Month: <span>April 2015</span>

Umukinnyi ukina muri USA yongeye mu Amavubi U23

Yves Rubasha ukinira ikipe ya Portland Timbers y’abatarengeje imyaka 18 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yongewe mu rutonde rw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’abatarengeje iyo myaka bari kwitegura umukino na Somalia uzaba kuwa gatandatu. Uyu mukinnyi akina nka myugariro ku ruhande cyangwa imbere ku ruhande, asanze abandi bakinnyi bakina inyuma bakomeye bahamagawe muri iyi kipe nka Bayisenge Emery, […]Irambuye

Katanga: Abantu 15 000 bamaze guhunga imitwe yitwaje intwaro

Aba bantu 15 000 bo mu gace kitwa Nyunzu mu bilometero 190 uvuye ahitwa Kalemie, mu Ntara ya Katang abahunze inyeshyamba. Abasirikire ba MONUSCO bari basuye aka gace mu mpera z’iki cyumweru nibo basanze izi mpunzi z’imbere mu gihugu zarahunze inyeshyamba nk’uko bitangazwa na Radio Okapi. Bigaragaye nyuma y’uko mu byumweru bibiri bishize muri aka gace hari […]Irambuye

Ngoma na Bugesera baracyategereje umuhanda bemerewe na Perezida

Abaturage batuye mu turere twa Ngoma na Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba barifuza umuhanda uhuza utwo turere twombi urimo kaburimbo, uyu muhanda ngo bawemerewe na Prezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ariko ngo baracyategereje ko wubakwa. Perezida Kagame ngo yari yijeje abatuye Bugesera na Ngoma umuhanda uzabahuza ubwabo ndetse n’Akarere ka Huye ko mu Ntara y’Amajyepfo. […]Irambuye

Ko bemera ibihombo n’amakosa, hazakurikira iki?

Kuri uyu wa mbere nabonye Minisitiri w’umuco yemereye Abadepite iby’igihombo cya za miliyoni Magana 900 (nubwo we ngo yemera 600) Leta yahombeye muri stade Huye. Mu cyumweru gishize James Musoni nawe yemeye ko Leta yahombye miliyari ebyiri mu mishinga bashoyemo babaze nabi. Mbere y’icyunamo abadepite bahase ibibazo Dr Binagwaho mu buzima aho miliyari imwe na […]Irambuye

Karongi: Afungiye gushaka guca igitsina cy’umwana we akoresheje i‘pince’

20 Mata 2015 – Mu kagali ka Rufunzo Umurenge wa Rugabano i Karongi umugabo witwa David Rwanyonga afunzwe na Polisi ashinjwa gushaka gukata igitsina cy’umwana we w’umuhungu akoresheje ‘pince’ (igikoresho cy’abakanika). We avuga ko icyo yakoraga ari ukumuhana kandi ko yakoresheje inkoni ndetse atari agambiriye kumuca igitsina. Uyu mugabo avuga ko icyabimuteye ari uko umuhungu […]Irambuye

u Rwanda mu hantu 20 hatoshye ho gusura ku Isi

World Travel Guide  ishyira u Rwanda ku mwanya wa gatatu ku isi ku hantu abakerarugendo bakwishimira gusura bakahasanga igihugu gifite isuku kandi gitoshye. Costa Rica na Equateur nibyo biza imbere. 1.Costa Rica: (ijambo rivuga ‘ubuzima budafite inenge’ ) nicyo gihugu cya mbere ku isi gikoresha ingufu zikomoka ku bidukikije nk’umuyaga, izuba, imvumba z’inyanja n’ibindi ku […]Irambuye

Koresha indyo yuzuye nk’urukingo ruhendutse rw’indwara nyinshi

Iyi nkuru ni ibyasomwe na Mahirwe Patrick, umukunzi w’Umuseke. Ni umunyeshuri mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu bijyanye n’Ubugenge, Ubutabire n’iby’Ubuzima (PCB) muri Lycée de Kigali. Ndababwira ukuri ko washingira ku myizere, imigenzo n’ibindi, ibyokurya bifete imbaraga zikiza karemano byahawe n’Imana. Ibi mbabwira ni ubuhamya bwanjye n’ubw’abakize indwara bavuwe no kurya neza. Ni impamo […]Irambuye

Polisi y’u Rwanda yashyikirije iya Uganda imodoka yari yaribwe yo

Kuri uyu wa mbere tariko 20 Mata Polisi y’u Rwanda yashyikirije  iya Uganda imodoka ya Toyota Hilux iherutse gufatirwa ku butaka bw’u Rwanda tariki 28 Mutarama. Uhagarariye Police ya Uganda mu Rwanda akaba yashimye ko ubufatanye na Police y’u Rwanda n’iya Uganda ari ubwo kwishimira. ACP Celestin Twahirwa umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yatangaje ko […]Irambuye

Min. Uwacu yemeye ko inyigo ya Stade Huye yakozwe nabi

Minisiteri y’Umuco na Siporo(MINISPOC) yageze imbere ya Komisiyo y’Abadepite  kuri uyu wa 20 Mata 2015, kugira ngo isobanure ibibazo yavuzweho muri raporo y’Umuvunyi 2013-2014 ku iyubakwa rya sitade ya Huye ndetse n’ibibazo bigaragara muri FERWAFA. MINISPOC yemeye ko inyigo ya stade yakozwe nabi ariko ntiyemeye amafaranga miliyoni 915 Leta yayahombye mu iyubakwa ry’iriya sitade, Minisitiri […]Irambuye

Kamonyi: Inzu bamwe mu barokotse batuyemo ziteye inkeke

Bamwe mu batuye mu mudugudu wa Kanyinya watujwemo imfubyi; bapfakazi n’incike basizwe iheruheru na jenoside yakorewe Abatutsi batewe impungenge n’inzu zabo zangiritse ndetse bamwe muri bo ubwoba ni bwinshi aho batekereza ko isaha n’isaha zishobora kubagwaho. Mu mudugudu wa Kanyinya uherereye mu kagari ka Remera, mu mugenge wa Rukoma ahubakiwe imiryango 12 y’abarokotse jenoside yakorewe […]Irambuye

en_USEnglish