Burundi

Mu kiganiro Pierre Buyoya yahaye ikinyamakuru Burundi Iwacu yavuze ko byaba byiza habayeho ibiganiro ku mpande zombi kandi Perezida Pierre Nkurunziza ntiyiyamamaze kuko byakurura indi ntambara mu Burundi. Pierre Buyoya nk’umuntu wasinye bwa mbere amasezerano y’Arusha mu izina rya Guverinoma y’Uburundi asanga hatabayeho ibiganiro mu mahoro kandi bikumvisha President Pierre Nkurunziza ko yareka kwiyamamariza Manda ya […]Irambuye

Kagame na Kenyatta batumiwe mu nama yiga ku bibazo by’isi

Milken Institute Global Conference 2015 izateranira i Los Angels, California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hagati ya tariki 26 – 29 Mata 2015, Perezida Kagame na Perezida Kenyatta  ni abayobozi Bo muri Africa batumiwe muri iyi nama mpuzamahanga yiga ku bibazo isi ifite n’ibisubizo bishoboka. Abantu bagera ku 3 500 barimo abanyepolitiki n’abayobozi ba […]Irambuye

USA yohereje amato y’intambara muri Yemen guha gasopo Iran

Ubwato bw’intambara bwiswe Theodore Roosevelt buherekejwe n’ubundi bwikoreye ibisasu bya Misile bwamaze kugera mu mazi ya Yemen busanze yo ubundi icumi. Abakurikiranira ibintu hafi bavuga ko ibi USA iri kubikora mu rwego rwo guha gasopo Iran ivugwaho guha ubufasha bw’intwaro n’amakuru y’ubutasi abarwanyi b’aba Houthi barwanya ubutegetsi bwa Yemen. Ubutegetsi bwa Obama bwemeza ko ariya […]Irambuye

en_USEnglish